Uwitwa NIYIDUKUNDA Nelly Joel yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa Joel Carter NIYIDUKUNDA mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina ikaba iri izina riri ku byangombwa. itangazo riri hano ““hasi””
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
NIYIDUKUNDA Nelly Joel yasabye guhindura amazina akitwa Joel Carter NIYIDUKUNDA
13 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Kinshasa: Urukiko rwemeje igihe ruzatangira kuburanisha Constant Mutamba
30 June 2025, by ISIMBI EstellaUrukiko rusesa imanza rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo tariki ya 9 Nyakanga 2025 ruzatangira kuburanisha Constant Mutamba Tungunga wahoze ari Minisitiri w’Ubutabera.
-
Umunya-Niger Moctar yagarutse mu biganiro n’umukunzi we France Mpundu
3 April, by ISHIMWE Jean de DieuMoctar uri mu rukundo n’umuhanzikazi France Mpundu yongeye kugaruka mu Rwanda, aho yaherukaga mu mezi ane ashize mu rugendo rwarimo ibikorwa bye bwite no gusura umukunzi we bahuriye mu irushanwa rya ‘The Secret Storu 2025’.
-
Ingabo za Amerika zishe umuyobozi wa ISIS
20 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIgisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatangaje ko kuri uyu wa 19 Ukuboza 2024 cyishe umuyobozi w’umutwe w’iterabwoba wa Islamic State (ISIS), Abu Yusuf alias Mahmud.
-
Mu karere ka Karongi Umusore yishe mugenzi we bapfa telefone
14 May 2025, by Angeline MUKANGENZIUmusore w’imyaka 22 wo mu Karere ka Karongi yitabye Imana nyuma yo gukubitwa ikintu mu mutwe bikozwe na mugenzi we bakoranaga ubucukuzi butemewe bapfuye telefone.
-
Umuraperi Silentó yakatiwe gufungwa imyaka 30
14 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuraperi w’Umunyamerika, Ricky Lamar Hawk, wamenyekanye nka Silentó, yakatiwe imyaka 30 y’igifungo ahamijwe kwica mubyara we mu 2021.
-
Sobanukirwa ibyiza by’inanasi n’akamaro kayo ku umubiri
15 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuInanasi ni urubuto rwamamaye cyane kubera uburyohe n’uburyohere bwarwo. Zihingwa ahantu hakunda kuba ubukonje, zikagira igihe cy’umwero hagati ya Werurwe kugeza Kamena, ibi ariko ntibizibuza kuboneka cyane igihe cyose.
-
U Rwanda ruyoboye ibihugu bitekanye muri Afurika mu 2025
1 July 2025, by ISIMBI EstellaU Rwanda ruri ku isonga mu bihugu bifite umutekano usesuye muri Afurika, nk’uko byagaragajwe n’ubushakashatsi bwa Numbeo bwasohowe hagati mu mwaka wa 2025. Rwaje ku mwanya wa mbere ku mugabane w’Afurika ndetse no ku mwanya wa 23 ku rwego rw’Isi, aho rufite amanota 73.6 ku gipimo cy’umutekano.
-
Pentagon yatangaje umwirondoro w’umusirikare wa 5 wa Amerika wiciwe mu bitero bya Iran
5 March, by Angeline MUKANGENZIIgisirikare cya Amerika cyemeje izina ry’umusirikare wa gatanu wishwe n’igitero cya ‘drone’ ya Iran yarashwe muri Kuwait mu minsi ya mbere y’iyi ntambara.
-
Umusizikazi Dinah yagaragaje ko yitegura kwibaruka imfura
10 September 2025, by ISIMBI EstellaUmusizikazi Kampire Elizabeth Dinah umenyerewe nka Dinah Poetes yagaragaje ko yitegura kwibaruka imfura ye yerekana ibyishimishimo yatewe n’ibirori yakorewe byo kwitegura umwana avuga ko byamurenze uburyo byakozwemo.
Umuryango.rw
NIYIDUKUNDA Nelly Joel yasabye guhindura amazina akitwa Joel Carter NIYIDUKUNDA
Kinshasa: Urukiko rwemeje igihe ruzatangira kuburanisha Constant Mutamba
Umunya-Niger Moctar yagarutse mu biganiro n’umukunzi we France Mpundu
Ingabo za Amerika zishe umuyobozi wa ISIS
Mu karere ka Karongi Umusore yishe mugenzi we bapfa telefone
Umuraperi Silentó yakatiwe gufungwa imyaka 30
Sobanukirwa ibyiza by’inanasi n’akamaro kayo ku umubiri
U Rwanda ruyoboye ibihugu bitekanye muri Afurika mu 2025
Umusizikazi Dinah yagaragaje ko yitegura kwibaruka imfura