skol
fortebet

Imikino

Umusesenguzi Hassan Muhire yagaragaraje akaga amakipe azahura nako nyuma y’igikombe cy’isi

Iminsi irabarirwa ku ntoki ngo igikombe cy’isi 2022 kibere muri Qatar aho cyashyizwe mu mpera (…)

Adil Mohamed yahishuye impamvu yanze kugaruka muri APR FC

Umutoza ukomoka muri Maroc, Adil Mohamed Erradi, yatangaje ko atigeze agaruka muri APR FC kuko (…)

Ten Hag yasabye yasabye ko Cristiano Ronaldo yirukanwa muri Man United

Umutoza Erik Ten Hag biravugwa ko yabwiye Manchester United ko atifuza kongera kubona Cristiano (…)

Sadio Mane ntiyakoze imyitozo ya mbere muri Senegal [AMAFOTO]

Amafoto abakozi b’ikipe ya Senegal bashyize hanze agaragaza ikipe yabo iri gukora imyitozo muri (…)

Niki cyo kwitega ku makipe ya Afurika agiye mu gikombe cy’isi yose atozwa n’abenegihugu?-Umusesenguzi Muhire Hassan

Umutoza w’Ishuri ryigisha umupira w’amaguru rya Kamonyi akaba n’Umwe mu basesenguzi b’umupira (…)

Cristiano Ronaldo ari mu mazi abira kubera ibyo yatangaje kuri Man United

Rutahizamu Cristiano Ronaldo ashobora gufatirwa ibihano birimo gucibwa umushahara w’ibyumweru 2 (…)

APR FC yatumije inama ikomeye izafatirwamo imyanzuro ikomeye

Ikipe ya APR FC yatumije inama y’igitaraganya iteganyijwe kuba ku wa Kabiri, tariki ya 15 (…)

Biravugwa ko Adil Mohamed yanze kugaruka mu kazi ko gutoza APR FC

Nyuma y’uko iminsi 30 yahagaritswe yarangiye, kuri uyu wa 13 Ugushyingo APR FC yamenyesheje (…)

Umukinnyi wa Everton yahaye umupira umufana ahita awumusubiza nabi kubera ko batsinzwe

Umukinnyi Alex Iwobi wari ubabajwe cyane no gutsindwa na Bournemouth Kuwa Gatandatu,yahaye (…)

Lionel Messi yashinje Pep Guardiola kwica umupira w’amaguru

Lionel Messi yahishuye mu buryo bwihariye ko Pep Guardiola yangije cyane umupira wamaguru mu (…)

Cristiano Ronaldo yashinje Man United kumugambanira anemeza ko atubaha umutoza wayo

Mu gahinda kenshi,umunyabigwi mu mupira w’amaguru Cristiano Ronaldo yashinje Manchester United (…)

APR FC yigobotoye Sunrise FC bigoranye

Mu mukino w’umunsi wa 9 wa shampiyona,ikipe ya APR FC yikuye mu nzara za Sunrise FC kuko (…)

Arsenal izagera kuri noheli ari iya mbere ku nshuro ya mbere mu myaka 15

Umutoza wa Arsenal, Mikel Arteta, aravuga ko abantu bose batunguwe n’uko The Gunners iyoboye (…)

Police FC yatsinze AS Kigali yari imaze amezi 7 idatsindwa muri shampiyona

Ikipe ya Police FC yatsinze AS Kigali mu mukino w’umunsi wa 9 wa shampiyona igitego 1-0 (…)

Mikel Arteta yasabiye ubufasha Bukayo Saka umerewe nabi

Umutoza Mikel Arteta yihanangirije Bukayo Saka ko uko azagenda arushaho kuba mwiza, ariko (…)