Polisi mu Karere ka Ruhango, yataye muri yombi abasore batatu bakekwaho kwiba umugore w’imyaka 58 bakanamusambanya ku gahato.
Aba basore bakekwaho umugore w’imyaka 58 bakanamusambanya ku gahato Polisi mu Karere ka Ruhango, yataye muri yombi abasore batatu bakekwaho kwiba umugore w’imyaka 58 bakanamusambanya ku gahato.
Uyu mugore w’imyaka 58 y’amavuko ari gusaba ubufasha, yabwiye TV1 ko yakoreshejwe imibonano mpuzabitsina ku gahato, n’umujura wari wazanye n’abandi babiri.
Ibi ngo (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ruhango: Barakekwaho kwiba umugore bagasiga bamusambanyije ku gahato
13 November 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Polisi yafashe amavuta menshi ya mukorogo mu ntara y’Amajyepfo
11 February 2019, by Dusingizimana RemyPolisi y’u Rwanda yakoze umukwabu mu ntara y’Amajyepfo ishaka amavuta ya mukorogo yari agicuruzwa mu ibanga n’abacuruzi,ifata amaduzeni asaga 470 yayo ndetse n’amasabune ahindura uruhu.
-
Premier League ntiteganya kujyana imikino yayo mu mahanga
14 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi Mukuru wa Premier League, Richard Masters, yavuze ko nta gahunda ihari yo gukinira imikino ya shampiyona hanze y’u Bwongereza.
-
Ibitaro bya Muhima byongeye kuvugwamo serivisi mbi, nabyo byikoma ibya Nyarugenge
30 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIbitaro bya Muhima byongeye kunengwa serivisi bitanga nabyo bihita bigaragaza noneho impamvu birimo gutanga serivisi icumbagira n’impamvu ibitera.
-
Dore uko bamwe mu byamamare hano mu Rwanda bizihije umunsi w’Irayid.
31 March 2025, by ISIMBI EstellaKu munsi wejo hashize wari umunsi wa Eid Mubarak ukaba wari umunsi wo gusoza igisibo cya Ramadhan, abayisilamu bakaba bari batangiye iki gisibo tariki ya 1 werurwe uyu mwaka w’i 2025. Isengesho ryo gusoza igisibo cya Ramadhan ku rwego rw’Igihugu rikaba ryarabereye kuri Kigali Pele Stadium i Nyamirambo mu mujyi wa Kigali , aho ryitabiriwe n’abayisilamu benshi ndetse n’inshuti zabo. muriyi nkuru mutwemerere tugaruke ku buryo bamwe mu bantu bazwi cyane mu Rwanda bizihije uyu munsi mwiza. (…)
-
Uwase Colombe wiyamamaje muri Miss Rwanda 2015 yibarutse
13 November 2025, by ISIMBI EstellaUwase Colombe wiyamamarije ikamba rya Miss Rwanda mu 2015, yamaze kwibaruka imfura nyuma y’imyaka yemeje ko ari mu rukundo n’umukunzi we baje no gukora ubukwe mu ibanga rikomeye.
-
Joel Brown yakoze ku buryo Bruce Melodie na Diamond basiba ibyo bari bararirimbye mu ndirimbo bakoranye
20 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi akaba na Producer Joel Brown yakoze igikorwa cyatangaje benshi mu ndirimbo nshya yitwa Pom Pom, aho uburyo yitwaye mu miririmbire bwatumye Bruce Melodie na Diamond Platnumz basiba ibyo bari bararirimbye mbere, bongera gukora iyi ndirimbo kuva ku ntangiriro.
-
Taliki ya 1 Ukwakira ni umunsi ukomeye kuri njyewe ubugira kabiri - Butera Knowless
1 October 2020, by UbwanditsiItaliki ya 1 Ukwakira Abanyarwanda baba bizihiza umunsi mukuru wo gukunda Igihugu. kuri Butera Knowless ho biba ari akarusho ngo kuko ari nayo taliki yavutseho. Ibyo byatumye agira ubutumwa agenera ababohoye u Rwanda.
-
Rayon Sports yafashe umwanzuro ukomeye ku bijyanye no kugura abakinnyi baturutse hanze
9 June 2019, by Dusingizimana RemyUbuyobozi bwa Rayon Sports bwatangaje ko bwamaze gufata umwanzuro w’uko nta mukinnyi uturutse hanze bazongera kuzana ngo bahite bamusinyisha ahubwo azajya abanza gukoreshwa isuzuma hanyuma abafana akaba aribo bahitamo ukwiriye guhabwa amasezerano.
-
Trump yemeye ko gukemura ikibazo cy’intambara yo muri Ukraine bigoranye
9 July 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yemeye ko gushakira umuti intambara ya Ukraine bimaze kugaragara ko bigoye kurusha uko yari abyiteze. Yanavuze ko atemeranya n’uburyo mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir Putin, ashishikajwe no guhagarikamo iyi ntambara.
Umuryango.rw
Ruhango: Barakekwaho kwiba umugore bagasiga bamusambanyije ku gahato
Premier League ntiteganya kujyana imikino yayo mu mahanga
Ibitaro bya Muhima byongeye kuvugwamo serivisi mbi, nabyo byikoma ibya Nyarugenge
Dore uko bamwe mu byamamare hano mu Rwanda bizihije umunsi w’Irayid.
Uwase Colombe wiyamamaje muri Miss Rwanda 2015 yibarutse
Joel Brown yakoze ku buryo Bruce Melodie na Diamond basiba ibyo bari bararirimbye mu ndirimbo bakoranye
Taliki ya 1 Ukwakira ni umunsi ukomeye kuri njyewe ubugira kabiri - Butera Knowless
Trump yemeye ko gukemura ikibazo cy’intambara yo muri Ukraine bigoranye