skol

Imikino

Rayon Sports yananiwe kwikura imbere ya Police FC [AMAFOTO]

Ikipe ya Rayon Sports yatsinzwe na Police FC mu mukino w’ikirarane cyo ku munsi wa kabiri wa (…)

Ibyihariye ku mukinnyi w’imyaka 31 wahamagawe bwa mbere mu Amavubi

Joy-Lange Mickels w’imyaka 31 ukinira ikipe ya Sabah FK yo mu cyiciro cya mbere muri Azerbaijan (…)

Usengimana Danny yabatijwe

Usengimana Danny wabaye Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yabatirijwe muri Canada aho (…)

Reebok yanze kwitandukanya n’Ikipe y’Igihugu ya Israel ikomeje kugerwa intorezo

Uruganda rw’ibikoresho bya siporo rwa Reebok rwatangaje ko rutiteguye gukura ikirango cyarwo ku (…)

Minisitiri Mukazayire yashimiye Niyonkuru wahesheje u Rwanda ishema

Umunyarwandakazi Niyonkuru Florence wa Sina Gérard A.C mu bagore, yegukanye Umudali wa Zahabu (…)

Imyaka ibaye 8 nta gutsindirwa mu rugo! Icyo imibare yerekana mbere y’uko APR FC icakirana na Pyramids FC

Ikipe ya APR FC igiye gucakirana na Pyramids FC mu ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions League (…)

Babiri ba APR FC bahamagawe muri Uganda Cranes

Ronald Ssekiganda na Denis Omedi bakinira APR FC, bahamagawe mu Ikipe y’Igihugu ya Uganda (…)

U Rwanda na Maroc byagiranye amasezerano mu by’ingendo zo mu kirere

U Rwanda na Maroc byashyize umukono ku masezerano y’imikoranire mu bijyanye no guteza imbere (…)

Umuzamu yapfiriye mu kibuga nyuma yo gukomereka ku mutwe

Umuzamu w’umukino w’amaguru ukiri muto, Raul Ramírez Osorio, yitabye Imana afite imyaka 19 nyuma (…)

Minisitiri Mukazayire yagaragaje icyo u Rwanda ruzungukira mu mikoranire mishya n’amakipe abiri yo muri Amerika

Minisitiri wa Siporo Nelly Mukazayire, ni umwe mu bishimiye inkuru Visit Rwanda yabaye (…)

Ikipe y’Igihugu ya Afurika y’Epfo iri gushaka itike y’Igikombe cy’Isi yahanwe

Ikipe y’Igihugu ya Afurika y’Epfo yakuweho amanota atatu, inacibwa ihazabu y’ibihumbi 12$ nyuma (…)

Pyramids FC yiteguwe na APR FC yageze i Kigali

Ikipe ya Pyramids FC yo mu Misiri izacakirana na APR FC mu ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions (…)

Amavubi y’Abangavu batarengeje imyaka 20 yahawe ibihumbi 10$ nyuma yo gutsindwa na Nigeria

Ikipe y’u Rwanda y’Abangavu batarengeje imyaka 20 yahawe ibihumbi 10$ [arenga miliyoni 14,4 Frw] (…)

Abakinnyi bane ba APR FC iri kwitegura Pyramids bambaye ’masque’ zirinda amazuru

Abakinnyi bane ba APR FC ari bo Niyomugabo Claude, Byiringiro Jean Gilbert, Mugisha Gilbert na (…)

Iwe hasanzwe ibikoresho bya FERWAFA! Ibyavuye mu rubanza ruregwamo Camarade

Bimwe mu byavugiwe mu rubanza ruregwamo uwahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe (…)