Ni inkuru yasakaye mu bitangazamakuru byo muri Uganda kuri uyu wa Mbere tariki 25 Ugushyingo 2024, bitangajwe ni inshuti ye ya hafi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umuhanzikazi Sheebah Karungi yibarutse imfura y’umuhungu
25 November 2024, by Joseph Iradukunda -
Isesengura: Inzara mu bishobora gucyura shishitabona bamwe mu mpunzi z’abanyarwanda
9 January 2018, by Jules NTAHOBATUYEIminsi icyenda irashize nta munyarwanda ucyemerewe kwitwa impunzi kuko sitati yabwo ku babaga mu mahanga yarangiranye n’umwaka wa 2017 nyuma y’aho Leta y’u Rwanda igaragarije umuryango w’abibumbye ko nta mpamvu mu Rwanda yatuma abarutuye bahunga ndetse n’uyu muryango ukabyemeza nyuma yo gukora igenzura.
Amakuru aturuka mu ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku mpunzi mu Rwanda aravuga ko kugeza igihe iyi nkuru yasohokaga nta munyarwanda urinjira ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya (…) -
Perezida Kagame yakiriye Ellen DeGeneres washinze ikigo cyita ku ngagi mu Rwanda[AMAFOTO]
8 June 2022, by Rebecca UFITAMAHOROKuri uyu wa Gatatu, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye muri Village Urugwiro, Umuherwe Ellen DeGeneres n’umufasha we Portia de Rossi bari mu Rwanda aho batashye ku mugaragaro Ikigo cy’Ubushakashatsi ku kubungabunga ingagi mu Rwanda (Ellen DeGeneres Campus of The Dian Fossey Gorilla Fund).
Icyo kigo gikorera mu Murenge wa Kinigi Akarere ka Musanze, cyatashywe ku mugaragaro ku wa Kabiri taliki ya 7 Kamena, Perezida Kagame akaba yari ahagarariwe na Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente (…) -
MBARAGA Abdulhaakim yasabye guhindurirwa amazina akitwa NIYIGENA Abdulhakimu
29 January, by ISIMBI EstellaTuramenyesha ko Uwitwa MBARAGA Abdulhaakim yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa NIYIGENA Abdulhakimu mu bitabo byirangamimerere.
-
Kuri Asomusiyo hongeye kwibutswa ubutumwa bw’amabonekerwa ya Bikira Mariya i Kibeho
15 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa 15 Kamena Kiliziya Gatolika yongeye kwizihiza umunsi mukuru wa Asomusiyo ndetse hanaturwa igitambo cya Misa ku Isi hose.
-
ABAMBAJIMANA Elisabethe yasabye guhindura amazina akitwa ABASENGA Elisabeth
28 March, by ISIMBI EstellaABAMBAJIMANA Elisabethe yasabye guhindura amazina akitwa ABASENGA Elisabeth
-
Ethiopian Airlines yahagaritse ingendo zijya muri Tigray
29 January, by Angeline MUKANGENZIIngendo z’indege zitwara abagenzi hagati y’Umurwa Mukuru wa Ethiopia, Addis Ababa, n’imijyi yo mu majyaruguru y’Intara ya Tigray zahagaritswe, hakekwa ko imirwano yaba igiye kubura hagati y’Ingabo za Leta n’abarwanyi ba TPLF (Tigray People’s Liberation Front).
-
Perezida Trump yatangaje ko u Rwanda na RDC bigiye kubona amahoro
28 April 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bigiye kubona amahoro nyuma y’aho bigiranye amasezerano agena amahame y’ingenzi aganisha akarere ku mahoro n’umutekano birambye.
-
Rutsiro: Abagabo bahishuye ibyo bakorerwa n’abagore babo bakaryumaho n’impamvu baba badashaka ko bimenyekana
29 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuBamwe mu bagabo bo mu Murenge wa Kigeyo mu Karere ka Rutsiro, bavuga ko batakigira ijambo mu ngo zabo, kugeza n’aho hari abakubitwa n’abagore babo ariko bagaceceka kugira ngo amahoro ahinde, mu gihe abagore bavuga ko ntakindi bakosoresha umugabo ushaka kunanirana atari ukumukubita agasubiza ubwenge ku gihe.
Aba bagabo bavuga ko abagore ari bo batware b’ingo zabo, kuko n’amafaranga bakorera baba bagomba gutaha bakayamurikira abagore babo yose uko yakabaye ku buryo nta n’uwatinyuka gukuramo (…) -
Umuvugizi wa RIB Dr.Murangira Thierry yavuze ko ntawutebya ahakana cyangwa apfobya Jenocide yakorewe abatutsi
7 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUmuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yagaragaje ko nta muntu ukwiye gutebya ahakana, apfobya Jenoside yakorewe Abatutsi cyangwa ahohoterera abayirokotse kuko aba akoze icyaha.
Umuryango.rw
Umuhanzikazi Sheebah Karungi yibarutse imfura y’umuhungu
Perezida Kagame yakiriye Ellen DeGeneres washinze ikigo cyita ku ngagi mu Rwanda[AMAFOTO]
MBARAGA Abdulhaakim yasabye guhindurirwa amazina akitwa NIYIGENA Abdulhakimu
Kuri Asomusiyo hongeye kwibutswa ubutumwa bw’amabonekerwa ya Bikira Mariya i Kibeho
Ethiopian Airlines yahagaritse ingendo zijya muri Tigray
Perezida Trump yatangaje ko u Rwanda na RDC bigiye kubona amahoro
Rutsiro: Abagabo bahishuye ibyo bakorerwa n’abagore babo bakaryumaho n’impamvu baba badashaka ko bimenyekana
Umuvugizi wa RIB Dr.Murangira Thierry yavuze ko ntawutebya ahakana cyangwa apfobya Jenocide yakorewe abatutsi