skol
fortebet

Imikino

Mohamed Adil arasaba APR FC akayabo ka miliyoni 900 FRW

Umutoza Adil Mohamed yamaze gutanga ikirego muri FIFA, arasaba indishyi za miliyoni 900 (…)

Herve Renard yahishuye ibanga ryatumye Saudi Arabia atoza itsinda Argentina

Ku wa gatatu, tariki ya 23 Ugushyingo, Herve Renard, yakoze ikintu kidasanzwe, ayobora Arabiya (…)

Abakinnyi b’Ubuyapani bakoze agashya nyuma yo gutsinda Ubudage

Abakinnyi b’Ubuyapani batunguye benshi mu kibuga no hanze yacyo kuko nyuma yo gutsinda Ubudage (…)

Samuel Eto’o yakoranye imyitozo n’ikipe y’igihugu kandi ari umuyobozi [AMAFOTO]

Samuel Eto’o uyobora ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Cameroon,yakoranye imyitozo n’ikipe (…)

Espagne yinjiye mu gikombe cy’isi inyagira,Ububiligi butsinda Canada ku kaburembe

Ikipe y’igihugu ya Espagne yatangiye igikombe cy’isi inyagira Costa Rica ibitego 7-0 mu mukino (…)

APR FC yananiwe kwihorera kuri Kiyovu Sports yayibasiye mu mikino iheruka

Ikipe ya APR FC yanganyije na Kiyovu Sports ibitego 2-2 mu mukino w’Umunsi wa 10 wa Shampiyona (…)

Ubuyapani bwatsinze Ubudage bufite igikombe cy’isi inshuro 4

Ikipe y’Ubuyapani nayo yakoze agashya itsinda Ubudage ibitego 2-1 mu mukino wa mbere wo mu (…)

Umukobwa w’ikizungerezi yemereye impano idasanzwe umunyezamu wa Mexico natwara igikombe cy’isi

Umunyamideli ucuruza amafoto yambaye ubusa ku rubuga rwa Onlyfans yasezeranije umunyezamu wa (…)

Pep Guardiola yongereye amasezerano muri Man City ari kubakamo ibigwi

Umutoza Pep Guardiola aracyari kuri Etihad indi myaka 2 nyuma yo kongera amasezerano uyu munsi. (…)

Umukinnyi wa Saudi Arabia yahishuye amagambo asesereza yabwiye Lionel Messi

Myugariro wa Saudi Arabia,Ali Al-Bulayhi yahishuye amagambo yabwiye Lionel Messi nyuma y’aho (…)

Manchester United yashyizwe ku isoko na ba nyirayo

Ikipe ya Manchester United igiye kugurishwa nyuma yimyaka 17 ifitwe nabacuruzi babanyamerika bo (…)

Ubufaransa bwatangiye neza urugamba rwo kwisubiza igikombe cy’isi

Ikipe y’igihugu y’Ubufaransa yatangiye neza igikombe cy’isi cya ruhago kiri kubera muri Qatar (…)

Manchester United yamaze gutandukana na Cristiano Ronaldo

Ikipe ya Manchester United yatangaje ko yamaze gutandukana na kizigenza Cristiano Ronaldo nyuma (…)

Saudi Arabia yatunguye benshi itsinda Argentina yahabwaga amahirwe yo gutwara igikombe cy’isi

Ikipe y’igihugu ya Saudi Arabia yari yaragurijwe na benshi ko iratsindwa ibitego byinshi (…)

Deschamps yasabye ikintu gikomeye Mbappe nyuma yo kuvunika kwa Benzema

Umutoza Deschamps w’Ubufaransa yasabye rutahizamu we Kylian Mbappe gufata iya mbere agafasha (…)