Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Sandrine Umutoni, yavuze ko amarushanwa y’imbyino gakondo n’ubusizi ku rwego rw’Igihugu yagaragaje ko mu rubyiruko rw’u Rwanda harimo impano zidasanzwe, ahamagarira abashoramari kureba uru rwego nk’amahirwe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Twabonye impano zidasanzwe! Minisitiri Sandrine Umutoni yahamagariye abashoramari gushora imari mu buhanzi
30 March, by ISHIMWE Jean de Dieu -
António Guterres yashimye amasezerano y’amahoro yasinywe hagati y’u Rwanda na RDC
29 June 2025, by ISIMBI EstellaUmunyabanga Mukuru w’Umuryango w’Ababibumbye, António Guterres, yatangaje yishimiye amasezerano y’amahoro u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byagiranye ku wa 27 Kamena 2025, agaragaza ko atanga icyizere mu kugarura amahoro arambye mu Karere k’Ibiyaga Bigari.
-
CNDD-FDD yikubiye imyanya yose y’Inteko
12 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIshyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi bw’u Burundi ryikubiye imyanya yose yo mu Nteko Ishinga Amategeko, nyuma yo gutsinda amatora yabaye tariki ya 5 Kamena 2025.
-
Rutsiro: Arakekwaho gusambanya umwana w’imyaka irindwi amushukishije 100 Frw
1 February, by ISIMBI EstellaUmusore w’imyaka 19 wo mu Karere ka Rutsiro arimo guhigwa bukware akekwaho gusambanya umwana w’imyaka irindwi, amushukishije 100 Frw.
-
Intambara ziri mu Isi abantu bajye birinda kuzihuza n’idini n’imyemerere -Sheikh Musa Sindayigaya
24 June 2025, by ISIMBI EstellaMufti w’u Rwanda, Sheikh Musa Sindayigaya yavuze ko intambara ziba hirya no hino ku Isi by’umwihariko ihanganishije Israel na Iran abantu badakwiye kuzihuza n’amadini n’imyemerere kuko ari ibihugu biba birwanira imbaraga zabyo.
-
Perezida Kagame yakiriye mu biro bye Umuyobozi wa Komisiyo y’umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe bagirana ibiganiro
4 April 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida Paul Kagame ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 4 Mata 2025 yakiriye Umuyobozi wa Komisiyo y’umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), Mahmoud Ali Youssouf, baganira ku buryo amahoro yaboneka mu karere.
-
Shaddy Boo yasubije Mutesi Scovia ku magambo yamuvugaho
7 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKimenyabose ku mbuga nkoranyambaga akaba n’umubyeyi w’abana babiri, Mbabazi Shadia uzwi cyane nka Shaddy Boo, yatangaje ko atishimiye amagambo yatangajwe n’umunyamakuru Mutesi Scovia amuvugaho mu kiganiro cyanyuze kuri shene imwe ya YouTube.
-
Uwayo Theo wari ushinzwe imari muri RBC yafunzwe by’agateganyo
25 March 2025, by Angeline MUKANGENZIUrukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko Uwayo Theo Principe wari ushinzwe imari muri RBC, afungwa by’agateganyo kuko hari impamvu zikomeye zituma akekwaho ibyaha birimo icyo gutanga amasoko mu buryo bunyuranyije n’amategeko.
-
Yikinishaga imbere y’abana: Jared Leto yashinjwe guhohotera abagore icyenda
8 June 2025, by ISIMBI EstellaUmukinnyi wa filime akaba n’umuhanzi, Jared Leto, ari mu mazi abira nyuma y’uko abagore icyenda bamushinje ihohotera rishingiye ku gitsina, harimo n’abavuga ko yaribakoreye bataruzuza imyaka y’ubukure.
-
Brésil yakomeje agahigo mu Gikombe cy’Isi, u Bwongereza butungurwa na Sénégal
11 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe y’Igihugu ya Brésil yatsinze Paraguay igitego 1-0 ibona itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026, mu gihe iy’u Bwongereza yatsinzwe na Sénégal ibitego 3-1 mu mukino wa gicuti.
Umuryango.rw
Twabonye impano zidasanzwe! Minisitiri Sandrine Umutoni yahamagariye abashoramari gushora imari mu buhanzi
António Guterres yashimye amasezerano y’amahoro yasinywe hagati y’u Rwanda na RDC
CNDD-FDD yikubiye imyanya yose y’Inteko
Rutsiro: Arakekwaho gusambanya umwana w’imyaka irindwi amushukishije 100 Frw
Intambara ziri mu Isi abantu bajye birinda kuzihuza n’idini n’imyemerere -Sheikh Musa Sindayigaya
Perezida Kagame yakiriye mu biro bye Umuyobozi wa Komisiyo y’umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe bagirana ibiganiro
Shaddy Boo yasubije Mutesi Scovia ku magambo yamuvugaho
Uwayo Theo wari ushinzwe imari muri RBC yafunzwe by’agateganyo
Yikinishaga imbere y’abana: Jared Leto yashinjwe guhohotera abagore icyenda
Brésil yakomeje agahigo mu Gikombe cy’Isi, u Bwongereza butungurwa na Sénégal