Nyuma y’uko abaturage batandukanye b’i Nairobi, mu Murwa Mukuru wa Kenya, bongeye kwirara mu mihanda mu myigaragambyo yitabiriwe ku rwego rwo hejuru, hagaragaye ibyamamare bitandukanye byitabiriye iyo myigaragambyo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kenya: Ibyamamare byitabiriye imyigaragambyo (Amafoto)
26 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Yaroze umwana we agamije kwibonera aba-followers kuri TikTok
18 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmugore w’imyaka 34 ukomoka muri Australia umenyerewe ku rubuga rwa TikTok, yatawe muri yombi ashinjwa kurogoya umwana we no kumukorera iyicarubozo kugira ngo abone inkunga y’amafaranga ndetse yongere n’umubare wabamukurikira kuri uru rubuga.
-
Netanyahu yasabye ’imbabazi’ kubera impfu z’abashimuswe mu gihe imyigaragambyo ikomeje
3 September 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu yasabye "imbabazi" Abanya-Israel kubera kunanirwa kugarura abashimuswe batandatu basanzwe muri Gaza ku wa gatandatu bapfuye, mu gihe Hamas yaburiye ko abandi bashobora "gusubizwa imiryango yabo bari mu bitambaro [by’abapfuye]" niba agahenge katagezweho.
-
50 Cent yagaragaje impamvu Nicki Minaj na Kanye West bamwangishije politiki n’idini
22 January, by ISIMBI EstellaUmuraperi Curtis Jackson uzwi nka 50 Cent, yatangaje ko yirinda cyane kwivanga mu by’amadini no muri politiki, avuga ko ari byo byagize ingaruka mbi ku isura ya Kanye West (Ye) na Nicki Minaj muri rubanda.
-
Umugaba Mukuru w’Ingabo wungirije mu gisirikare cya Israel yeguye
11 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmugaba Mukuru w’Ingabo Wungirije mu Gisirikare cya Israel, IDF, Amir Baram, yatangaje ko Gashyantare 2025 itazamusiga kuri uwo mwanya.
-
Dr Apôtre Gitwaza nyuma yo guhanurira Afurika bikaba yahanuriye u Burundi ko bugiye kuba nka Dubai
9 April 2018, by Nsanzimana ErnestIntumwa y’ Imana Dr Apôtre Paul Gitwaza washinze idini ‘Zion Temple’ yahanuye ko U Burundi buzaba nka Dubai asaba abafiteyo amasambu kutayitesha. Mu myaka umunani ishize yavuze ko Imana yamubwiye ko imipaka ya Afurika igiye kuvanwaho ubu birimo gukorwa
Dubai ni umugi w’ iraha, uherereye muri Leta zunze Ubumwe z’ Abarabu. Niwo ubarizwa umuturirwa wa mbere muremure cyane ku Isi, ‘Burj Khalifa’ ufite metero 830 z’ uburebure ukagira n’ ibirwa byakozwe n’ abantu.
Ubwo yarimo yigisha Dr Apotre (…) -
Abashakashatsi bavumbuye umuti mushya ushobora kubuza kanseri y’ibere gukura
2 June 2025, by Angeline MUKANGENZIUbushakashatsi bwamurikiwe mu nama y’ihuriro ry’abaganga b’inzobere mu kuvura kanseri bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (ASCO) ku wa 1 Kamena 2025, bwagaragaje ko umuti mushya wa Camizestrant ukorwa n’uruganda AstraZeneca ushobora guhagarika gukura kwa kanseri y’ibere.
-
Guverinoma ya Sudani yasheshwe
2 June 2025, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Intebe mushya wa Sudani, Kamil Idris, ku wa 1 Kamena 2025 yasheshe guverinoma y’iki gihugu nyuma y’umunsi umwe arahiriye iyi nshingano.
-
Trump yibasiye Macron amushinja guhubuka
17 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Donald Trump yanenze mugenzi we w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, amushinja kugaragaza nabi imigambi afite kuri Iran, avuga ko “ari umuntu ukunda kwibeshya”.
-
Ukraine yagabye igitero i Moscou mu gihe hitegurwa ibirori byo ku wa 9 Gicurasi
5 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuU Burusiya bwatangaje ko bwahagaritse igitero cy’indege zitagira abapilote kuri Moscou mu gihe umurwa mukuru witegura kwakira ibirori bikomeye bya gisirikare bizitabirwa n’abayobozi b’amahanga batandukanye.
Umuryango.rw
Kenya: Ibyamamare byitabiriye imyigaragambyo (Amafoto)
Yaroze umwana we agamije kwibonera aba-followers kuri TikTok
Netanyahu yasabye ’imbabazi’ kubera impfu z’abashimuswe mu gihe imyigaragambyo ikomeje
50 Cent yagaragaje impamvu Nicki Minaj na Kanye West bamwangishije politiki n’idini
Umugaba Mukuru w’Ingabo wungirije mu gisirikare cya Israel yeguye
Abashakashatsi bavumbuye umuti mushya ushobora kubuza kanseri y’ibere gukura
Guverinoma ya Sudani yasheshwe
Trump yibasiye Macron amushinja guhubuka
Ukraine yagabye igitero i Moscou mu gihe hitegurwa ibirori byo ku wa 9 Gicurasi