Umugabo utaramenyekana umwirondoro yuriye inzu ndende iri mu Mujyi wa Kigali ahitwa ku Nkundamahoro arasimbuka yikubita hasi arapfa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ku Nkundamahoro hongeye kwiyahurira umuntu
6 November 2024, by Joseph Iradukunda -
Meta yakoze amadarubindi adasanzwe yiswe Oakley
21 June 2025, by ISIMBI EstellaMeta igiye gushyira ku isoko amadarubindi mashya akoranye ubwenge buhangano, AI, yitwa Oakley Meta HSTN agura 499$, ashobora gutumizwa guhera ku itariki ya 11 Nyakanga.
-
Vanessa Mdee yakunze indirimbo ya Vestine na Dorcas
5 September 2025, by ISIMBI EstellaUmunya-Tanzania, Vanessa Mdee uri mu bahanzi bubatse izina mu muziki muri Afurika no hanze yayo, yagaragaye aririmba indirimbo ya Vestine na Dorcas yitwa ‘Emmanuel’ imaze ukwezi kumwe igiye hanze, bitungura benshi.
-
Icyuho cy’ibyo u Rwanda rwohereza hanze n’ibyo rutumizayo cyazamutseho 11% mu Ukwakira 2024
7 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIkigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare cyatangaje ko icyuho kiri hagati y’ibyo u Rwanda rutumiza hanze n’ibyo rwoherezayo, cyazamutseho 11,8% mu Ukwakira 2024 ugereranyije n’ukwezi nk’uko mu 2023.
-
Leta ya Zambia yitambitse gahunda yo gushyingura Edgar Lungu muri Afurika y’Epfo
25 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuLeta ya Zambia yasabye urukiko rukuru rwa Pretoria muri Afurika y’Epfo guhagarika umuhango wo gushyingura Dr. Edgar Lungu Chagwa witabye Imana tariki ya 5 Kamena 2025.
-
Cristiano Ronaldo yahunze
4 March, by ISHIMWE Jean de DieuIndenge bwite ya Cristiano Ronaldo ukinira ikipe ya Al Nassr muri Saudi Arabia yavuye muri iki gihugu yerekeza muri Espagne kubera ibitero Iran iri kugaba ku bikorwa bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika hirya no hino ku Isi kubera ibitero zayigabyeho zifatanyije na Israel.
-
Indege z’intambara z’u Burusiya zarasiwe mu kirere cya Polonye
10 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bw’Ingabo za Polonye bwatangaje ko mu ijoro ryo ku wa 09 Nzeri 2025, bahanuye indege nto z’intambara zitagira abapilote (drones) z’u Burusiya zavogereye ikirere cy’icyo gihugu.
-
Niba utagendesha ibirenge byawe mu mucanga waracikanwe
4 October 2024, by Joseph IradukundaKugenda umuntu akandagiye hasi, atambaye inkweto bigira akamaro gakomeye ku buzima bw’abajya babikora, ariko cyane cyane kugenda mu mucanga n’ibirenge bitambaye inkweto nibyo bigira akamaro kurushaho.
-
U Rwanda rushobora kwakira amashami amwe ya Loni
19 May 2025, by Angeline MUKANGENZIU Rwanda ni kimwe mu bihugu byagaragaje inyota yo kuba byaba icyicaro cy’amashami amwe n’amwe ya Loni, bigendanye n’amavugurura ari gukorwa n’uyu muryango ajyanye no kwimura amashami mu guhangana n’ibibazo by’ubukungu.
-
IBINTU 10 BITANGAJE UTARUZI KU MURAPERI P FLA THE GREAT.
14 February 2025, by ISIMBI EstellaUramutse ugiye kuganira ku baraperi bi bihe byose mu Rwanda ukibagirwa izina Mana y’i Rwanda , P fla , Capital wijyosi , The Great , Mutagatifu wa Nyarugenge , The Dictator , Father of Disses , Papa Ntwari , Power first ladies after , n’andi mazina menshi waba wigijije nkana. afatwa nkumwe mu baraperi ba bahanga u Rwanda rwagize. inyandiko ze , imyambarire ye , uburyo ajyana n’umudiho , ni’ibindi byinshi byose ni ubukorikori kandi birimo igifute cy’amasomo ku baraperi babyiruka uyu munsi. (…)
Umuryango.rw
Ku Nkundamahoro hongeye kwiyahurira umuntu
Meta yakoze amadarubindi adasanzwe yiswe Oakley
Vanessa Mdee yakunze indirimbo ya Vestine na Dorcas
Icyuho cy’ibyo u Rwanda rwohereza hanze n’ibyo rutumizayo cyazamutseho 11% mu Ukwakira 2024
Leta ya Zambia yitambitse gahunda yo gushyingura Edgar Lungu muri Afurika y’Epfo
Cristiano Ronaldo yahunze
Indege z’intambara z’u Burusiya zarasiwe mu kirere cya Polonye
Niba utagendesha ibirenge byawe mu mucanga waracikanwe
U Rwanda rushobora kwakira amashami amwe ya Loni
IBINTU 10 BITANGAJE UTARUZI KU MURAPERI P FLA THE GREAT.