skol
fortebet

Imikino

Edu Gaspar uri kuzamura bikomeye ikipe ya Arsenal yasuye u Rwanda [AMAFOTO]

Umuyobozi mushya wa Siporo muri ARSENAL, Edu Gaspar César ari mu Rwanda n’umuryango we, muri (…)

Cristiano Ronaldo yakorewe ikibumbano mu mujyi wa New York

Umunyabigwi mu mupira w’amaguru, Cristiano Ronaldo yashyiriweho ikibumbano mu mujy wa New York (…)

Kiyovu Sports yirukanye abakinnyi 2 barimo Umurusiya wavugishije benshi

Perezida wa Kiyovu Sports, Mvukiyehe Juvénal, yemeje ko iyi kipe yatandukanye n’abakinnyi babiri (…)

Ubuyobozi bwa Qatar bwahindukiye ku ijambo bitera umwuka mubi ku gikombe cy’isi

Umuryango w’ibwami wa Qatari wahatiye FIFA guhagarika burundu ibyo kugurisha inzoga kuri stade (…)

Ikipe ya Poland yaherekejwe n’indege za gisirikare igiye muri Qatar

Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ya Polonye yaherekejwe n’indege z’intambara zo mu bwoko bwa (…)

Cristiano Ronaldo yahishuye ikipe yifuza ko yatwara Premier League anavuga amagambo akomeye kuri Messi

Mu kiganiro gikomeje guca ibintu ku isi yagiranye n’umunyamakuru Piers Morgan,Cristiano Ronaldo (…)

Sadio Mané ntazakina igikombe cy’isi muri Quatar

Ikipe ya Senegal yemeje ko Sadio Mané atazakina igikombe cy’isi kizabera muri Quatar uyu mwaka (…)

Umutoza Carlos Alós yujuje umukino wa 6 ataratsinda mu Mavubi

Umukino wa mbere muri ibiri ya gicuti Amavubi agomba gukina na Sudani i Kigali, warangiye (…)

Hamenyekanye amakipe 10 afite abakinnyi bahenze cyane mu gikombe cy’isi

Kuri uyu wa 20 Ugushyingo 2022 nibwo hatangira igikombe cy’isi muri Qatar aho amakipe (…)

Erling Haaland yahishuye amakipe aha amahirwe yo kwegukana igikombe cy’isi

Rutahizamu Erling haaland yavuze ko Ubwongereza buri mu makipe aha amahirwe yo gutwara igikombe (…)

Cristiano Ronaldo yibasiye bikomeye abakinnyi bato ba Manchester United

Cristiano Ronaldo yamaganye imyifatire mibi n’ubunyamwuga buke by’abakinnyi bakiri bato ba (…)

Manchester United irashaka cyane rutahizamu Kylian Mbappé

Ikipe ya Manchester United irakataje ishaka umusimbura wa Cristiano Ronaldo aho yongereye (…)

Umusifuzi wari ukomeye mu Bufaransa yituye hasi ahita apfa

Johan Hamel wari umusifuzi ukomeye w’umupira w’amaguru mu gihugu cy’u Bufaransa yitabye Imana ku (…)

Cristiano Ronaldo yagaragaye asa n’ushwana na mugenzi we bakinana muri Portugal

Cristiano Ronaldo yagaragaye asa n’ushwana na Joao Cancelo bari mu myitozo y’ikipe y’igihugu (…)

Rutahizamu w’Ubufaransa wari witezwe mu gikombe cy’isi yavunikiye bikomeye mu myitozo

Ikipe y’Ubufaransa yatangaje ko rutahizamu wayo Christopher Nkunku yagize imvune mu ivi nyuma yo (…)