Nibura hejuru ya 75% by’abarwanyi ba Ukraine bari mu ntambara n’ingabo z’u Burusiya bajyanwa ku rugamba batabishaka, mu gihe abarwana kubera ubushake bwabo bari munsi ya 25%.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ukraine: Hejuru ya 75% by’abarwanyi bajya ku rugamba batabishaka
19 June 2025, by ISIMBI Estella -
Diddy agiye gukanirwa urumukwiye
1 July 2025, by ISIMBI EstellaInteko Iburanisha mu rubanza rwa Diddy yatangiye gusesengura ubuhamya n’ibindi bimenyetso bishinja n’ibishinjura uyu muraperi, kugira ngo ifate umwanzuro ku bihano akwiriye guhabwa.
-
Indahiro ya Perezida Paul Kagame
18 August 2017, by Iyamuremye JanvierPerezida Paul Kagame watorewe kuyobora u Rwanda mu matora yabaye tariki 3 na 4 Kanama 2017, kuri uyu wa 18 Kanama 2017 yarahiriye kuyobora u Rwanda muri manda y’ imyaka irindwi iri imbere 2017-2024.
Ku isaha ya saa sita z’ amanywa nibwo, Umuruku w’Igihugu yarahijwe na Perezida w’urukiko rw’ikirenga Samu Rugege, imbere y’ imbaga y’ Abanyarwanda n’ abanyamahanga barimo bagenzi bayobora ibihugu bitandukanye by’ Afurika.
Paul Kagame yarahiriye kuyobora u Rwanda, arangiza indahiro ye (…) -
Israel yivuganye umuvugizi wa Hamas
31 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ingabo wa Israel, Israel Katz, yatangaje ko bivuganye Abu Obeida usanzwe ari umuvigizi wa Hamas, mu gitero cy’indege iki gihugu cyagabye mu Mujyi wa Gaza.
-
Dore ibizungerezi 10 bigezweho mu ruganda rwa cinema Nyarwanda uyu munsi.
7 March 2025, by ISIMBI EstellaKuva cyera na kare Cinema nyarwanda yagiye igira abakobwa b’ibizungerezi buje ubwiza ndetse n’uburanga buhebuje , mu myaka yatambutse twagize abakobwa nka Mutoni Assia wari umwe mu beza filime nyarwanda zabonye ; Ijwi ririmo ubutesi , inzobe izira ibyamvagara bya mavuta ahindura uruhu ,ndetse n’inseko nziza izira imbereka biri mu byatumaga uyu mukobwa acyerereza abagenzi benshi muri filime nyarwanda za 2012-2017 uretse Mutoni assia wavugamo kandi abandi bakobwa nka Nana Nadege wamamaye muri (…)
-
Macron agiye kwakira Ahmed al-Sharaa wa Syria mu ruzinduko rwe rwa mbere i Burayi
7 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi mushya w’inzibacyuho wa Syria, Ahmed al-Sharaa, agiye kugirira uruzinduko rwa mbere ku Mugabane w’u Burayi, aho azahura na Perezida w’Ubufaransa, Emmanuel Macro, ku wa 7 Gicurasi 2025.
-
RDB yatangiye amavugurura kuri serivisi zihabwa abashoramari n’abacuruzi
25 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), Jean-Guy Afrika, yavuze ko uru rwego rwatangiye amavugurura kuri serivisi zihabwa abashoramari n’abacuri kandi ruyageze kure bityo akaba yitezweho impinduka zikomeye
-
Nyaruguru: Barindwi batawe muri yombi bakekwaho kwambura abasengera i Kibeho
21 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo, yataye muri yombi abantu barindwi bakurikiranyweho ubujura bunyuranye burimo kwambura telefone n’amasakoshi abaje gusengera i Kibeho ku Butaka Butagatifu.
-
Amerika yambuye Visa abanyeshuri bakabakaba 1500 kuva Trump yasubira ku butegetsi
18 April 2025, by Angeline MUKANGENZILeta Zunze Ubumwe za Amerika zambuye Visa abanyeshuri ba kaminuza zitandukanye 1489 kuva tariki ya 20 Mutarama ubwo Perezida Donald Trump yasubiraga ku butegetsi kugeza ku ya 17 Mata 2025.
-
Ingabo za Iran zavuze ko zarashe ubwato bwa Amerika
5 March, by Angeline MUKANGENZITeleviziyo ya leta muri Iran imaze gutangaza ko amato yabo y’intambara yarashe ubwato bw’ubwikorezi bwa Amerika muri iki gitondo mu majyaruguru y’ikigobe cya Perse
Umuryango.rw
Ukraine: Hejuru ya 75% by’abarwanyi bajya ku rugamba batabishaka
Diddy agiye gukanirwa urumukwiye
Israel yivuganye umuvugizi wa Hamas
Dore ibizungerezi 10 bigezweho mu ruganda rwa cinema Nyarwanda uyu munsi.
Macron agiye kwakira Ahmed al-Sharaa wa Syria mu ruzinduko rwe rwa mbere i Burayi
RDB yatangiye amavugurura kuri serivisi zihabwa abashoramari n’abacuruzi
Nyaruguru: Barindwi batawe muri yombi bakekwaho kwambura abasengera i Kibeho
Amerika yambuye Visa abanyeshuri bakabakaba 1500 kuva Trump yasubira ku butegetsi