Umunyamabanga Mukuru w’ishyaka UDPS riri ku butegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Augustin Kabuya, yibasiye abagaragaza ko bakunda Perezida Félix Tshisekedi kurusha umubyeyi we.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umukuru wa UDPS yibasiye abagaragaza ko bakunda Tshisekedi kurusha uwamubyaye
6 August 2025, by Joseph Iradukunda -
Tiger Woods yemeje ko ari mu rukundo n’uwari Umukazana wa Trump
24 March 2025, by ISIMBI EstellaKu itariki ya 23 Werurwe 2025, umukinnyi w’icyamamare mu mukino wa Golf, Tiger Woods, yatunguye iIsi yemeza ku mugaragaro ko ari mu rukundo na Vanessa Trump, wahoze ari umugore w’umuhungu wa Trump (Donald Trump Jr).
-
Rulindo: Umugore yagiye gutora Perezida yambaye ivara nk’ umugeni
9 August 2017Mu Rwanda amatora afatwa nk’ ibirori. Abanyarwanda bagereranya amatora n’ ubukwe bitewe n’ uko bayitegura nk’ abategura ubukwe. Umugore witwa Nzamukosha Venantie wo mu kagari ka Mvuzo Umurenge wa Murambi mu karere ka Rulindo yagiye gutora Perezida wa Repubulika yambaye ivara.
Uyu mugore uri mu kigero cy’ imyaka 45 wambaye ivara tariki 4 Kanama 2017, akajya kwifatanya n’ abandi banyarwanda gutora umukuru w’ igihugu ngo yabwiye bagenzi be ko ayo matora yari ubukwe bw’ umugeni we.
Kuva ku (…) -
Indangamuntu zarengeje igihe zabereye imbogamizi Abanya-Uganda bashaka kujya mu Rwanda
18 September 2025, by ISIMBI EstellaBamwe mu banya-Uganda bakunda gukorera ingendo mu Rwanda bakoresheje umupaka wa Cyanika, bahangayikishijwe n’uko basabwa amafaranga menshi kugira ngo bahabwe icyangombwa kibafasha kwambuka, nyuma y’uko benshi mu bafite indangamuntu muri icyo gihugu zatakaje igihe muri Gicurasi 2025.
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
19 March, by ISIMBI EstellaUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me KUBWIMANA EMMANUEL ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
-
Nsengimana Herman ngo yamenye ko FLN ari umutwe w’iterabwoba ageze mu Rwanda
29 April 2021, by Dusingizimana RemyUrugereko rwihariye rw’Urukiko Rukuru ruburanisha Ibyaha Mpuzamahanga n’Ibyambukiranya Imipaka rwakomeje kuburanisha urubanza ruregwamo Paul Rusesabagina wari Perezida w’Impuzamashyaka MRCD, Nsabimana Callixte wiyise Sankara na Nsengimana Herman bahoze ari abavugizi b’Umutwe w’Iterabwoba wa FLN n’abandi barwanyi 18.
-
Bwa mbere ‘robot’ yabaze umugore, imuhindurira ibihaha
23 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuRobot yo mu bitaro by’Ishami rya Kaminuza ya New York rishinzwe ubuvuzi, yabaze umugore w’imyaka 57 y’amavuko witwa Cheryl Mehrkar, imushyiramo ibindi bihaha.
-
Minisitiri Utumatwishima yibukije urubyiruko gukoresha neza imbuga nkoranyambaga kuko ari inkota y’amugi abiri
23 April 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr Utumatwishima Abdallah, yakomoje ku mikoreshereze y’imbuga nkoranyambaga ishobora kuba inkota y’amugi abiri bitewe n’ibibi n’ibyiza byazo, asaba urubyiruko kuzifashisha mu birufitiye umumaro.
-
Nyamirambo: Umusore yararanye indaya batandukanye ahita apfa
11 September 2024, by Joseph IradukundaAmayobera ni yose ku rupfu rwa Ndacyayisenga Valens wakoraga akazi k’ubumotari wapfuye nyuma yo gucyura indaya bakarara barwana ariko bamara gutandukana yanasubiye mu kazi akaza gushiramo umwuka.
-
Tiwa Savage ufite PhD mu muziki agiye guhugura ku buntu abahanzi 100 bakizamuka
27 February, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzikazi w’icyamamare mu njyana ya Afrobeats ku rwego mpuzamahanga, Tiwa Savage w’imyaka 46 ufite Impamyabumenyi y’Ikirenga (PhD) mu muziki, arimo kongera ishoramari mu hazaza h’umuziki wa Afurika.
Umuryango.rw
Umukuru wa UDPS yibasiye abagaragaza ko bakunda Tshisekedi kurusha uwamubyaye
Tiger Woods yemeje ko ari mu rukundo n’uwari Umukazana wa Trump
Indangamuntu zarengeje igihe zabereye imbogamizi Abanya-Uganda bashaka kujya mu Rwanda
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
Bwa mbere ‘robot’ yabaze umugore, imuhindurira ibihaha
Minisitiri Utumatwishima yibukije urubyiruko gukoresha neza imbuga nkoranyambaga kuko ari inkota y’amugi abiri
Nyamirambo: Umusore yararanye indaya batandukanye ahita apfa
Tiwa Savage ufite PhD mu muziki agiye guhugura ku buntu abahanzi 100 bakizamuka