Umutoza mushya wa Rayon Sports, Bruno Ferry, yatangiye gutekereza kuri APR FC kugira ngo azahangane na yo ku mukino wa Super Cup uteganyijwe mu kwezi gutaha.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Bruno Ferry wa Rayon Sports yatangiye gutekereza kuri APR FC
22 December 2025, by ISIMBI Estella -
Amerika: Indege ebyiri zagonganiye mu kirere
30 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIndege zirimo kajugujugu y’igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yo mu bwoko bwa Sikorsky H-60, yagonganye n’indege ya gisivile yo mu bwoko bwa Bombardier CRJ700 y’ikigo cya PSA Airlines, ibikorwa by’ubutabazi bihita bitangira.
-
Walikale: Umusirikare wasinze yishe bagenzi be batatu, akomeretsa benshi
25 June 2025, by ISIMBI EstellaUmusirikare wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yishe arashe bagenzi be batatu muri gurupoma ya Luberike muri Teritwari ya Walikale, abandi umunani barakomereka.
-
Tanzania: Gushimuta no kwica uyu utavugarumwe n’ubutegetsi byarakaje benshi mu gihugu
9 September 2024, by Joseph IradukundaPerezida Samia Suluhu wa Tanzania yategetse ko hakorwa iperereza ku iyicwa ry’umwe mu batavugarumwe n’ubutegetsi bakomeye muri Tanzania.
-
Perezida wa Amerika Donald Trump yakorewe ibizamini by’ubuzima harimo n’ubwo mu mutwe
12 April 2025, by Angeline MUKANGENZIDonald Trump, Perezida wa Gatatu ukuze wayoboye Amerika, yakorewe isuzuma ry’ubuzima bwe harimo n’ubwo mu mutwe, rya mbere kuva yatangira manda ya kabiri.
-
Tshisekedi yaganirije Macron ku mukandida ashaka ko azahatana na Mushikiwabo ku buyobozi bwa OIF
26 February, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yaganiriye na mugenzi we uyobora u Bufaransa, Emmanuel Macron, ku mukandida w’Umunye-Congo ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF).
-
Butera Knowless wagiye gutaramira abo muri Uganda yakiranwe ubwuzu (Amafoto)
10 December 2024, by Joseph IradukundaButera Knowless utegerejwe mu gitaramo kizabera muri ‘Nomad bar and grill’ muri Uganda, yamaze kugera mu Mujyi wa Kampala mu gitondo cyo kuri uyu wa 10 Ukuboza 2024.
-
Papa Iddy wo muri filimi Umuturanyi yahishuye ko yatawe n’umugore
19 February, by ISIMBI EstellaUmukunnyi wa filimi Harerimana Is’haq wamenyekanye cyane nka Papa Iddy muri filimi y’uruhererekane yitwa Umuturanyi, yagaragarije abamukurikira ko ari mu bihe bitamworoheye by’uko umugore we yahukanye asaba abamukurikira kubungabunga icyizere cyabo ku bo bashakanye.
-
Ariana Grande yongeye kugaragaza ko adashyigikiye imiyoborere ya Trump
29 September 2025, by ISIMBI EstellaUmuririmbyi Ariana Grande yongeye kugaragaza ko atishimira ubuyobozi bwa Donald Trump, anibaza impamvu abantu bamutoye bakomeje kumushyigikira.
-
Rubavu: Yafashwe amaze kwiba umukobwa 120 000 Frw kuri MoMo
4 October 2025, by ISIMBI EstellaNiyonizeye Emmanuel w’imyaka 23 uvuga ko ari uwo mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali yafatiwe mu Murenge wa Kanzenze, Akarere ka Rubavu amaze kwibira kuri telefoni amafaranga 120 000 umukobwa witwa Turikumwenimana Dorcas ucururiza Mobile Money mu Mudugudu wa Nyamirango, Akagari ka Nyamirango, Umurenge wa Kanzenze mu Karere ka Rubavu.
Umuryango.rw
Bruno Ferry wa Rayon Sports yatangiye gutekereza kuri APR FC
Amerika: Indege ebyiri zagonganiye mu kirere
Walikale: Umusirikare wasinze yishe bagenzi be batatu, akomeretsa benshi
Tanzania: Gushimuta no kwica uyu utavugarumwe n’ubutegetsi byarakaje benshi mu gihugu
Perezida wa Amerika Donald Trump yakorewe ibizamini by’ubuzima harimo n’ubwo mu mutwe
Tshisekedi yaganirije Macron ku mukandida ashaka ko azahatana na Mushikiwabo ku buyobozi bwa OIF
Butera Knowless wagiye gutaramira abo muri Uganda yakiranwe ubwuzu (Amafoto)
Papa Iddy wo muri filimi Umuturanyi yahishuye ko yatawe n’umugore
Ariana Grande yongeye kugaragaza ko adashyigikiye imiyoborere ya Trump
Rubavu: Yafashwe amaze kwiba umukobwa 120 000 Frw kuri MoMo