Polisi y’u Rwanda yongeye gusaba abakoresha umuhanda kwitonda bakirinda uburangare n’amakosa yo mu muhanda nyuma y’aho mu turere twa Nyagatare na Rwamagana habereye impanuka zapfiriyemo abaturage babiri barimo umumotari n’umunyamaguru.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Nyagatare na Rwamagana: Abantu babiri bapfiriye mu mpanuka
5 November 2024, by Joseph Iradukunda -
Bugingo na Omborenga bakomoje ku byo kugambanira Rayon Sports bahozemo
5 July 2025, by Joseph IradukundaMyugariro Bugingo Hakim na Omborenga Fitina bagaragaje ko babeshyewe ko bagambaniye Rayon Sports bahozemo mbere yo kwerekeza muri APR FC.
-
Azam FC yashoye byinshi kugira ngo igumane Fei-Toto
12 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe ya Azam FC iri mu zikomeye muri Tanzania, yemeye guhara arenga ibihumbi 300 by’amadolari kugira ngo ibashe kugumana umwe mu beza ifite, Feisal Salum Abdallah uzwi nka “Fei Toto”.
-
RIB yaburiye abakoresha imbuga nkoranyambaga bagatangaza amashusho y’urukozasoni
26 September 2024, by Joseph IradukundaUrwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB ruraburira umuntu wese ushyira amashusho y’urukozasoni n’ibiganiro ku mbuga nkoranyambaga ko azabihanirwa kuko hari itegeko ribihana kandi ko aba yatandukiriye umuco nyarwanda.
-
Kayiranga Baptiste yakoresheje imyitozo ya nyuma muri Sudani aca amarenga y’abashobora kubanzamo
25 August 2019, by Dusingizimana RemyUmutoza w’agateganyo wa Rayon Sports Kayiranga Baptiste yaraye akoresheje imyitozo ya nyuma ku kibuga cya Al Hilal barakiniraho uyu mukino wo kwishyura w’ijonjora ryibanze rya CAF Champions League.
-
Yanga SC yacyeje Haruna Niyonzima Abanyarwanda bita umusaza
15 August 2025, by ISIMBI EstellaUmuryango wa Yanga SC, wongeye guha agaciro Haruna Niyonzima ukomeje kukimwa iwabo aho ab’iwabo bamwita umusaza.
-
Abarundi bahungiye mu Bubiligi bagiye gushinga umutwe witwaje intwaro
1 July 2025, by ISIMBI EstellaAbanyapolitiki b’Abarundi baba mu Bubiligi batangaje ko bagiye kurwanya ubutegetsi bw’u Burundi bakoresheje intwaro, mu kwamagana imigendekere y’amatora y’abadepite n’inzego z’ibanze yabaye muri Kamena 2025.
-
Icyumweru cya mbere cya Nyakanga cyagizwe ikiruhuko rusange
20 June 2025, by Joseph IradukundaGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko kuva ku wa Kabiri, tariki ya 1 Nyakanga 2025 kugeza ku wa Gatanu tariki ya 4 Nyakanga 2025, ari iminsi y’ikiruhuko rusange.
-
INYANDIKO ISABA BUTERA JEAN GUSHYIRA MU BIKORWA NEZA UMWANZURO W’URUKIKO
3 October 2024, by UbwanditsiMe Kagame k. Festo umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha Bwana Butera Jean kuba yashyize mu bikorwa umwanzuro w’urukiko rwa kanto ya kanombe nk’uko rwaciwe akarutsindwa.
Soma itangazo rirambuye …….. -
Inkuru y’uburyo Amag the Black yarozwe n’Umuntu we wa hafi
3 April 2025, by ISIMBI EstellaUmuraperi Hakizimana Amani [Ama G The Black] yatangaje ko yahawe uburozi mu biryo ubwo yiteguraga kuririmba mu gitaramo gikomeye yamurikiyemo Album ye yise “Ibishingwe”, ndetse ko yaje kumenya uwabikoze, kuva icyo gihe bacana umubano n’ubwo atigeze amubwira ko yamenye ko yashakaga kumugirira nabi.
Ku wa 1 Nyakanga 2023, Ama G The Black yataramiye abafana be n’abakunzi b’umuziki mu gitaramo yakoreye muri Gift Restaurant iherereye muri Kigali City Tower, abamurikira Album ‘Ibishingwe’ yari (…)
Umuryango.rw
Nyagatare na Rwamagana: Abantu babiri bapfiriye mu mpanuka
Bugingo na Omborenga bakomoje ku byo kugambanira Rayon Sports bahozemo
Azam FC yashoye byinshi kugira ngo igumane Fei-Toto
RIB yaburiye abakoresha imbuga nkoranyambaga bagatangaza amashusho y’urukozasoni
Yanga SC yacyeje Haruna Niyonzima Abanyarwanda bita umusaza
Abarundi bahungiye mu Bubiligi bagiye gushinga umutwe witwaje intwaro
Icyumweru cya mbere cya Nyakanga cyagizwe ikiruhuko rusange
Inkuru y’uburyo Amag the Black yarozwe n’Umuntu we wa hafi