Ikipe ya Rayon Sports ikomeje gushakisha abakinnyi bazayifasha gukomeza kwitwara neza mu mikino yo kwishyura ya Shampiyona y’u Rwanda aho byatangajwe ko iri mu biganiro n’umukinnyi w’Umunya-Uganda, Bayo Aziz Fahad.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Rayon Sports igiye gusinyisha rutahizamu mushya
9 January 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Karongi: Arashimira Leta yamwubakiye ikamukura mu bwigunge
26 August 2025, by ISIMBI EstellaUmuturage wo mu Karere ka Karongi, yashimiye Leta y’u Rwanda yamufashije ikamukura mu bwigunge, ikamuha inka n’akazi muri VUP, bimufasha kubaho neza no kugira icyizere cy’ubuzima bitandukanye na mbere yavugaga ko yabaga hanze kubera kutagira icumbi.
-
Abapolisi barinda Minisitiri w’Intebe Suminwa barashinjwa kwica umupolisi
15 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKu wa Mbere, itariki ya 14 Mata 2025, Urukiko rwa Gisirikare rwa Kinshasa-Gombe, rwanze icyifuzo cyo kudatanga hakiri kare ibimenyetso by’ubushinjacyaha ku banyamategeko bunganira abapolisi barindwi barinda Minisitiri w’Intebe Judith Suminwa, bakurikiranweho kwica umupolisi wo mu muhanda, Fiston Kabeya.
-
Uwabaye Visi Perezida w’u Burundi yagaragaje ko ingabo z’u Burundi zishobora gukubitirwa hamwe na FDLR
16 May 2025, by Angeline MUKANGENZISenateri Gaston Sindimwo wabaye Visi Perezida w’u Burundi kuva mu 2015 kugeza mu 2020, yagaragaje ko ingabo z’igihugu cyabo zishobora gutsindirwa hamwe n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Tanzania: Hatashywe ikiraro cyitiriwe Magufuli
20 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan kuri uyu wa Kane tariki ya 19 Kamena 2025, yafunguye ku mugaragaro ikiraro cyitiriwe nyakwigendera Dr. John Pombe Magufuli wayoboye icyo gihugu.
-
RDC igiye kunyonga ikiciro cya gatatu cy’amabandi nyuma yo kwica andi 102
6 January 2025, by Joseph IradukundaRepubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu cyumweru gishize yishe amabandi 102 yakoraga ubujura bwitwaje intwaro, ndetse irateganya kwica andi arenga 70 mu minsi iri imbere; nk’uko Minisitiri w’Ubutabera muri iki gihugu yabitangarije Ibiro Ntaramakuru The Associated Press.
-
Yagiye gufungwa asigira umukunzi we miliyoni 2 agarutse asanga yarazibyajemo miliyoni 6
19 February 2025, by ISIMBI EstellaUrukundo uwo rushatse ruramusanga ni nk’urupfu iyo ruje rugatwara umuntu , Mu gukunda umwana nawe akagukunda wumva iteka yajya ahora akwicaye iruhande.
Iyo wumva inkuru za bigeze gukundana urukomeye nk’inyundo urugero nka Bonnie na Cylde , Romeo na Julliette , Paris na Helen, Roza na Jake , n’abandi benshi ushobora kugirango ni bene za nkuru babwira abana kugirango basinzire cyangwa ari zimwe mu nkuru zitabaho , gusa burya hari abahiriwe bagirirwa ingabire yo gukunda nabo barakundwa (…) -
Abakiristu Gatolika bifatanyije na Yezu mu nzira y’Umusaraba
18 April 2025, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa 18 mata 2025 Abakiristu basengera muri Kiliziya Gatolika, bemera ko umusaraba ari wo Yezu yabacunguje agatsinda Shitani n’urupfu, bakoze inzira y’umusaraba, barawuramya kandi batura Yezu Kristu ibibazo bibaremereye.
-
Umujenerali wa Sudani yavuze ko bashobora gutera Tchad na Sudani y’Epfo
25 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuSudani y’Epfo na Tchad byamaganye iterabwoba ryakozwe n’umujenerali wo muri Sudani wo hejuru, baburira ko hashobora kwiyongera amakimbirane mu karere.
-
Umuyobozi wa Astronomer yahagaritswe nyuma yo kubonwa mu gitaramo yahuje urugwiro n’umugore utari uwe
19 July 2025, by ISIMBI EstellaIkigo cy’ikoranabuhanga Astronomer cyatangaje ko cyahagaritse by’agateganyo Umuyobozi Mukuru wacyo, Andy Byron, nyuma y’amashusho yagaragaye yahuje urugwiro n’umuyobozi ushinzwe abakozi muri iki kigo, mu gitaramo cyabereye kuri Stade ya Gillette iherereye i Massachusetts muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Umuryango.rw
Rayon Sports igiye gusinyisha rutahizamu mushya
Karongi: Arashimira Leta yamwubakiye ikamukura mu bwigunge
Abapolisi barinda Minisitiri w’Intebe Suminwa barashinjwa kwica umupolisi
Uwabaye Visi Perezida w’u Burundi yagaragaje ko ingabo z’u Burundi zishobora gukubitirwa hamwe na FDLR
Tanzania: Hatashywe ikiraro cyitiriwe Magufuli
RDC igiye kunyonga ikiciro cya gatatu cy’amabandi nyuma yo kwica andi 102
Yagiye gufungwa asigira umukunzi we miliyoni 2 agarutse asanga yarazibyajemo miliyoni 6
Abakiristu Gatolika bifatanyije na Yezu mu nzira y’Umusaraba
Umujenerali wa Sudani yavuze ko bashobora gutera Tchad na Sudani y’Epfo
Umuyobozi wa Astronomer yahagaritswe nyuma yo kubonwa mu gitaramo yahuje urugwiro n’umugore utari uwe