Damini Ogulu, uzwi ku izina rya Burna Boy, umuhanzi w’Umunya-Nigeria wabonye igihembo cya Grammy, yashyize ahagaragara icyerekezo cy’ubuzima bwe yari kuba arimo iyo aza kuba atarinjiye mu muziki.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Burna Boy yatangaje ko iyo ataba umuhanzi yari kuba umugizi wa nabi
22 August 2025, by ISIMBI Estella -
Umuhanzi Fille yicuza igihe kubatwa n’ibiyobyabwenge byari byaramwibagije inshingano za kibyeyi
3 September 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi Mutoni Fille ukorera umuziki muri Uganda ariko ufite inkomoko mu Rwanda, yagaragaje ko ibiyobyabwenge bigira ingaruka nyinshi zirimo kuba umuntu ubinywa bikabije ashobora kugera aho yibagirwa ko ari umubyeyi, nk’uko byamugendekeye.
-
"Kubaka Afurika twifuza ni twe bireba"-Perezida Kagame
3 March 2022, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika Paul Kagame avuga ko kubaka Afurika beneyo bashaka ari umukoro w’abanyafrika kandi urugendo rugana kuri iyo ntego bakwiye kurugira urwabo.
Ibi Umukuru w’Igihugu yabitangaje kuri uyu wa Kane ubwo yatangizaga ihuriro mpuzamahanga ry’iminsi 3 ku ntego z’iterambere rirambye muri Afurika.
Iyi nama y’iminsi itatu ibera mu murwa mukuru w’u Rwanda Kigali irasuzumira hamwe aho Umugabane wa Afurika ugeze wesa imihigo ikubiye mu ntego z’iterambere rirambye SDGs.
Perezida wa (…) -
Ukraine yongeye gushinja u Burusiya kon gera kuyigabaho ibitero bya ’Drones’
12 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu ijoro ryo kuri uyu wa 12 Gicurasi 2025, Uburusiya bwagabye ibitero by’indege zitagira abapilote muri Ukraine bihitana abatari bacye binangiza ibikorwaremezo.
-
Chameleone agiye kubaka ishuri ry’umuziki muri Sudan y’Epfo
12 July 2025, by Joseph IradukundaUmuhanzi Jose Chameleone wo muri Uganda yatangaje ko agiye kubaka ishuri ry’umuziki muri Sudani y’Epfo, yabigarutseho mu ijambo yagejeje ku bitabiriye ibirori byo kwizihiza imyaka 14 ishize, Sudani y’Epfo ibonye ubwigenge.
-
Felix Kulayigye uvugira igisirikare UPDF cya Uganda , yazamuwe mu ntera
29 January 2025, by Joseph IradukundaUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yazamuye mu ntera Brig Gen Felix Kulayigye, usanzwe ari Umuvugizi w’Igisirikare cy’iki gihugu, UPDF, amuha ipeti rya Major General.
-
Thailand: Urukiko rwahagaritse Minisitiri w’Intebe kubera imyitwarire mibi
9 December 2025, by ISIMBI EstellaUrukiko rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga muri Thailand rwahagaritse Minisitiri w’Intebe, Paetongtarn Shinawatra, rumushinja kugira imyitwarire idahwitse, bituma avanwa ku butegetsi nyuma y’umwaka umwe.
-
Maroc igiye kurega abasifuzi barimo Abanyarwandakazi
29 July 2025, by ISIMBI EstellaIshyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Maroc (FRMF), rigiye gutanga ikirego mu Mpuzamashyirahamwe ya Ruhago muri Afurika (CAF), rirega abasifuzi barimo Mukansanga Salima na Umutesi Alice basifuye umukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika cy’Abagore
-
Abandi ba-Cardinal babiri ntibazatora Papa mushya
30 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKiliziya Gatolika yatangaje ko Aba-Cardinal babiri batazitabira itora ry’Umushumba Mukuru wayo, usimbura Jorge Mario Bergoglio (Papa Francis) witabye Imana tariki ya 21 Mata 2025.
-
Kate Bashabe yananiwe kwiyumanganya, agaragaza urwo akunda umuhungu wa Perezida Ramaphosa
20 July 2025, by ISIMBI EstellaKera kabaye, Kate Bashabe yananiwe kwiyumanganya, ashimangira uburyo umutima we wihebeye Tumelo Ramaphosa, umuhungu wa Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo.
Umuryango.rw
Burna Boy yatangaje ko iyo ataba umuhanzi yari kuba umugizi wa nabi
Umuhanzi Fille yicuza igihe kubatwa n’ibiyobyabwenge byari byaramwibagije inshingano za kibyeyi
"Kubaka Afurika twifuza ni twe bireba"-Perezida Kagame
Ukraine yongeye gushinja u Burusiya kon gera kuyigabaho ibitero bya ’Drones’
Chameleone agiye kubaka ishuri ry’umuziki muri Sudan y’Epfo
Felix Kulayigye uvugira igisirikare UPDF cya Uganda , yazamuwe mu ntera
Thailand: Urukiko rwahagaritse Minisitiri w’Intebe kubera imyitwarire mibi
Maroc igiye kurega abasifuzi barimo Abanyarwandakazi
Abandi ba-Cardinal babiri ntibazatora Papa mushya
Kate Bashabe yananiwe kwiyumanganya, agaragaza urwo akunda umuhungu wa Perezida Ramaphosa