Umukinnyi w’umupira w’amaguru wabigize umwuga, Kimenyi Yves, yanyomoje amakuru amaze iminsi acicikana ku mbuga nkoranyambaga yavugaga ko yatandukanye n’umugore we Uwase Muyango Claudine wegukanye ikamba ry’umukobwa uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda ya 2019.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kimenyi Yves yanyomoje ibyo gutandukana na Miss Muyango
21 March 2025, by ISIMBI Estella -
Perezida Assimi Goïta yavuze ko abagabye ibitero i Bamako bose bazicwa
29 April, by ISIMBI EstellaPerezida wa Mali, Assimi Goïta yagaragaye bwa mbere mu ruhame nyuma y’ibitero byagabwe n’imitwe y’iterabwoba muri Mali, avuga ko iyo mitwe bagomba kuyirimbura yose.
-
Minisitiri Kayikwamba wa DRC yashimye ubufasha Afurika y’Epfo yahaye igihugu cye binyuze mu butumwa bwa SADC.
27 March 2025, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Thérèse Kayikwamba Wagner,kuri uyu wa 27 werurwe 2025 yagiriye uruzinduko muri Afurika y’Epfo nyuma yo kuva mu bihugu bya Burundi na Tanzania.
-
Hari abahura n’ikibazo cyo kunanirwa gutera akabariro, ese biravurwa? Umva icyo abaganga babivugaho
11 June 2019, by UbwanditsiUbusanzwe umuntu muzima agira imbaraga zimusunika zimwerekeza ku kumva ashaka gukora imibonano mpuzabitsina (Libido). Byaje kugaragara cyane ko rero mu Rwanda hari umubare munini w’abafite iki kibazo cya Libido idakora neza cyangwa se yanakora ugasanga uri gutera akabariro intege zicitse hakiri kare.
-
Perezida Trump yemeranyije na Putin gutangira ibiganiro bihagarika intambara muri Ukraine
13 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko yagiranye ikiganiro kuri telefoni na mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir Putin, bemeranya ko bagiye gutangira ibiganiro bigamije guhagarika intambara u Burusiya buhanganyemo na Ukraine.
-
Joshua Baraka yatunguwe n’imfura ya DJ Pius yamucurangiye indirimbo ‘Wrong Places’
16 September 2025, by ISIMBI EstellaYuhi Abriel cyangwa se Yuhi wa Rukabu akaba imfura ya DJ Pius aherutse gutungura Joshua Baraka amucurangira indirimbo ‘Wrong Places’ anayimuririmbira.
-
Abagera kuri 58 bamaze guhitanwa n’ibitero Amerika yagabye muri Yemen
18 April 2025, by Angeline MUKANGENZIIbitero by’indege byagabwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku cyambu cya Ras Isa muri Yemen bimaze guhitana abantu 58 abandi 126 barakomereka, nk’uko byatangajwe n’ibitangazamakuru by’ishami ry’umutwe w’abarwanyi b’Abahouthi
-
Mr Eazi yakoze ubukwe
10 August 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi w’Umunya-Nigeria, Oluwatosin Ajibade, uzwi cyane nka Mr Eazi, n’umukinnyi wa filime, Temi Otedola, umukobwa w’umukire Femi Otedola, bakoze ubukwe bwabereye muri Iceland mu ibanga rikomeye.
-
Trump yongeye kuburira Iran yigambye kuzakomeza umugambi wo gukora intwaro za nucléaire
29 July 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yaburiye Iran avuga ko mu gihe yakongera kugerageza gukora intwaro za nucléaire, igihugu cye kizongera kuzisenya mu kanya nk’ako guhumbya.
-
Ibitaravuzwe ku gitero AFC/M23 yagabye ku kibuga cy’indege cya Kisangani
5 February, by Angeline MUKANGENZIIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko mu ijoro ryo ku wa 31 Mutarama kugeza ku ya 1 Gashyantare 2026 ryagabye igitero cya drones ku kibuga cy’indege cya Bangoka, i Kisangani mu Ntara ya Tshopo.
Umuryango.rw
Kimenyi Yves yanyomoje ibyo gutandukana na Miss Muyango
Perezida Assimi Goïta yavuze ko abagabye ibitero i Bamako bose bazicwa
Minisitiri Kayikwamba wa DRC yashimye ubufasha Afurika y’Epfo yahaye igihugu cye binyuze mu butumwa bwa SADC.
Hari abahura n’ikibazo cyo kunanirwa gutera akabariro, ese biravurwa? Umva icyo abaganga babivugaho
Perezida Trump yemeranyije na Putin gutangira ibiganiro bihagarika intambara muri Ukraine
Joshua Baraka yatunguwe n’imfura ya DJ Pius yamucurangiye indirimbo ‘Wrong Places’
Abagera kuri 58 bamaze guhitanwa n’ibitero Amerika yagabye muri Yemen
Mr Eazi yakoze ubukwe
Trump yongeye kuburira Iran yigambye kuzakomeza umugambi wo gukora intwaro za nucléaire
Ibitaravuzwe ku gitero AFC/M23 yagabye ku kibuga cy’indege cya Kisangani