skol

Imikino

Reba ibyamamare 10 byavukiye ndetse bikurira mu buzima bubi (amafoto)

Umunyarwanda yaciye umugani ngo “utazi akazakura yica umutavu”.Byinshi mu byamamare twakunze (…)

Italiki y’umukino wa mbere uzahuza Rayon Sports na APR FC yamaze kumenyekana

Umukino uhuza amakipe 2 akunzwe kurusha ayandi mu Rwanda ariyo Rayon Sports na APR FC niwo (…)

Mutokambali yahishuye intego ikipe y’igihugu yajyanye muri Tunisia

Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Basketball Mutokambali Moise yatangaje ko yiteguye gufasha iyi kipe (…)

Ombolenga akomeje guhanganisha amakipe yo mu Rwanda

Myugariro Ombolenga Fitina akomeje guhanganisha amakipe akomeye ya hano mu Rwanda APR FC na AS (…)

Liverpool ihaye isomo rya ruhago Arsenal bituma Wenger akomeza kujya mu mazi abira

Kuri iki cyumweru Taliki ya 27 Kanama nibwo ikipe ya Liverpool yanyagiye Arsenal ibitego 4-0 mu (…)

Byari ibirori ubwo Rayon Sports yari mu mutambagiro w’igikombe I Nyanza (amafoto)

Guhera ku wa gatanu taliki ya 25 Kanama 2017 nibwo ikipe ya Rayon Sports yerekeje mu ntara (…)

Umubyeyi w’umwe mu bakinnyi ba Everton yaraye arashwe

Meho Besic ni umubyeyi w’umukinnyi Mohamed Besic ukina hagati mw’ikipe ya Everton waraye urashwe (…)

Amagare : Imwe mu makipe akomeye ku isi ishobora gusenyuka

Ikibazo cy’amakoro ndetse n’ibura ry’abaterankunga ni kimwe mu bishobora gutuma ikipe ya (…)

Bimwe mu byo u Rwanda rusabwa kugira ngo rwakire igikombe cy’isi cya U-17 cyo muri 2019 byamaze kumenyekana

Nkuko duheruka kubibagezaho ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA riherutse (…)

FEASSA :Amakipe ahagarariye u Rwanda mu mikino y’intoki yitwaye neza

Ku munsi w’ejo taliki ya 26 Kanama nibwo amenshi mu makipe yari ahagarariye u Rwanda mu mikino (…)

Mayweather yahaye isomo ry’iteramakofe Mcgregor (Amafoto)

Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru taliki ya 27 Kanama 2017 nibwo mu mugi wa Las vegas muri Leta (…)

Rayon Sports ntiyashoboye kwikura imbere y’Amagaju

Ikipe ya Rayon Sports yananiwe kwikura imbere y’amagaju ku mukino wa kabiri wa gicuti yakinaga (…)

Basketball: Ikipe y’igihugu yerekeje muri Tunisia

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu taliki ya 26 Kanama 2017 nibwo ikipe y’igihugu y’umukino wa (…)

Mwanafunzi yatangaje ikintu cy’ingenzi azahita akora naramuka atorewe kuyobora FERWAFA

Mwanafunzi Albert wifuza kuyobora ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru FERWAFA yatangaje ko ikintu (…)

Mugisha yishimiye guhura n’igihangange Mark Cavendish

Umunyarwanda Mugisha Samuel ukina umukino wo gusiganwa ku magare mu ikipe ya Dimension Data for (…)