Umuraperi wo muri Ireland yitabye urukiko rwa Westminster i Londres azira kuzunguzira ku rubyiniro ibendera ry’umutwe w’iterabwoba ubwo yari mu gitaramo yakoreye mu mwaka ushize.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umuraperi wo muri Irelande wazungurije ibendera rya Hezibollah ku rubyiniro yitabye urukiko !
21 August 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Loni ishimangira ko abarwanyi ba FDLR biyongereye
7 July 2025, by ISIMBI EstellaImpuguke z’Umuryango w’Abibumbye zishimangira ko abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR ukorera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo biyongereye kuko wakomeje kwinjiza abashya.
-
"Ntimushobora kubwira abantu muyobora ibyo mubona bakora bitari byo ko bidakwiriye"-Perezida Kagame
30 October 2020, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida Kagame yakebuye abayobozi batandukanye by’umwihariko ab’uturere bananirwa kuzuza inshingano zabo aho yashimangiye ko hari bamwe badafite n’ubushobozi bwo gukebura abo bayobora igihe bari gukora ibidakwiriye.
-
Urutonde rw’abanyeshuri 10 bahize abandi mu bumenyi rusange mu gihugu
15 November 2021, by Rebecca UFITAMAHOROMinisiteri y’Uburezi yatangaje amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye igaragaza ko abize mu Bumenyingiro n’Inderabarezi bitwaye neza ugereranyije n’abize mu bijyanye n’Ubumenyi rusange
-
Uganda: Abakandida 2025 bahataniye intebe 353 mu nteko
12 November 2025, by ISIMBI EstellaKomisiyo ishinzwe Amatora yo muri Uganda yatangaje ko imyanya 353 yo mu Nteko Ishinga Amategeko y’iki gihugu igiye guhatanirwa na abakandida 2025.
-
Amerika yihaye igihe cyo kurangiza intambara muri Ukraine
27 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIntumwa yihariye ya Perezida Donald Trump mu Burasirazuba bwo hagati no mu biganiro by’amahoro, Steve Witkoff, yatangaje ko bitarenze impera za 2025 intambara ihanganishije u Burusiya na Ukraine izashyirwaho akadomo.
-
Nepal: Abigaragambya basabye ko Sushila Karki w’imyaka 73 asimbura Minisitiri w’Intebe
11 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrubyiruko rumaze iminsi mu myigaragambyo ikaze muri Nepal rwasabye ko Sushila Karki w’imyaka 73, wigeze kuba Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, aba Minisitiri w’Intebe w’inzibacyuho, asimbuye KP Sharma Oli weguye kuri uwo mwanya ku wa Kabiri.
-
Umugore wa Jose Chameleone yagaragaje ibimenyetso byo kwiyunga n’umugabo we batacanaga uwaka
4 September 2024, by Joseph IradukundaBirahwihwiswa ko umuhanzi w’umunyabigwi mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba ukomoka muri Uganda Joseph Mayanja uzwi nka Jose Chameleone, yaba agiye gusubirana n’umugore we Daniella Atim.
-
Perezida Trump yavuze ko azagira uruhare mu gushyiraho uzayobora Iran
5 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Amerika, Donald Trump yatangaje ko agomba kugira uruhare mu gushyiraho umuyobozi mushya wa Iran, ndetse ko umuhungu wa Ali Khamenei uhabwa amahirwe yo kuyobora igihugu atabyemerewe.
-
Abapfuye biyongereye baba bane mu gitero cyo kurasa no gutwika mu rusengero rw’i Michigan
29 September 2025, by ISIMBI EstellaPolisi ivuga ko abantu nibura bane bishwe naho abandi umunani barakomereka, nyuma yuko umugabo witwaje imbunda atwaye imodoka akayinjiza mu rusengero rwo muri leta ya Michigan muri Amerika, akarasa akanatwika iyo nyubako.
Umuryango.rw
Umuraperi wo muri Irelande wazungurije ibendera rya Hezibollah ku rubyiniro yitabye urukiko !
Loni ishimangira ko abarwanyi ba FDLR biyongereye
Urutonde rw’abanyeshuri 10 bahize abandi mu bumenyi rusange mu gihugu
Uganda: Abakandida 2025 bahataniye intebe 353 mu nteko
Amerika yihaye igihe cyo kurangiza intambara muri Ukraine
Nepal: Abigaragambya basabye ko Sushila Karki w’imyaka 73 asimbura Minisitiri w’Intebe
Umugore wa Jose Chameleone yagaragaje ibimenyetso byo kwiyunga n’umugabo we batacanaga uwaka
Abapfuye biyongereye baba bane mu gitero cyo kurasa no gutwika mu rusengero rw’i Michigan