Minisiteri y’Ingabo mu Burusiya yatangaje ko umubare w’abasirikare bandura agakoko gatera SIDA watumbagiye kuva muri Gashyantare 2022 ubwo batangiraga intambara muri Ukraine.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
SIDA isya itanzitse mu basirikare b’u Burusiya bari mu ntambara muri Ukraine
6 August 2025, by ISIMBI Estella -
U Rwanda ruhagarariwe n’abakinnyi bane
25 September 2025, by ISIMBI EstellaMuri iri siganwa rigiye kuba ku nshuro ya mbere, u Rwanda rufitemo abakinnyi bane ari bo:
-
Iburengerazuba: Haravugwa abaremye itsinda riva mu Karere kamwe rikajya mu kandi kubangamira abahatuye
28 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbatuye mu Murenge wa Nyundo mu Karere ka Rubavu, baravuga ko hari abaremye itsinda ryiyise ‘Abanjongo’ baturuka mu Murenge wa Kivumu mu Karere ka Rutsiro, bakirara mu mirima yabo bacukura amabuye y’amabengeza, ku buryo iyo hagize ubavuga bitamugwa amahoro.
-
Perezida wa Brésil yabwiye Trump ko atayobora Isi
8 July 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Brésil, Inacio Lula da Silva, yaburiye Leta Zunze Ubumwe za Amerika ko ikwiriye guhagarika kwitwara nk’ubwami buyoboye Isi, ahubwo igatangira kubaha ubusugire bw’ibindi bihugu.
-
APR FC igiye gusinyisha rutahizamu ukomoka muri Cote d’Ivoire wakinaga i Burayi
5 July 2025, by ISIMBI EstellaIkipe ya APR FC yamaze kumvikana na rutahizamu mushya ukomoka muri Cote d’Ivoire witwa William Togui aho byitezwe ko ayisinyira amasezerano y’imyaka ibiri.
-
Espagne: Umwana yavukiye mu bwato bw’abimukira yakiranwa ubwuzu
11 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu buryo butunguranye, umwana yavukiye mu bwato bwuzuye abimukira, baturukaga muri Afurika berekeza mu Birwa bya Canary muri Espagne mu buryo butemewe, maze bihita bihesha amahirwe nyina yo kujya kwitabwaho mu bitaro byo muri Espagne.
-
Umukobwa wa Perezida Kagame,Ange Kagame yakoze ubukwe bw’igitangaza n’umukunzi we Ndengeyingoma [AMAFOTO]
6 July 2019, by Dusingizimana RemyUmukobwa wa Nyakubahwa perezida Kagame,Ange Kagame, yashyingiranywe n’umukunzi we,Bertrand Ndengeyingoma,kuri uyu wa gatandatu,taliki ya 06 Kamena 2019,mu bukwe bwabereye kuri Convention Center.
-
Wamvana he? Ubutumwa bwa Perezida Kagame ku bamutera ubwoba
5 July 2025, by Joseph IradukundaUmukuru w’igihugu Paul Kagame yakomoje ku bihugu by’ibihanganye mu iterambere byumva ko byatanga amasomo cyangwa bigafatira ibihano abantu, ko ibyo ari ugutera ubwoba.
-
Imisoro ku modoka za hybrid, icumbi n’ibikomoka kuri peteroli yatangiye kubahirizwa: Iby’ingenzi ukwiye kumenya
2 July 2025, by ISIMBI EstellaGuhera ku wa 1 Nyakanga 2025, imisoro itandukanye yatangiye gucibwa ku bicuruzwa na serivisi bitandukanye, harimo nka TVA (Umusoro ku nyongeragaciro), umusoro ku byaguzwe n’umusoro ufatirwa ku modoka zifite moteri mberabyombi (hybrid), TVA kuri serivisi z’ubwikorezi bw’ibicuruzwa, umusoro w’ubukerarugendo ku icumbi n’umusoro ku bicuruzwa bipfunyitse kuri pulasitiki.
-
DRC&RWANDA: Amatariki Kagame na Tshisekedi Bazahurira Bakaganira Yamenyekanye
25 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKuri ubu ikiri kuvugwa ni igihe ibiganiro biteganyijwe guhuza u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo mu rwego rwo gushakira amahoro n’umutekano uburasirazuba bwa Congo.
Umuryango.rw
SIDA isya itanzitse mu basirikare b’u Burusiya bari mu ntambara muri Ukraine
U Rwanda ruhagarariwe n’abakinnyi bane
Iburengerazuba: Haravugwa abaremye itsinda riva mu Karere kamwe rikajya mu kandi kubangamira abahatuye
Perezida wa Brésil yabwiye Trump ko atayobora Isi
APR FC igiye gusinyisha rutahizamu ukomoka muri Cote d’Ivoire wakinaga i Burayi
Espagne: Umwana yavukiye mu bwato bw’abimukira yakiranwa ubwuzu
Wamvana he? Ubutumwa bwa Perezida Kagame ku bamutera ubwoba
Imisoro ku modoka za hybrid, icumbi n’ibikomoka kuri peteroli yatangiye kubahirizwa: Iby’ingenzi ukwiye kumenya
DRC&RWANDA: Amatariki Kagame na Tshisekedi Bazahurira Bakaganira Yamenyekanye