Umuryango urwanya ruswa n’akarengane, Transparency International Ishami ry’u Rwanda, wagaragaje ko muri uyu mwaka wa 2024 ruswa yatanzwe ku kigero cya 3.20% bivuye kuri 3.60% muri 2023.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Transparency International Rwanda yagaragaje ko ruswa yagabanutse
11 December 2024, by Joseph Iradukunda -
Perezida Kagame asanga icyorezo cya SIDA ari ikintu gikwiye guhagurukirwa n’Isi yose
3 December 2019, by Martin MunezeroUbwo Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yatangizaga ku mugaragaro Inama Mpuzamahanga yateraniye i Kigali ICASA, kuri uyu wa Mbere taliki ya 2 Ukuboza 2019, yiga ku kurwanya ubwandu bw’agakoko gatera SIDA n’izindi ndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina yavuze ko SIDA ari icyorezo kitagira umupaka bityo ko n’ibikorwa byose bigamije kurwanya ikwirakwiza rya cyo bikwiye kuba igikorwa gihuriweho n’Isi.
-
Nick Cannon yahishuye icyatumye urugo rwe na Mariah Carey rutamara kabiri
29 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyarwenya akaba n’umukinnyi wa filime, Nick Cannon, yagaragaje ko kudahuza kwe na Mariah Carey bigeze kubana, byaturutse ku byiyumviro byo kudatekana uyu mugabo yakundaga kugira.
-
Afurika y’Epfo yemeje ko mu basirikare bayo bavuye muri RDC harimo abafite ihungabana
27 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIgisirikare cya Afurika y’Epfo (SANDF) cyemeje ko mu basirikare bacyo baherutse gukurwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, harimo benshi bafite ihungabana.
-
Ibitaro bya CARAES-Ndera byemeje ko Barafinda yasanganywe uburwayi
4 March 2020, by Dusingizimana RemyUmugabo witwa Barafinda Sekikubo Fred wamenyekanye cyane ubwo yashakaga kwiyamamariza kuyobora u Rwanda yajyanwe mu bitaro bisuzuma indwara zo mu mutwe by’I Ndera mu Karere ka Gasabo bamusangana uburwayi butatangajwe.
-
Perezida wa Mozambique yagiranye ibiganiro na Mondlane wamaganye intsinzi ye
21 May 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida Daniel Chapo wa Mozambique yahuye n’umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwe, Venâncio António Bila Mondlane, baganira ku bwiyunge, amahoro ndetse n’umutekano.
-
Perezida wa Gabon Gen. Brice Clotaire Oligui Nguema ni muntu ki?
4 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu gihe kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 3 Gicurasi 2025 i Libreville muri Gabon hategerejwe umuhango w’irahira rya Perezida mushya wa Gabon Gen. Brice Oligui Nguema, Imvaho Nshya igiye kubagezaho amwe mu mateka ya Gen. Brice Oligui Nguema uherutse gutorerwa kuyobora iki gihugu.
-
Imyanzuro y’ inama y’ abaminisitiri yo ku wa 11/Nyakanga /2018
12 July 2018, by Nsanzimana ErnestNone ku wa Gatatu, tariki ya 11 Nyakanga 2018, Inama y’Abaminisitiri yateranye iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
-
Umuyobozi ukomeye mu gisirikare cy’u Burusiya yarashwe
6 February, by Angeline MUKANGENZIAbashinzwe iperereza batangaje ko umwe mu bayobozi bakomeye mu gisirikare cy’u Burusiya, Lieutenant General Vladimir Alexeyev, yajyanywe kwa muganga nyuma yo kurasirwa i Moscow mu gitero kuri uyu wa Gatanu.
-
Shakira yahishuye uko umuziki wamufashije gukira ibikomere yatewe na Gerard Piqué
24 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuShakira Isabel Mebarak Ripoll wamamaye mu muziki nka Shakira, yatangaje ko kongera gukora umuziki byamufashije gukira ibikomere yatewe no gutandukana na Gerard Piqué.
Umuryango.rw
Transparency International Rwanda yagaragaje ko ruswa yagabanutse
Nick Cannon yahishuye icyatumye urugo rwe na Mariah Carey rutamara kabiri
Afurika y’Epfo yemeje ko mu basirikare bayo bavuye muri RDC harimo abafite ihungabana
Ibitaro bya CARAES-Ndera byemeje ko Barafinda yasanganywe uburwayi
Perezida wa Mozambique yagiranye ibiganiro na Mondlane wamaganye intsinzi ye
Perezida wa Gabon Gen. Brice Clotaire Oligui Nguema ni muntu ki?
Umuyobozi ukomeye mu gisirikare cy’u Burusiya yarashwe
Shakira yahishuye uko umuziki wamufashije gukira ibikomere yatewe na Gerard Piqué