Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bacana urumuri rw’icyizere cyerekana ahazaza h’Abanyarwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida Kagame yatangije icyumweru cy’icyunamo acana urumuri rw’icyizere
7 April 2025, by Angeline MUKANGENZI -
Uganda: Umusirikare mukuru yapfuye ajya gushyingura uwari Umugaba wungirije w’ingabo zirwanira ku butaka
11 February, by ISIMBI EstellaMaj. Gen Deus Sande wari Umuyobozi wa Diviziyo irwanisha imodoka z’intambara ikorera mu gace ka Masaka muri Uganda, yapfuye ubwo yari mu rugendo ajya gushyingura mugenzi we.
-
Amerika igiye kugirana na Iran ibiganiro byerekeye intwaro z’ubumara
8 April 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko igihugu cye kigiye kugirana ibiganiro na Iran ku bijyanye no guhagarika ikorwa ry’intwaro z’ubumara muri Iran.
-
Minisitiri Sebahizi yatangaje ko u Rwanda rudakeneye gutimiza Sima mu mahanga
2 June 2025, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Prudence Sebahizi, yatangaje ko u Rwanda rudakeneye gutumiza ku isoko ryo hanze sima kuko inganda z’imbere mu gihugu zifite ubushobozi bwo guhaza isoko ry’abubatsi.
-
BK Arena yuzuye ibyishimo mu gitaramo cya Shenseea na Mavado
4 January, by ISIMBI EstellaMu ijoro ryo ku wa 3 Mutarama 2026, abahanzi bakomeye baturuka muri Jamaica, Shenseea na Mavado, bakoze igitaramo cy’amateka muri BK Arena, cyitabiriwe n’abakunzi b’umuziki batandukanye.
-
Diviziyo ya 5 ya RDF yatsinzwe n’iya 2 ya UPDF mu mukino wa gicuti
2 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe y’Ingabo z’u Rwanda (RDF) ya Diviziyo ya 5 yatsinzwe kuri penaliti 4-3, mu mukino wa gicuti w’umupira w’amaguru wayihuje n’iy’Ingabo za Uganda (UPDF) ya Diviziyo ya 2.
-
USA: Umugabo yatwitse abantu umunani
2 June 2025, by Angeline MUKANGENZIUmugabo yatwitse abantu umunani bari mu myigaragambyo y’abantu bifatanyije n’imfungwa zabanya-Isirael zafashwe n’umutwe wa Hamas.
-
Kinshasa: Ubushinjacyaha bwariye indimi mu rubanza rwa Lt Gen Yav bushinja gukorana n’u Rwanda
22 April, by ISIMBI EstellaKu wa 21 Mata 2026, Ubushinjacyaha bw’Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwandagarijwe mu rubanza rwa Lt Gen Philémon Yav Irung ushinjwa gukorana na Leta y’u Rwanda.
-
Dosiye y’Uwaguye Transit Center yinjiyemo abaganga
27 September 2024, by Joseph IradukundaAbaganga baje mu rukiko gusobanura raporo bakoze ku muntu waguye muri Transit Center bikekwa ko yishwe n’abantu batandukanye barimo abapolisi.
-
Kimisagara: Umusekirite yakubise umugore utwite agwa igihumure
3 February, by ISIMBI EstellaUmusekirite ukora mu nyubako y’inkundamahoro iherereye mu Murenge wa Kimisagara,Akarere ka Nyarugenge yakubise mu buryo bukomeye umugore utwite inda y’amezi arindwi agwa igihumure
Umuryango.rw
Perezida Kagame yatangije icyumweru cy’icyunamo acana urumuri rw’icyizere
Uganda: Umusirikare mukuru yapfuye ajya gushyingura uwari Umugaba wungirije w’ingabo zirwanira ku butaka
Amerika igiye kugirana na Iran ibiganiro byerekeye intwaro z’ubumara
Minisitiri Sebahizi yatangaje ko u Rwanda rudakeneye gutimiza Sima mu mahanga
BK Arena yuzuye ibyishimo mu gitaramo cya Shenseea na Mavado
Diviziyo ya 5 ya RDF yatsinzwe n’iya 2 ya UPDF mu mukino wa gicuti
USA: Umugabo yatwitse abantu umunani
Kinshasa: Ubushinjacyaha bwariye indimi mu rubanza rwa Lt Gen Yav bushinja gukorana n’u Rwanda
Dosiye y’Uwaguye Transit Center yinjiyemo abaganga
Kimisagara: Umusekirite yakubise umugore utwite agwa igihumure