Minisiteri y’Ubucuruzi y’u Bushinwa yatangaje ko ibicuruzwa biva muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika byongerewe umusoro wa 41% mu rwego rwo kwihimura kuri Perezida Donald Trump.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Bushinwa bwongereye imisoro y’ibicuruzwa biva muri Amerika
11 April 2025, by Angeline MUKANGENZI -
U Bwongereza bushaka kwitegura intambara n’u Burusiya
2 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ingabo w’u Bwongereza, John Healey, yatangaje ko Guverinoma y’iki gihugu igiye gushora amafaranga menshi mu nganda za gisirikare mu rwego rwo kwitegura intambara yeruye ishobora kuzagihanganisha n’u Burusiya mu gihe kiri imbere.
-
Kwegura kwa Visi Perezida w’u Buhinde byateje impaka n’urujijo
22 July 2025, by Joseph IradukundaUbwegure butunguranye bwa Visi-Perezida w’u Buhinde wari unayoboye Inteko Ishinga Amategeko umutwe wa Sena, Jagdeep Dhankhar bwateje impaka zikomeye n’urujijo haba mu batavuga rumwe n’ubutegetsi n’abandi ku mpamvu ibyihishe inyuma yatumye yegura.
-
Abayobozi b’Uturere bemerewe n’abatemerewe kwiyamamaza mu matora u Rwanda rwitegura
29 March, by Angeline MUKANGENZIAbayobozi b’Uturere bakora manda y’imyaka itanu ishobora kongerwa inshuro imwe gusa. Ibi bivuze ko bamwe mu bayobozi bongeye gutorerwa indi manda mu 2021 batazemererwa kongera kwiyamamaza mu matora y’uyu mwaka u Rwanda ruri kwitegura. Abari muri manda yabo ya mbere bo bashobora kwiyamamaza, nubwo kongera gutorwa bitizewe ku buryo bworoshye.
-
Kinshasa: Gen Philémon Yav yahakanye gukorana n’u Rwanda, avuga ku bufatanye na FDLR
22 January, by ISIMBI EstellaMu Rukiko Rukuru rwa gisirikare rwa Kinshasa, Lt Gen Philémon Yav Irung wayoboye intara ya gatatu y’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahakanye gukorana n’u Rwanda, asobanura ko yakiriye ubutumwa bw’umuntu umushinja gukorana n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR.
-
Al Jazeera yambuwe uruhushya rwo gukorera muri RDC izira u Rwanda
10 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyoboro w’amakuru wa Al Jazeera wambuwe uburenganzira bwo gukorera muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, nyuma yo kwanga kubogama mu nkuru itangaza ku bibera mu burasirazubwa bwa Congo igaha ijambo n’uruhande rwa AFC/M23 ruhanganye na Guverinoma ya Kinshasa.
-
Yibagiriwe umugore we ku nzira amwibuka agenze ibilometero 300
11 July 2025, by Joseph IradukundaMu Bufaransa, umugabo w’imyaka 62 yahamagaye serivisi za polisi zishinzwe ubutabazi bwihutirwa, avuga ko yibagiriwe umugore kuri sitasiyo ya lisansi iri ahantu ku muhanda munini ujya muri Maroc, ariko abwira polisi ko iyo sitasiyo atayibuka.
-
Amavubi U20 asezereye Zimbabwe, akomeza urugendo rugana mu Gikombe cy’Isi 2026
15 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi y’Abangavu batarengeje imyaka 20, yaguye miswi n’iya Zimbabwe 0-0 mu mukino wo kwishyura mu ijonjora rya mbere mu yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026 kizabera muri Pologne, isanga iya Nigeria mu cyiciro gikurikiyeho.
-
Premier League: Arsenal yabererekeye igikombe, iha amahirwe Liverpool
24 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuArsenal yananiwe kwihagararaho imbere ya Crystal Palace zanganyije ibitego 2-2, byongerera amahirwe Liverpool yo kwegukana Igikombe cya Shampiyona y’u Bwongereza.
-
Rusizi: Yangije inzu ya nyirabukwe kubera amakimbirane afitanye n’umugore we
22 October 2025, by ISIMBI EstellaUmugabo wo mu Murenge wa Nkungu w’Akarere ka Rusizi akekwaho kwangiza urugi n’idirishya ry’inzu ya nyirabukwe biturutse ku makimbirane afitanye n’umugore we.
Umuryango.rw
U Bushinwa bwongereye imisoro y’ibicuruzwa biva muri Amerika
U Bwongereza bushaka kwitegura intambara n’u Burusiya
Kwegura kwa Visi Perezida w’u Buhinde byateje impaka n’urujijo
Abayobozi b’Uturere bemerewe n’abatemerewe kwiyamamaza mu matora u Rwanda rwitegura
Kinshasa: Gen Philémon Yav yahakanye gukorana n’u Rwanda, avuga ku bufatanye na FDLR
Al Jazeera yambuwe uruhushya rwo gukorera muri RDC izira u Rwanda
Yibagiriwe umugore we ku nzira amwibuka agenze ibilometero 300
Amavubi U20 asezereye Zimbabwe, akomeza urugendo rugana mu Gikombe cy’Isi 2026
Premier League: Arsenal yabererekeye igikombe, iha amahirwe Liverpool
Rusizi: Yangije inzu ya nyirabukwe kubera amakimbirane afitanye n’umugore we