Urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwataye muri yombi umugabo ukomoka muri Mexique, ukurikiranyweho gushaka kurasa Perezida Donald Trump, nk’uko byatangajwe n’Urwego gishinzwe umutekano w’imbere mu gihugu, DHS.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umugabo wagambiriye kwica Trump yatawe muri yombi
30 May 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Leta igiye gutangira kongerera abarimu 10% ku mushahara wabo
17 November 2020, by Dusingizimana RemyLeta y’u Rwanda yafashe umwanzuro w’uko guhera muri uku kwezi kwa cumi na kumwe umushahara wa mwarimu uziyongeraho 10% nkuko leta yari yarabibemereye mu minsi ishize.
-
Trump yavuze ku byo kubabarira P. Diddy
4 August 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko kubabarira P. Diddy bitoroshye, cyane ko uyu mugabo bigeze gusangira, ariko akaza kumuhinduka agatangira kumuvugaho amagambo atari meza.
-
Miss Mutesi Jolly yigongereye ku byamamare bizitabira birori by’isabukuru Gen Muhoozi
19 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROLt Gen Muhoozi usanzwe ari Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka ndetse akanaba imfura ya Perezida Yoweri Museveni yatumiye Miss Mutesi Jolly mu birori by’Isabukuru ye izaba tariki ya 24 Mata 2022 , bizitabirwa n’Abanyacyubahiro bakomeye mu biguhu by’abaturanyi.
Gen Muhoozi abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, yavuze ko mu birori byo kwizihiza isabukuru ye, Nyampinga w’u Rwanda wo muri 2016, Mutesi Jolly nawe ari umwe mu batumiwe bazabyitabira Ikirori k’isabukuru ye (…) -
Zambia: Babiri bafungiwe kugerageza kuroga Perezida Hichilema
15 September 2025, by ISIMBI EstellaUrukiko rwo muri Zambia rwakatiye abantu babiri igifungo cy’imyaka ibiri nyuma yo kubahamya icyaha cyo kugerageza kwica Perezida Hakainde Hichilema bakoresheje uburozi.
-
Ni gute Rafiki yisanze mu gitaramo cya Jose Chameleone
26 May 2025, by ISIMBI EstellaBenshi batunguwe no kubona Rafiki wamamaye nka ‘Coga Style’ mu bagombaga gususurutsa abakunzi ba muzika mu gitaramo cyari cyatumiwemo Jose Chameleone cyabereye muri Kigali Universe mu ijoro ryo ku wa 25 Gicurasi 2025.
-
The Ben yayiguze miliyoni 2 Frw: Bwiza yamurikiye album mu Bubiligi igurwa arenga miliyoni 10 Frw
10 March 2025, by ISIMBI EstellaMu gitaramo cyo kumurika album ye ya kabiri yise ‘25 Shades’ yakoreye mu Bubiligi, Bwiza yayicuruje arenga miliyoni 10 Frw, zirimo ebyiri zatanzwe na The Ben wahavuye aguze kopi ebyiri buri yose akaba yayitanzeho miliyoni 1Frw.
-
Paris: Umunyamahanga Charles ukurikiranweho guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi ari kuburanishwa
8 October 2024, by Joseph IradukundaUrukiko rw’i Paris mu Bufaransa kuri uyu wa Mbere, itariki 07 Ukwakira 2024 rwatangiye kuburanisha urubanza ruregwamo umwanditsi w’Umunyakameruni ufite ubwenegihugu bw’u Bufaransa, Charles Onana ushinjwa guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Ibitero by’indege ya gisirikare i Minembwe n’icyo barimo kubivugaho...
11 March 2025, by Joseph IradukundaIndege y’intambara y’ingabo za leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DR Congo) ku wa mbere yakoze ibitero mu gace ka Minembwe kagenzurwa n’abarwanyi ba Twirwaneho mu ntara ya Kivu y’Epfo, nk’uko abahatuye babivuga.
-
Ubushinjacyaha bwahagaritse ibirego bitatu mu bishinjwa Diddy
26 June 2025, by ISIMBI EstellaAbashinjacyaha batangaje ko bahisemo guhagarika ibyaha bitatu biri mu by’ingenzi byashinjwaga umuraperi Diddy, umaze igihe ari kuburana ku byaha bifite aho bihuriye no gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato n’ubucuruzi bw’abantu.
Umuryango.rw
Umugabo wagambiriye kwica Trump yatawe muri yombi
Trump yavuze ku byo kubabarira P. Diddy
Miss Mutesi Jolly yigongereye ku byamamare bizitabira birori by’isabukuru Gen Muhoozi
Zambia: Babiri bafungiwe kugerageza kuroga Perezida Hichilema
Ni gute Rafiki yisanze mu gitaramo cya Jose Chameleone
The Ben yayiguze miliyoni 2 Frw: Bwiza yamurikiye album mu Bubiligi igurwa arenga miliyoni 10 Frw
Paris: Umunyamahanga Charles ukurikiranweho guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi ari kuburanishwa
Ibitero by’indege ya gisirikare i Minembwe n’icyo barimo kubivugaho...
Ubushinjacyaha bwahagaritse ibirego bitatu mu bishinjwa Diddy