BEFA Language school ni Ikigo kigisha indimi zigera kuri 12 mu buryo bugezweho bufasha abiga kumenya indimi vuba ndetse kikigisha n’amategeko y’ umuhanda kandi nabyo mu buryo bugezweho bunahendutse.
BEFA ni ishuri rya mbere mu Rwanda mu kwigisha indimi kuko dukoresha uburyo bwitwa VIVA akaba ari uburyo bwo kwigisha indimi bugendeye ku mategeko karemano yo kwiga ururimi. Uburyo bwa viva bujya gusa neza n’uburyo twifashishije twiga ururimi rwacu kavukire.
VIVA yavumbuwe na mwarimu witwa (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
BEFA LANGUAGE SCHOOL: Ikigo kigisha indimi zigezweho, amategeko y’umuhanda no gutwara imodoka
29 June 2021, by Ubwanditsi -
Mugabe Aristide wabaye kapiteni w’Ikipe y’Igihugu yasezeye burundu basketball
10 February, by Angeline MUKANGENZIMugabe Aristide wakiniye amakipe anyuranye mu mukino wa Basketball n’iy’Igihugu yanabereye Kapiteni wayo, yatangaje ko yahagaritse burundu gukina uyu mukino nk’uwabigize umwuga.
-
Burundi: Abapolisi 2 n’Umunyamabanga Mukuru wa FFB bafunzwe bazira kuganira ku ntambara yo muri RDC
8 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbantu bane bo mu muryango umwe bafungiwe muri Gereza Nkuru ya Mpimba i Bujumbura nyuma yo kuganira mu itsinda rya WhatsApp ku byerekeye intambara yo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC).
-
Cardi B yatandukanye n’umusore yari yasimbuje Offset?
8 July 2025, by ISIMBI EstellaUmuraperi Belcalis Marlenis Cephus wamenyekanye nka Cardi B, arakekwaho gutandukana na Stefon Diggs wamenyekanye mu mukino wa NFL; bari bamaze igihe gito bari mu rukundo.
-
Abanyeshuri basubukuye amasomo y’igihembwe cya Gatatu basabwe kurangwa n’Ubumwe n’Ubupfura
20 April, by ISIMBI EstellaKuri uyu wa Mbere, abanyeshuri biga mu mashuri abanza ndetse n’ayisumbuye basubukuye amasomo y’Igihembwe cya gatatu cy’amashuri cy’umwaka w’amashuri wa 2025/26.
-
Ibyubucuruzi bw’ibiyobyabwenge bwakorwaga n’umuryango wa Perezida Habyarimana
14 April 2025, by ISIMBI EstellaAkazu, ryari itsinda ry’abantu bake bose b’inkoramutima za Habyarimana n’umugore we. Mu yandi magambo yoroshye kumva, Akazu kari kagizwe na Habyarimana na baramu be na Agatha Kanziga. Ni ko kagenzuraga igihugu haba mu by’ubukungu, ibya gisirikare, itangazamakuru n’izindi nzego zikomeye.
-
RDB yinjiye mu iperereza ku birego bya serivisi mbi muri Hoteli Château Le Marara
16 July 2025, by ISIMBI EstellaUrwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere (RDB) rwatangiye iperereza ku birego by’imitangire mibi ya serivisi, bivugwa muri hoteli Château Le Marara iherereye mu Karere ka Karongi.
-
Bangladesh yasohoye impapuro zo guta muri yombi umudepitekazi wo mu Bwongereza
14 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUrukiko rwo muri Bangladesh rurasaba ifatwa rya Tulip Siddiq, umwisengeneza wa Sheikh Hasina wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Bangladesh wirukanwe ku butegetsi
-
Ramaphosa yabwiye Trump ko politike yo kwigumura ntacyo yamugezaho
13 November 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo yavuze ko politiki yo kwigumura ntacyo yageraho ubwo yasubizaga icyemezo cya Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyo kutitabira inama y’abakuru b’ibihugu bya G20 izabera i Johannesburg muri uku kwezi.
-
Perezida Kagame yavuze ku mico idahwitse ikomeje kudindiza ruhaga Nyarwanda
4 July 2025, by Joseph IradukundaPerezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yagarutse ku bakoresha ibintu bitandukanye no gukina umupira w’amaguru baziko biraza gutuma babona intsinzi.
Umuryango.rw
BEFA LANGUAGE SCHOOL: Ikigo kigisha indimi zigezweho, amategeko y’umuhanda no gutwara imodoka
Burundi: Abapolisi 2 n’Umunyamabanga Mukuru wa FFB bafunzwe bazira kuganira ku ntambara yo muri RDC
Cardi B yatandukanye n’umusore yari yasimbuje Offset?
Abanyeshuri basubukuye amasomo y’igihembwe cya Gatatu basabwe kurangwa n’Ubumwe n’Ubupfura
Ibyubucuruzi bw’ibiyobyabwenge bwakorwaga n’umuryango wa Perezida Habyarimana
RDB yinjiye mu iperereza ku birego bya serivisi mbi muri Hoteli Château Le Marara
Bangladesh yasohoye impapuro zo guta muri yombi umudepitekazi wo mu Bwongereza
Ramaphosa yabwiye Trump ko politike yo kwigumura ntacyo yamugezaho
Perezida Kagame yavuze ku mico idahwitse ikomeje kudindiza ruhaga Nyarwanda