Perezida Paul Kagame, Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, João Lourenço wa Angola na Felix Tshisekedi wa RDC basinye amasezerano bahuriyeho uko ari bane y’ubufatanye n’umutekano.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida Kagame na Museveni basinye amasezerano y’ubufatanye n’umutekano
21 August 2019, by Dusingizimana Remy -
Zongeye kubyara amahari hagati ya Fayulu na Perezida Tshisekedi
30 June 2025, by ISIMBI EstellaUmwuka mubi wongeye gututumba hagati y’umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Martin Fayulu, na Perezida Félix Tshisekedi.
-
DJ Cuppy yahuye na Ambasaderi Johnston Busingye
27 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuFlorence Ifeoluwa Otedola wamamaye nka DJ Cuppy uri mu bavanga imiziki bafite izina rikomeye muri Nigeria ndetse no ku Isi muri rusange, yagaragaje ibyishimo nyuma yo gusura Ambasade y’u Rwanda mu Bwongereza akanagirana ibiganiro na Ambasaderi Busingye Johnston.
-
Mu butumwa bukomeye Joseph Kabila yageneye Abanyekongo yaberuriye icyo yifuza
15 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuJoseph Kabila Kabange wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yageneye Abanyekongo ubutumwa, abamenyesha ko adashobora kwicara ngo arebere Igihugu cyabo kirindimurwa n’ubutegetsi bwamusimbuye, bityo ko agomba gukoresha ubunarabibunye bwe akagisubizo ku murongo, kandi ko yiteguye kongera kukiyobora.
-
Ibibazo Trump afitanye na Afurika y’Epfo ntibizatuma yitabira inama ya ‘G20’
31 July 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko atazitabira inama ya ‘G20’ izabera muri Afurika y’Epfo kubera ibibazo afitanye n’iki gihugu.
-
Umugore yafatanywe umurambo w’umwana we akekwaho kwica yawushyize mu ivalisi
29 March, by Angeline MUKANGENZIUmugore yafatiwe mu mujyi wa Ngozi afite umurambo w’umwana we, bikavugwa ko yamwishe umurambo akawushyira mu ivalisi.
-
Kicukiro: Bishop Harerimana yasabiwe igifungo cy’Imyaka irindwi
22 April, by Angeline MUKANGENZIKu wa 21 Mata 2026, Bishop Harerimana wahoze ayobora Zeraphat Holy Church yitabye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro mu iburanisha ryabereye mu ruhame, bitandukanye n’ibyabanje byibanze ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo.
-
Leta ya RDC iri kugerageza guhimba impamvu yo kudasenya FDLR
14 January, by Angeline MUKANGENZIMu gihe amezi abaye menshi Abanyarwanda n’Abanye-Congo bategereje ko ibikorwa byo gusenya umutwe w’iterabwoba wa FDLR bitangira, ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo buri kugerageza guhimba impamvu yo kutabikora.
-
APR FC yasezereye AS Kigali mu Gikombe cy’Intwari 2025 ( Amafoto)
28 January 2025, by Joseph IradukundaAPR FC yatsinze AS Kigali ibitego 2-0 mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Intwari cya 2025, ibona itike yo gukina umukino wa nyuma.
-
Dore ikigero cy’imyaka washakamo umugore ukizera ko muzarambana
30 September 2024, by Joseph IradukundaIngingo y’imyaka ikwiye umuntu yashyingirirwamo ni imwe mu zitavugwaho rumwe hashingiwe ku mpamvu zitandukanye zirimo imyumvire, ubumenyi ndetse n’imico y’abantu, ariko ubushakashatsi na bwo hari icyo buyivugaho.
Umuryango.rw
Zongeye kubyara amahari hagati ya Fayulu na Perezida Tshisekedi
DJ Cuppy yahuye na Ambasaderi Johnston Busingye
Mu butumwa bukomeye Joseph Kabila yageneye Abanyekongo yaberuriye icyo yifuza
Ibibazo Trump afitanye na Afurika y’Epfo ntibizatuma yitabira inama ya ‘G20’
Umugore yafatanywe umurambo w’umwana we akekwaho kwica yawushyize mu ivalisi
Kicukiro: Bishop Harerimana yasabiwe igifungo cy’Imyaka irindwi
Leta ya RDC iri kugerageza guhimba impamvu yo kudasenya FDLR
APR FC yasezereye AS Kigali mu Gikombe cy’Intwari 2025 ( Amafoto)
Dore ikigero cy’imyaka washakamo umugore ukizera ko muzarambana