Ihuriro AFC/M23 ryashimangiye ko ritarebwa na gato n’amasezerano y’amahoro u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byasinyiye i Washington D.C muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
AFC/M23 yashimangiye ko itarebwa n’amasezerano ya Washington
3 March, by ISIMBI Estella -
Mozambique: Abanyarwanda bizihije Umunsi wo Kwibohora ku nshuro ya 31
10 July 2025, by ISIMBI EstellaAbanyarwanda batuye muri Mozambique bizihije Umunsi wo Kwibohora ku nshuro ya 31, mu gikorwa cyitabiriwe n’abarenga 300, barimo abayobozi mu nzego za Leta ya Mozambique, abahagaririye ibihugu byabo n’imiryango mpuzamahanga ikorera muri icyo gihugu. Hari kandi Abanyarwanda ndetse n’inshuti z’u Rwanda.
-
Byinshi kuri Potasiyumu, aho iboneka akamaro kayo ndetse n’ingaruka igihe ibaye nke cyangwa nyinshi
20 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPotassium (soma potasiyumu) nayo ni umwe mu myunyu ngugu y’ingenzi mu mubiri wacu. Buri munsi hagati ya 2500mg na 4700mg zayo ziba zigomba kuboneka mu byo turya. Gusa burya guteka ibiryo ukabitinza ku ziko kimwe no kubikaranga cyane biri mu bigabanya ingano ya potassium iba ibirimo.
-
Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bwatangaje ko abatuye mu manegeka bari kwimurwa kubera imvura
15 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUbuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko buri kwimura abaturage batuye mu manegeka, by’umwihariko haherewe ku bakomeje kugirwaho ingaruka n’imvura nyinshi imaze iminsi igwa hirya no hino mu gihugu.
-
Google yakuyeho amahame yakumiraga gukoresha porogaramu zayo za ‘AI’ mu bikorwa bya gisirikare
6 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGoogle yakoze impinduka zikomeye ku mahame yayo agenga imikoreshereze ya porogaramu zayo z’ubwenge bw’ubukorano [artificial intelligence - AI], aho yakuyeho iryakumiraga kuzikoresha mu kubaka intwaro no kwifashishwa mu bikorwa byo kugenzura abantu mu buryo bunyuranyije n’amategeko mpuzamahanga.
-
Abahize abandi mu mashuri abanza n’icyiciro rusange bazishyurirwa amafaranga y’ishuri
20 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuBimaze kumenyerwa ko abahize abandi mu bizamini bya Leta bisoza icyiciro runaka, bahembwa na Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) mu rwego rwo kubashimira no gutuma bongera umuhate.
-
D’banj yasabye Leta ya Nigeria kwinjira mu kibazo cya P-Square
11 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi w’inararibonye mu njyana ya Afrobeats witwa D’banj, yasabye Leta ya Nigeria kugira uruhare mu gukemura amakimbirane ari hagati y’abavandimwe bagize itsinda rya P-Square, ari bo Peter na Paul Okoye, ndetse na mukuru wabo wabaye umujyanama wabo, Jude Okoye.
-
Hamas yasabye guhabwa imfungwa zose z’Abanya-Palestine ngo intambara ihagarare muri Gaza
19 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUmuyobozi w’umutwe wa Hamas muri Gaza, Khalil Al-Hayya, yatangaje ko nta masezerano y’agahenge y’iminsi mike bazongera kugirana na Israel, ahubwo bashaka kugirana ibiganiro ku masezerano yo guhererekanya imfungwa n’imbohe hagati y’impande zombi kugira ngo intambara irangire.
-
Ari mu bahanzi Min. Olivier Nduhungirehe akunda, Ese Uyu Muhanzikazi ni muntu ki..?
10 February 2025, by ISIMBI EstellaAbahanga baravuga ngo umuziki ni ururimi rwumvwa na bose , ni inshuroo nyinshi ushobora kubyina ndetse ugakunda indirimbo kandi nta jambo na rimwe ryayo wumva, ninako bigenda ku bantu bakora mu mirimo itandukanye nabo bakunda umuziki. umwe mu bayobozi bazwiho kudahisha amarangamutima ye ku muziki harimo na Ministiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb. Olivier Nduhungirehe mu minsi yatambutse nibwo yerekanye ko mu bahanzi akunda kumva indirimbo zabo harimo umugandekazi Winnie Nwagi ariko se uyu muhanzikazi ufite inganzo ministiri ashobora gukunda ni muntu ki? amateka ye ni ayahe? Murakaza neza muriyi nkuru.
-
Guverinoma ya Amerika yasubukuye ibikorwa by’agateganyo
13 November 2025, by ISIMBI EstellaKera kabaye Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika yemeye umushinga w’itegeko usubukura ibikorwa bya Guverinoma by’agateganyo, kugeza ku wa 30 Mutarama 2026.
Umuryango.rw
AFC/M23 yashimangiye ko itarebwa n’amasezerano ya Washington
Mozambique: Abanyarwanda bizihije Umunsi wo Kwibohora ku nshuro ya 31
Byinshi kuri Potasiyumu, aho iboneka akamaro kayo ndetse n’ingaruka igihe ibaye nke cyangwa nyinshi
Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bwatangaje ko abatuye mu manegeka bari kwimurwa kubera imvura
Google yakuyeho amahame yakumiraga gukoresha porogaramu zayo za ‘AI’ mu bikorwa bya gisirikare
Abahize abandi mu mashuri abanza n’icyiciro rusange bazishyurirwa amafaranga y’ishuri
D’banj yasabye Leta ya Nigeria kwinjira mu kibazo cya P-Square
Hamas yasabye guhabwa imfungwa zose z’Abanya-Palestine ngo intambara ihagarare muri Gaza
Ari mu bahanzi Min. Olivier Nduhungirehe akunda, Ese Uyu Muhanzikazi ni muntu ki..?
Guverinoma ya Amerika yasubukuye ibikorwa by’agateganyo