skol

Imikino

Abakinnyi ba APR FC bari mu Amavubi bagiye kwifashishwa muri CECAFA Kagame Cup

Abakinnyi batanu ba APR FC bari mu Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, bagiye gusanga bagenzi babo muri (…)

Umujinya w’umuranduranzuzi watumye Abanyekongo bakorera ibidakorwa Sitade yabo

Abafana b’Ikipe y’Igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bari bagiye kureba umukino (…)

Abanyamahanga babanza mu kibuga muri Shampiyona y’u Rwanda bongerewe

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko guhera mu mwaka w’imikino wa (…)

Igisubizo cya Eng Hersi Ally Said wa Yanga SC ku makipe ahorana ubukene

Perezida wa Yanga SC yo muri Tanzania, Eng Hersi Ally Said, yagaragaje ko ubukene buhora mu (…)

Abanye-Congo bangije ’Stade des Martyrs’ nyuma yo gutsindwa na Sénégal

Abafana b’Ikipe y’Igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bakuye intebe za Stade des (…)

Adel Amrouche abona Ntwari Fiacre azasubirana umwanya ubanza mu kibuga muri Kaizer Chiefs

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Adel Amrouche, yagaragaje ko abona uyu mwaka w’imikino (…)

Ambasaderi Irene Vida Gala yifuza Visit Rwanda muri Brésil

Ambasaderi mushya wa Brésil mu Rwanda, Irene Vida Gala, yifuza ko Leta y’u Rwanda yagirana (…)

APR FC yageze muri ½ cya CECAFA Kagame Cup

APR FC yanganyije na KMC FC igitego 1-1 mu mukino usoza iyo mu Itsinda B rya CECAFA Kagame Cup (…)

Rayon Sports irateganya gukoresha Miliyari 2 Frw mu mwaka utaha w’imikino

Ikipe ya Rayon Sports irateganya gukoresha ingengo y’Imari ya Miliyari 2 z’Amanyarwanda mu mwaka (…)

Agahinda k’abakobwa bakina umupira w’amaguru bakabita abagabo

Nyirahabimana Jacqueline, umukobwa wo mu Karere ka Nyagatare usanzwe akina umupira w’amaguru mu (…)

Ntabwo turi insina ngufi- Bizimana Djihad ku mukino wa Nigeria

Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Bizimana Djihad, yavuze ko u Rwanda atari insina ngufi (…)

Umukino wa APR FC na Pyramids FC wahawe Abanya-Afurika y’Epfo i Nyamirambo, ku masaha atamenyerewe

APR FC izakirira Pyramids FC yo mu Misiri kuri Kigali Pelé Stadium mu mukino ubanza w’ijonjora (…)

APR FC yagurishe Richmond Lamptey muri Libya

Umunya-Ghana, Richmond Lamptey wakiniraga APR FC, yerekeje muri Al Ittihad Misurata SC yo mu (…)

Amavubi abwiwe ijambo ryiza mbere yo gukina na Nigeria

Perezida mushya w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice, (…)

Shema Fabrice yemereye abakinnyi b’Amavubi kubishyura miliyoni 75 Frw z’ibirarane

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice, yemereye (…)