Bolsonaro wayoboye Brésil yakatiwe gufungwa imyaka 27
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Bolsonaro wayoboye Brésil yakatiwe gufungwa imyaka 27
12 September 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Ibizungerezi 10 byo mu myidagaduro yo mu Rwanda n’amakipe bafana yo ku mugabane w’Iburayi
26 May 2025, by Gladiator OGKuri ubu gukunda ndetse no kumenya ibijyanye n’umupira ntibikiri ibya bahungu gusa kuko na bashiki babo basigaye bazi ndetse bakunda umupira wa maguru. Muri iyi nkuru mutwemerere turebere hamwe amakipe yo ku mugabane w’iburayi Ibizungerezi byo mu myidagaduro nyarwanda byihebeye.
-
Abamotari bakemuriwe ibibazo by’ingutu byatumye bigaragambya
25 February 2022, by Dusingizimana RemyAbamotari bo mu Mujyi wa Kigali bagiye guhurira mu nama n’ubuyobozi mu nzego zirimo za Minisiteri, Polisi, RURA n’izindi, kuri Stade ya Kigali, i Nyamirambo.
Muri iyi nama hafatiwemo imyanzuro y’ingenzi irimo ko:
Koperative z’abamotari mu Mujyi wa Kigali zari 41 zakuweho hasigara eshanu.
Ikoreshwa rya mubazi ni itegeko ariko ibirometero bibiri bya mbere ni 400 Frw.
Imisanzu abamotari batangaga mu makoperative nayo yakuweho.
Hanafashwe umwanzuro ko ibirarane abamotari babereyemo (…) -
Ambasaderi Fahrenholtz yavuze ko ntakibazo cyahungabanya abaturage kiri mu mujyi wa Goma
15 April 2025, by Angeline MUKANGENZIPeter Fahrenholtz wabaye Ambasaderi w’u Budage mu Rwanda kuva mu 2012 kugeza mu 2016, yavuze ko mu Mujyi wa Goma uri mu Burasirazuba wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC, muri Teritwari ya Nyiragongo, nta kibazo cyahungabanya abaturage gihari.
-
AFC/M23 yakuye ingabo zayo mu mujyi wa Walikale
23 March 2025, by Angeline MUKANGENZIIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo,ryatangaje ko ryavuye mu mujyi wa Walikale no mu bice biwukikije,mu ntara ya kivu y’amajyaruguru.
-
DJ Dizzo yitabye Imana
19 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuDJ Dizzo wari umaze igihe ahanganye n’uburwayi bwa kanseri, yitabye Imana, nyuma y’imyaka igera kuri ibiri abwiwe n’abaganga ko atari kurenza muri Nyakanga 2022.
-
Burundi: Umuhanzikazi Mow Kanzie yakoze ubukwe
20 April 2025, by ISIMBI EstellaMu butumwa Mow Kanzie yashyize ku mbuga nkoranyambaga yagaragaje ko yakoze ubukwe mu buryo bwemewe n’amategeko ku wa 23 Werurwe 2025, mu birori byakurikiye ibindi bari bakoze mbere birimo imihango yo gusaba no gukwa.
Yanditse ku mbuga nkoranyambaga agaragaza akanyamuneza, ati “Inseko nyinshi, kwiheba guke. Impuhwe nyinshi, gucira abandi urubanza guke, imigisha myinshi, umuhangayiko muke, urukundo rwinshi, urwango ruke. Hari byinshi byo gushimira.”
Mu ntangiro za Werurwe 2025 nibwo uyu (…) -
Bruce Melodie yakomoje ku mpamvu yajyanye Bahati mu gitaramo yakoreye i Rubavu
21 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuBruce Melodie ubwo yataramiraga mu Karere ka Rubavu muri ‘MTN Iwacu Muzika Festival’, yaratunguranye agaragara ku rubyiniro ari kumwe na Bahati wo muri Kenya banakoranye indirimbo ‘Diana’.
-
MINEDUC yasabye ababyeyi kurinda abana ingeso mbi n’ubuzererezi mu biruhuko
12 July 2025, by Joseph IradukundaMinisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yasabye ababyeyi b’abanyeshuri muri iki gihe cy’ibiruhuko binini ko babarinda kwijandika mu ngeso mbi no kuzerera, ahubwo bakabitaho babatoza uburere bwiza yaba abato n’abakuru.
-
Bugesera: Umusore wishe umubyeyi we amutwitse yatawe muri yombi
26 September 2025, by ISIMBI EstellaUmusore w’imyaka 28 wishe Se amutwikishije lisansi yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano ku bufatanye n’abaturage bo mu Karere ka Bugesera mu Mudugudu wa Gahinga, Akagali ka Kibirizi mu Murenge wa Mayange.
Umuryango.rw
Bolsonaro wayoboye Brésil yakatiwe gufungwa imyaka 27
Ibizungerezi 10 byo mu myidagaduro yo mu Rwanda n’amakipe bafana yo ku mugabane w’Iburayi
Abamotari bakemuriwe ibibazo by’ingutu byatumye bigaragambya
Ambasaderi Fahrenholtz yavuze ko ntakibazo cyahungabanya abaturage kiri mu mujyi wa Goma
AFC/M23 yakuye ingabo zayo mu mujyi wa Walikale
DJ Dizzo yitabye Imana
Burundi: Umuhanzikazi Mow Kanzie yakoze ubukwe
Bruce Melodie yakomoje ku mpamvu yajyanye Bahati mu gitaramo yakoreye i Rubavu
MINEDUC yasabye ababyeyi kurinda abana ingeso mbi n’ubuzererezi mu biruhuko
Bugesera: Umusore wishe umubyeyi we amutwitse yatawe muri yombi