Minisiteri y’ingabo z’Uburusiya yavuze ko ubwato bw’intambara bwazo bwangijwe n’ibiturika kuri uyu wa 13 Mata 2022 bwarohamye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ubwato bw’intambara Uburusiya bwakoreshaga bwarohamye
15 April 2022, by Rebecca UFITAMAHORO -
Uko Isi yiriwe tariki 31 Gicurasi 2018 [AMAFOTO]
31 May 2018, by Nsanzimana ErnestMu nshamake y’ uko Isi yiriwe kuri uyu wa 31 Gicurasi harimo uruzinduko rw’ Antonio Guterres muri RDC, Uruzinduko rw’ intumwa ya Kim Jong un muri US mu rwego rwo gutegura ibiganiro bizahuza Kim na Trump, no kuba muri Uganda abadepite bemeje umusoro ku bakoresha whatsapp na mobile money n’ andi anyuranye.
-
Nyaruguru: Inkuba yishe abantu 15 bari mu rusengero
10 March 2018, by Nsanzimana ErnestInkuba yakubise abantu 45 bari mu rusengero rw’ abadivantisite kuri uyu wa Gatandatu 14 bagita bitaba Imana undi apfa nyuma.
Byabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 10 Werurwe 2018, mu karere ka Nyaruguru. Abagize ibibazo bajyanywe kuvurirwa ku kigo nderabuzima cya Nyabimata.
Umuyobozi w’akarere ka Nyaruguru, Habitegeko Francois, avuga ko bafite impungenge ko no mu bandi bakomeretse basaga 30, hashobora kuvamo abandi bahasiga ubizima kuko harimo abarembye cyane. Avuga kandi ko uretse aba (…) -
Selena Gomez yateguje album yakoranye n’umukunzi we
15 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzikazi akaba n’umukinnyi wa filime Selena Gomez, yatangaje ko ari gutegura album yakoranye n’umukunzi we Benny Blanco.
-
Juno Kizigenza agiye kwizihiza imyaka itanu amaze mu muziki
14 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuJuno Kizigenza uri mu bahanzi bakunzwe mu Rwanda kandi batanga icyizere, ari mu myiteguro yo kwizihiza imyaka itanu amaze mu muziki.
-
Mu mwaka ushize wa 2024 ubukerarugendo rwinjirije U Rwanda hafi miliyari 1000 FRW
16 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUrwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, rwatangaje ko ubukerarugendo bwinjirije u Rwanda miliyoni 647 z’amadolari ya Amerika ni ukuvuga hafi miliyari 1 000 z’amafaranga y’u Rwanda mu mwaka ushize wa 2024
-
Irebere uburanga bwa Joy Majisola Raimi umukobwa wegukanye ikamba rya Miss world Nigeria 2025
6 April 2025, by ISIMBI EstellaMu mpera ziki cyumweru mu gihugu cya Nigeria nibwo hasozwaga irushanwa rya Miss World Nigeria 2025, iri ni rimwe mu marushanwa y’ubwiza akomeye cyane mu gihugu cya Nigeria. Ikamba ryiri rushanwa rikaba ryegukanywe na Raimi Joy umukobwa wabonye izuba mu mwaka w’i 2001 akaba akomoka mu gihugu cya Nigeria muri leta ya Osun. Ibirori byo gusoza iri rushanwa bikaba byabereye muri Federal Palace Hotel iherereye mu mujyi wa Lagos.
Uyu mukobwa akaba yegukanye iri kamba ahigitse abandi bakobwa 37 (…) -
Perezida Kagame yahishuye ikintu cyamushimishije kurusha ibindi kuri Kigali Arena
25 September 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika,Paul Kagame,waraye yitabiriye inama yari igamije kwiga ku iterambere ry’umukino wa Basketball muri Afurika yabereye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika,yavuze ko yishimiye kubona Kigali Arena yuzuye abafana kandi bishyuye amafaranga.
-
Lewis Hamilton yagaragaye afashe ku nda y’Umunyarwandakazi Naomi Schiff ukuriwe
4 July 2025, by ISIMBI EstellaLewis Hamilton ufite amateka akomeye mu mukino wa Formula 1, yagaragaye afashe ku nda y’Umunyarwandakazi, Naomi Schiff, umenyerewe mu mukino wo gusiganwa mu modoka ndetse no kuwusesengura nk’umunyamakuru kuri Sky Sports, wenda kwibaruka.
-
Dore amafoto utazi na rimwe ya Perezida Capt. Ibrahim Traore mu myambaro isanzwe.
14 May 2025, by Gladiator OGCapt. Ibrahim Traore ni Perezida w’Igihugu cya Burkina Faso kuva mu mwaka w’i 2022, uyu mugabo w’imyaka 37 ya mavuko kuri ubu amaze kuba ikirangirire muri Afurika yose ndetse n’Isi yose muri rusange biturutse ku byemezo bitandukanye ndetse n’impinduka amaze kuzana mu gihugu cye cya Burkina Faso mu gihe gito amaze ari Perezida.
Umuryango.rw
Ubwato bw’intambara Uburusiya bwakoreshaga bwarohamye
Selena Gomez yateguje album yakoranye n’umukunzi we
Juno Kizigenza agiye kwizihiza imyaka itanu amaze mu muziki
Mu mwaka ushize wa 2024 ubukerarugendo rwinjirije U Rwanda hafi miliyari 1000 FRW
Irebere uburanga bwa Joy Majisola Raimi umukobwa wegukanye ikamba rya Miss world Nigeria 2025
Lewis Hamilton yagaragaye afashe ku nda y’Umunyarwandakazi Naomi Schiff ukuriwe
Dore amafoto utazi na rimwe ya Perezida Capt. Ibrahim Traore mu myambaro isanzwe.