Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron yamaganywe na benshi nyuma yo kugaragara mu ruhame atuka abanya-Haiti ko ari ibicucu, kuko birukanye Garry Conille wari Minisitiri w’Intebe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida Macron yamaganywe azira gutuka Abanya-Haiti
27 November 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Venezuela yarekuye imfungwa za politiki zirenga 100
26 January, by Angeline MUKANGENZIVenezuela yarekuye imfungwa za politiki 104, zirimo abanyeshuri n’abanyamategeko nkuko byatangajwe n’umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, Foro Penal ukorera i Caracas, mu murwa mukuru.
-
BNR yashyize ku isoko impapuro mpeshamwenda za miliyari 10 Frw
22 April 2025, by Angeline MUKANGENZIGuverinoma y’u Rwanda ibinyujije muri Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR), yashyize ku isoko impapuro mpeshamwenda zifite agaciro ka miliyari 10 Frw, zizamara imyaka 10.
-
Ubukungu busangiwe n’imihigo mishya muri ‘BRI’: Ibyo u Bushinwa buhanze amaso mu 2025
3 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKu rwego rw’Isi icyuho mu iterambere ry’ibihugu bikize n’ibikennye kirarushaho kwiyongera bitewe n’uko abakire barushaho gukira, no kuba abatuye Isi batabasha kubyaza umusaruro ikoranabuhanga rifatiye runini iterambere muri ibi bihe, ku rwego rungana.
-
Rema na Ayra Starr baravugwa mu rukundo
19 October 2025, by ISIMBI EstellaAbahanzi bakomeye muri Afurika y’iburengerazuba bo muri Nigeria, Rema na Ayra Starr, bakomeje kuvugwa mu itangazamakuru ko bashobora kuba bari mu rukundo.
-
Billy Joel yahishuye ko yagerageje kwiyahura inshuro ebyiri
6 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuririmbyi w’Umunyamerika Billy Joel, wamamaye mu bihangano bikomeye byagiye bivugwa cyane ku Isi, yagaragaje ibihe bikomeye yanyuzemo mu buzima bwe, birimo kwiheba gukabije, kugerageza kwiyahura inshuro ebyiri ndetse n’igihe yigeze kugwa muri koma.
-
Prof.Shyaka Anastase na Diane Gashumba bashimiye Perezida Kagame wongeye kubagirira icyizere
13 June 2021, by Dusingizimana RemyMu ijoro ryakeye nibwo hasohotse ibyemezo by’inama y’abaminisitiri yari yateranye iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika,yanzuye ko abahoze ari Abaminisitiri Dr. Diane Gashumba na Prof Shyaka Anastase,bagizwe ba Ambasaderi cyo kimwe na James Gatera wigeze kuyobora Banki ya Kigali.
-
Pasiteri Mukuna yavumye u Rwanda, ahabwa inkwenene
10 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPasiteri Pascal Mukuna wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahawe inkwenene nyuma yo kuvuma u Rwanda arwifuriza ibibi ndetse n’ibyago bitandukanye.
-
Kim Jong Un agiye guhurira na Putin mu karasisi k’Ingabo z’u Bushinwa
28 August 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, azitabira akarasisi k’Ingabo z’u Bushinwa [PLA] mu muhango wo kwizihiza isabukuru y’imyaka 80 Intambara ya Kabiri y’Isi irangiye.
-
Abanya-Afghanistan Trump ashaka kohereza kwa Tshisekedi babyanze
23 April, by Angeline MUKANGENZIAbanya-Afghanistan 1,100 bafashije Amerika mu ntambara leta ya Donald Trump ishaka kohereza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo babiteye utwatsi, bagaragaza ko badashaka koherezwa muri icyo gihugu.
Umuryango.rw
Perezida Macron yamaganywe azira gutuka Abanya-Haiti
Venezuela yarekuye imfungwa za politiki zirenga 100
BNR yashyize ku isoko impapuro mpeshamwenda za miliyari 10 Frw
Ubukungu busangiwe n’imihigo mishya muri ‘BRI’: Ibyo u Bushinwa buhanze amaso mu 2025
Rema na Ayra Starr baravugwa mu rukundo
Billy Joel yahishuye ko yagerageje kwiyahura inshuro ebyiri
Pasiteri Mukuna yavumye u Rwanda, ahabwa inkwenene
Kim Jong Un agiye guhurira na Putin mu karasisi k’Ingabo z’u Bushinwa
Abanya-Afghanistan Trump ashaka kohereza kwa Tshisekedi babyanze