Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yateguje ko ku wa 09 Kamena 2025 umubyeyi we akaba na Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, azahabwa ipeti rya ‘Maréchal’ nk’ipeti rya nyuma mu nzego za gisirikare.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida Museveni agiye guhabwa ipeti rya ‘Maréchal’
16 February 2025, by Joseph Iradukunda -
Perezida Ruto wa Kenya yanenzwe nyuma yo kwamagana ibitero bya Iran ntiyamagane ibya US na Israel kuri Iran
2 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Kenya arimo kunengwa n’abakoresha imbuga nkoranyambaga nyuma y’uko yanditse yamagana ibitero birimo gukorwa na Iran ku bihugu byo mu karere k’uburasirazuba bwo hagati.
-
Nyagatare: Haravugwa umwana w’imyaka 17 ukurikiranyweho icyaha cyo gusambanya ku gahato bagenzi be
22 October 2024, by Joseph IradukundaKu wa 21 Ukwakira 2024, Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyagatare, bwaregeye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyagatare, dosiye y’umwana w’imyaka 17 y’amavuko ukurikiranyweho icyaha cyo gusambanya abana b’abahungu batandukanye bafite hagati y’imyaka itanu n’icumi y’amavuko.
-
RDC: Haravugwa impanuka y’Ubwato bwari bwikoreye abarenga 100
18 December 2024, by Joseph IradukundaHari ubwoba bw’uko abantu benshi bapfuye nyuma y’aho ubwato bwari butwaye abagenzi barenga 100 burohamye mu ruzi rwa Fimi ruherereye mu ntara ya Mai Ndombe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Rusizi: Yatwikishije umugore we amavuta yatuye
8 October 2025, by ISIMBI EstellaNzeyimana Fanta w’imyaka 42 utuye mu Mudugudu wa Mugerero, Akagari ka Kabuye, Umurenge wa Nyakarenzo, Akarere ka Rusizi, yatawe muri yombi nyuma yo gutwikisha amavuta yatuye umugore we wamubuzaga gushyamirana n’umuturanyi.
-
Peter Okoye yongeye gushimangira ko yatandukanye n’abavandimwe be burundu
8 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPeter Okoye wamenyekanye nka Mr .P mu itsinda P-Square yabanagamo n’umuvandimwe we Paul Okoye uzwi nka Rudeboy, yamaze gutangaza ko umubano wabo wasenyutse burundu, nyuma y’uko bagerageje kwiyunga ariko bikanga.
-
Israel na Hamas byemeranyije ku guhagarika imirwano no guhererekanya imbohe n’imfungwa
9 October 2025, by ISIMBI EstellaLeta ya Israel n’umutwe witwaje intwaro wa Hamas ukorera mu ntara ya Gaza muri Palestine, byemeranyije ku cyiciro cya mbere cyo guhagarika imirwano kugira ngo bihererekanye imfungwa n’imbohe.
-
MININFRA yijeje gukemura burundu ibura ry’amazi mu myaka 2
12 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisiteri y’Ibikorwa Remezo (MININFRA) yatangaje ko mu myaka ibiri iri imbere ikibazo cy’ibura ry’amazi mu Rwanda kizaba cyakemutse burundu, cyane cyane mu Mujyi wa Kigali no mu tundi turere twibasiwe n’iki kibazo mu gihe cy’impeshyi.
-
Cardi B yibarutse umwana wa kane
14 November 2025, by ISIMBI EstellaUmuraperikazi Belcalis Almanzar wamamaye nka Cardi B yibarutse umwana we wa mbere na Stefon Diggs wamamaye muri NFL, bamaze igihe bari mu rukundo.
-
AFC/M23 ntiyishimiye umushinga w’amasezerano y’amahoro wateguwe na Qatar
6 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuLeta ya Qatar iherutse gushyikiriza ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23 umushinga w’amasezerano y’amahoro kugira ngo niba impande zombi ziwemeranyaho, zizayashyireho umukono.
Umuryango.rw
Perezida Museveni agiye guhabwa ipeti rya ‘Maréchal’
Nyagatare: Haravugwa umwana w’imyaka 17 ukurikiranyweho icyaha cyo gusambanya ku gahato bagenzi be
RDC: Haravugwa impanuka y’Ubwato bwari bwikoreye abarenga 100
Rusizi: Yatwikishije umugore we amavuta yatuye
Peter Okoye yongeye gushimangira ko yatandukanye n’abavandimwe be burundu
Israel na Hamas byemeranyije ku guhagarika imirwano no guhererekanya imbohe n’imfungwa
MININFRA yijeje gukemura burundu ibura ry’amazi mu myaka 2
Cardi B yibarutse umwana wa kane
AFC/M23 ntiyishimiye umushinga w’amasezerano y’amahoro wateguwe na Qatar