Byabaye ngombwa ko umushoferi ahagarara mu buryo butunguranye mu muhanda munini wo mu mujyi wa Melbourne muri Australia nyuma yuko arebye hasi agasanga inzoka yica iri imbere mu modoka ye – ndetse irimo kumutondagira ku kuguru.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Inzoka y’ubumara yatondagire ukuguru kw’umushoferi mu muhanda munini atwaye
1 December 2024, by Joseph Iradukunda -
Imyitwarire ya Will Smith na India Martínez ntabwo iri kuvuwaho rumwe
28 February 2025, by ISIMBI EstellaIcyamamare muri sinema n’umuziki, Will Smith, akomeje guterwa amabuye ku mbuga nkoranyambaga bitewe n’imyitwarire yagaragaje ku rubyiniro ari kumwe n’umuhanzikazi India Martínez.
-
MINIJUST yamaganye Abahesha b’inkiko b’umwuga batwara amafaranga y’abaturage
26 March, by Angeline MUKANGENZIMinisiteri y’Ubutabera mu Rwanda (MINIJUST) yamaganye bamwe mu bahesha b’inkiko b’umwuga barangiza imanza, by’umwihariko izijyanye na cyamunara, bagatwara amafaranga yavuyemo, bakayakerereza cyangwa ntibayashyikirize abo agenewe, bikabateza igihombo.
-
Mu gitaramo cya Hip Hop, Fireman yunamiye abaraperi bitabye Imana
17 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuraperi Uwimana Francis wamamaye nka Fireman wari mu baraperi 11 bataramiye abitabiriye igitaramo "Keep It 100 Experience" cyabereye muri Kigali Universe, yagisoje yunamira abaraperi bose bitabye Imana.
-
IREBERE BAMWE MU BASTAR BA SHOWBIZ NYARWANDA BAKIRI KU CYAVU(AMAFOTO)
4 February 2025, by ISIMBI EstellaBamwe mu byamamare mu myidagaduro yo mu Rwanda banyuze mu nzira irimo ibimene by’amacupa kugirango babashe kugera ku gasongero. muriyi nkuru mutwemerere turebere hamwe mu mafoto uko bamwe mu byamamare bari bameze mu myaka yatambutse.
-
peresida w’u Burundi yavuze ko kuba AFC/M23 ikomeza gufata ibice bitandukanye bidakwiye kubazwa Ingabo z’igihugu cye
25 March 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko kuba abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa M23 bakomeje gufata ibice byo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bitabazwa abasirikare b’igihugu cye.
-
Abasirikare ba Afurika y’Epfo bakomerekeye muri RDC baracyari mu bitaro
3 May 2025, by Angeline MUKANGENZIAbasirikare bane ba Afurika y’Epfo bakomerekeye mu mirwano bahanganyemo n’umutwe witwaje intwaro wa M23 mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu mpera za Mutarama 2025, baracyari mu bitaro.
-
AFC/M23 irashinja ihuriro rishyigikiye Kinshasa kugaba ibitero simusiga ku baturage
31 March, by Angeline MUKANGENZIKuva mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 31 Werurwe 2026, ihuriro ry’ingabo zishyigikiye ubutegetsi bwa Kinshasa ririmo FARDC, FDLR, imitwe yitwara gisirikare ya Wazalendo, abacanshuro ndetse n’ingabo z’u Burundi, ryagabye ibitero bikomeye ku mirongo yose y’imbere y’urugamba.
-
’Rocket’ ya SpaceX yakoze impanuka ku nshuro ya kane muri uyu mwaka
20 June 2025, by ISIMBI EstellaRocket y’Ikigo cya SpaceX yashwanyukiye aho yari igiye gutangirira urugendo ruyerekeza mu Isanzure, biba inshuro ya kane izi rocket nshya zigira ibibazo mu rugendo rwazo.
-
Rayon Sports yashyize hanze ibiciro bya ‘Rayon Day’
22 July 2025, by Joseph IradukundaIkipe ya Rayon Sports ikomeje gutegura ibirori by’Umunsi w’igikundiro (Rayon Day), yashyize hanze ibiciro byo kwinjira birimo aho itike ya menshi igura miliyoni 2 Frw naho iya make ikaba 3000 Frw.
Umuryango.rw
Inzoka y’ubumara yatondagire ukuguru kw’umushoferi mu muhanda munini atwaye
Imyitwarire ya Will Smith na India Martínez ntabwo iri kuvuwaho rumwe
MINIJUST yamaganye Abahesha b’inkiko b’umwuga batwara amafaranga y’abaturage
Mu gitaramo cya Hip Hop, Fireman yunamiye abaraperi bitabye Imana
IREBERE BAMWE MU BASTAR BA SHOWBIZ NYARWANDA BAKIRI KU CYAVU(AMAFOTO)
peresida w’u Burundi yavuze ko kuba AFC/M23 ikomeza gufata ibice bitandukanye bidakwiye kubazwa Ingabo z’igihugu cye
Abasirikare ba Afurika y’Epfo bakomerekeye muri RDC baracyari mu bitaro
AFC/M23 irashinja ihuriro rishyigikiye Kinshasa kugaba ibitero simusiga ku baturage
’Rocket’ ya SpaceX yakoze impanuka ku nshuro ya kane muri uyu mwaka
Rayon Sports yashyize hanze ibiciro bya ‘Rayon Day’