Perezida wa Azerbaijan, Ilham Aliyev, yashyize umukono ku itegeko ryemeza amasezerano y’ubufatanye muri serivisi z’ubwikorezi bwo mu kirere igihugu cye cyagiranye n’u Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida Aliyev yemeje amasezerano y’ubwikorezi bwo mu kirere Azerbaijan yagiranye n’u Rwanda
30 December 2025, by ISIMBI Estella -
Boris Johnson yavuze ko u Bwongereza bushobora kohereza ingabo muri Ukraine
14 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuBoris Johnson wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza yavuze ko u Bwongereza butagomba kureka ngo Ukraine itsindwe intambara ihanganyemo n’ u Burusiya, avuga ko binashoboka ko bwakoherezayo ingabo zo kujya kuyongerera imbaraga.
-
Tshisekedi yazamuye mu ntera Gen Maj Cirimwami wapfuye mu mezi arindwi ashize
2 September 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, yazamuye mu ntera Gen Maj Peter Cirimwami Nkuba, wapfiriye mu rugamba mu burasirazuba bw’iki gihugu muri Mutarama 2025.
-
RDC:Fardc yateguye operasiyo yo kurandura inyeshyamba za FDLR mu mezi 6 gusa
5 October 2024, by Joseph IradukundaIgisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), biravugwa ko cyamaze gutegura operasiyo y’amezi atandatu igamije ’guca umutwe’ FDLR isaanzwe igifasha mu ntambara gihanganyemo n’umutwe wa M23.
-
Perezida Kagame yagaye abagaragaza RDF mu isura itari yo
26 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Paul Kagame yavuze ko Ingabo z’u Rwanda RDF zishinjwa ibikorwa by’ubwicanyi mu Burasirazuba bwa DRC, iyo ziza kuba ziriyo nk’uko bivugwa mu bitangazamakuru mpuzamahanga, zitari kubikora nk’uko zemeye guherekeza abacanshuro b’Abanyaburayi bagafashwa gusubira iwabo.
-
U Rwanda rwakiriye abarwanyi 15 ba FDLR n’abo mu miryango yabo
28 January, by ISIMBI EstellaLeta y’u Rwanda yakiriye abarwanyi 15 b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR na 19 bo mu miryango yabo, baturutse mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Kivu y’Amajyepfo: Imitwe ya Wazalendo yongeye gusubiranamo
18 September 2025, by ISIMBI EstellaImitwe igize ihuriro Wazalendo rishyigikiwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yongeye gusubiramo ipfa santere ya Mwenga mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
-
Hakoreshejwe miliyari 12 Frw mu kubakira imiryango yasenyewe n’ibiza
9 July 2025, by ISIMBI EstellaMinisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi itangaza ko imiryango 2,600 yari yarasenyewe n’ibiza byibasiye Intara y’Amajyaruguru n’Uburengerazuba muri Gicurasi 2023, yubakiwe ndetse yongera gutuzwa mu nzu zuzuye zitwaye arenga miliyari 12 Frw.
-
Perezida Putin yatangaje agahenge mu ntambara ahanganyemo na Ukraine
29 April 2025, by Joseph IradukundaPerezida w’u Burusiya, Vladimir Putin yategetse ingabo ze guhagarika imirwano mu gihe cy’amasaha 72 ubwo bazaba bizihiza isabukuru y’imyaka 80 ishize Leta Zunze Ubumwe z’Abasoviyeti zitsinze aba-Nazi bo mu Budage mu ntambara ya Kabiri y’Isi.
-
Alexei Zimin wanenze intambara Putin yashoje muri Ukraine yasanzwe yapfiriye mu cyumba cya Hotel
16 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAlexei Zimin, icyamamare mu bijyanye no guteka (Chef cuisinier), wanyuzaga ikiganiro kuri Televiziyo y’u Burusiya, ariko akaba yaragaragaje ku buryo bweruye ko adashyigikiye intambara Perezida Putin w’u Burusiya yashoje muri Ukraine, yasanzwe yapfiriye mu cyumba cya Hotel i Belgrade muri Serbia.
Umuryango.rw
Perezida Aliyev yemeje amasezerano y’ubwikorezi bwo mu kirere Azerbaijan yagiranye n’u Rwanda
Boris Johnson yavuze ko u Bwongereza bushobora kohereza ingabo muri Ukraine
Tshisekedi yazamuye mu ntera Gen Maj Cirimwami wapfuye mu mezi arindwi ashize
RDC:Fardc yateguye operasiyo yo kurandura inyeshyamba za FDLR mu mezi 6 gusa
Perezida Kagame yagaye abagaragaza RDF mu isura itari yo
U Rwanda rwakiriye abarwanyi 15 ba FDLR n’abo mu miryango yabo
Kivu y’Amajyepfo: Imitwe ya Wazalendo yongeye gusubiranamo
Hakoreshejwe miliyari 12 Frw mu kubakira imiryango yasenyewe n’ibiza
Perezida Putin yatangaje agahenge mu ntambara ahanganyemo na Ukraine
Alexei Zimin wanenze intambara Putin yashoje muri Ukraine yasanzwe yapfiriye mu cyumba cya Hotel