Yago Pon Dat usanzwe afatanya umuziki n’itangazamakuru, yasabye imbabazi abantu batandukanye yagiye yibasira umwaka ushize, abasaba ubufasha bwo kumushyigikira nyuma yo gushyira hanze album nshya.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Yago yasabye imbabazi abarimo Dj Brianne, Murungi Sabin na Bruce Melodie yibasiye mu minsi ishize
11 August 2025, by ISIMBI Estella -
Umugabo wagabye igitero kuri perezida wa Comores yapfiriye muri gereza
15 September 2024, by Joseph IradukundaUmugabo watawe muri yombi ku wa gatanu kubera kugaba igitero kuri perezida w’ibirwa (amazinga mu Kirundi) bya Comores akoresheje icyuma yasanzwe muri gereza yapfuye, nkuko abategetsi baho babivuga.
-
Amasura mashya mu Mavubi yahamagariwe guhangana na Nigeria na Zimbabwe
26 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutoza w’w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Adel Amrouche, yahamagaye abakinnyi 27 bazavamo abo azifashisha mu gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026 ku mikino u Rwanda ruzahuramo na Nigeria na Zimbabwe muri Nzeri 2025.
-
RDC yasabye LONI gukura ingabo z’u Rwanda ku butaka bwayo
27 March, by Angeline MUKANGENZIGuverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yongeye gusaba ko ingabo z’u Rwanda ziva ku butaka bwayo, ishimangira ko bikwiye gukorwa byihuse mu rwego rwo kubahiriza ubusugire n’ubwigenge by’igihugu.
-
Kigali: Imodoka yaguye hejuru y’inzu
1 December 2024, by Joseph IradukundaKu mugoroba wo ku itariki 30 Ugushyingo 2024 nibwo bamwe mu baturage b’i Remera mu Mujyi wa Kigali, batunguwe no kubona imodoka hejuru y’inzu, nk’uko ababibonye babitangaje.
-
Goma: Imfungwa zirenga 4000 zatorotse Gereza ya Munzenze
27 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuImfungwa 4400 zatorotse Gereza ya Munzenze iherereye mu mujyi wa Goma, intara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Guinée-Équatoriale:Umutegetsi yihaye akabyizi ku bagore barenga 400 barimo mushiki wa Perezida
5 November 2024, by Joseph IradukundaBaltasar Ebang Engonga usanzwe ari Umuyobozi w’Urwego rushinzwe iperereza ku mari muri Guinée-Équatoriale, akomeje kuvugisha abantu nyuma yo kuryamana n’abagore barenga 400 barimo n’ab’abayobozi bakomeye mu gihugu.
-
U Rwanda rugiye kwakira inama ya Africa CEO Forum
9 January, by ISHIMWE Jean de DieuU Rwanda rugiye kwakira inama ihuza abayobozi b’ibigo bitandukanye, abashoramari n’abanyapolitike baturutse muri Afurika ndetse no hirya no hino ku Isi. Ni inama izwi nka ‘Africa CEO Forum’.
-
Ibyo Putin asaba kugira ngo arangize intambara yo muri Ukraine nyuma yo guhura na Trump
22 August 2025, by ISIMBI EstellaPerezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yasobanuye ku mugaragaro ibisabwa kugira ngo ahagarike intambara muri Ukraine.
-
Ngoma: Guverineri Rubingisa yahumurije abarokotse Jenoside mu gushyingura Nduwamungu
22 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuNduwamungu Pauline uherutse kwicwa aciwe umutwe, yashyinguwe mu kuri uyu wa Kane mu muhango abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, bahumurijwe, bakabwirwa ko umutekano wabo ari nta makemwa.
Umuryango.rw
Yago yasabye imbabazi abarimo Dj Brianne, Murungi Sabin na Bruce Melodie yibasiye mu minsi ishize
Umugabo wagabye igitero kuri perezida wa Comores yapfiriye muri gereza
Amasura mashya mu Mavubi yahamagariwe guhangana na Nigeria na Zimbabwe
RDC yasabye LONI gukura ingabo z’u Rwanda ku butaka bwayo
Kigali: Imodoka yaguye hejuru y’inzu
Goma: Imfungwa zirenga 4000 zatorotse Gereza ya Munzenze
Guinée-Équatoriale:Umutegetsi yihaye akabyizi ku bagore barenga 400 barimo mushiki wa Perezida
U Rwanda rugiye kwakira inama ya Africa CEO Forum
Ibyo Putin asaba kugira ngo arangize intambara yo muri Ukraine nyuma yo guhura na Trump
Ngoma: Guverineri Rubingisa yahumurije abarokotse Jenoside mu gushyingura Nduwamungu