Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yahagaharitse ibikorwa bya Politiki by’Ishyaka rya Joseph Kabila rizwi nka ‘Parti du Peuple pour la Reconstruction et la Démocratie (PPRD), rishinjwa gushyigikira M23.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
RDC: Ishyaka rya Kabila ryahagaritswe
21 April 2025, by ISIMBI Estella -
Mu Rwanda ubukeneye bwagabanyutseho 12,4%
16 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUbushakashatsi bwa karindwi ku Mibereho y’Ingo muri Rusange (EICV7) bwagaragaje ko ubukene mu Banyarwanda bwagabanyutse mu myaka irindwi ishize bitewe n’imirimo myinshi yahanzwe, ituma ibyo Umunyarwanda yinjiza birushaho kwiyongera.
-
Intumwa za Uganda ziyobowe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga ziri mu Rwanda
16 September 2019, by Martin MunezeroKuri uyu wa mbere abayobozi ku ruhande rw’u Rwanda na Uganda baragirana inama, mu rwego rwo kurebera hamwe ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’ubwumvikane hagati y’ibihugu byombi yashyiriweho umukono i Luanda muri Angola mu kwezi gushize.
-
FARDC iri guhabwa za burende zo kuyifasha guhangana na M23
23 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIgisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), kiri kwakira ibimodoka bya burende birenga 100 kiri guhabwa na sosiyete ya International Golden Group (IGG) yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu.
-
Ibice M23 yafashe byarenze kure ibyo yagenzuraga mu 2012
10 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi w’ubutumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Bintou Keita, yatangaje ko ibice umutwe witwaje intwaro wa M23 ugenzura ubu bikubye kabiri ibyo yagenzuraga mu 2012.
-
Uganda: Museveni agiye gukurikiranira hafi abanyamadini bavuga ko bakiza indwara
16 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Yoweri Museveni wa Uganda, kuri iki Cyumweru, itariki 15 Ukuboza 2024, yatangaje imigambi yo gutangira gukurikiranira hafi ibikorwa by’abayobozi b’amadini bavuga ko bakora ibitangaza byo gukiza indwara.
-
Ibitutsi, umujinya, gushinjanya ubusambanyi.., ishusho y’urukundo rw’ibyamamare n’inkumi
11 October 2017, by Iyamuremye JanvierMasambo Nyangezi, umuhanzi w’umunyarwanda wabaye umusizi mu ngazo yihariye wakunzwe na benshi mu ndirimbo zikubiye ku mizingo itandukanye yashyize hanze, yanditse indirimbo yise ‘Mico Myiza’ yateruye agira ati “Umugore w’imico myiza ni inde wamubonye,ntabwo ahanganira gutegeka icyo aharanira si uburinganire ntiyiringaniza ngo abe kanagazi ahubwo ashaka ubwuzuzanye bw’ubaka.”
Yasaga n’ushushanya uburyo bw’imibanire ikwiye kuranga umuhungu n’umukobwa bari mu rukundo.Mu gitabo ‘Bibiliya’ (…) -
U Rwanda na RDC bizakomeza ibiganiro kuri FDLR no ku ngamba z’ubwirinzi
23 October 2025, by ISIMBI EstellaIntumwa z’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zemeranyije ko mu kwezi gutaha zizongera guhurira mu nama y’urwego ruhuriweho rw’umutekano yiga ku gusenya umutwe w’iterabwoba wa FDLR no gukuraho ingamba z’ubwirinzi.
-
Urukiko twategetse Umujyi wa Kampala guhindura amazina y’imihanda yitiriwe abakoloni
5 March 2025, by Pacifique NKURUNZIZAMuri Uganda, urukiko rukuru rwategetse ubuyobozi bw’Umujyi wa Kampala, gutangiza gahunda yo guhindura amazina y’imihanda imwe n’imwe yo muri uwo Mujyi, yitiriwe abakoloni b’Abongereza bakolonije icyo gihugu.
-
Ngororero: Ikamyo yagonganye na Coaster, bane barakomereka
22 June 2025, by ISIMBI EstellaIkamyo yagonganye na ‘Coaster’ itwara abantu mu buryo bwa rusange mu Karere ka Ngororero, bane barakomereka.
Iyi mpanuka yabaye ku wa Gatandatu tariki 21 Kamena 2025, mu masaha ya nyuma ya Saa Sita, mu Murenge wa Nyange, mu Kagari ka Gaseke.
Umuryango.rw
RDC: Ishyaka rya Kabila ryahagaritswe
Mu Rwanda ubukeneye bwagabanyutseho 12,4%
FARDC iri guhabwa za burende zo kuyifasha guhangana na M23
Ibice M23 yafashe byarenze kure ibyo yagenzuraga mu 2012
Uganda: Museveni agiye gukurikiranira hafi abanyamadini bavuga ko bakiza indwara
U Rwanda na RDC bizakomeza ibiganiro kuri FDLR no ku ngamba z’ubwirinzi
Urukiko twategetse Umujyi wa Kampala guhindura amazina y’imihanda yitiriwe abakoloni
Ngororero: Ikamyo yagonganye na Coaster, bane barakomereka