Abaturage bo mu Karere ka Musanze baravuga ko bababazwa n’inganda zimara guhabwa icyangombwa cy’ubuziranenge zigahitamo gukora inzoga z’inkorano, bituma ubuzima bwabo bujya mu kaga bizeraga ko kuba uruganda rwarahawe ubuziranenge byari bihagije.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Musanze: Bahangayikishijwe n’inganda zikora inzoga zemewe n’izitujuje ubuziranenge
27 February, by ISIMBI Estella -
Ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza biratangira kuri uyu wa mbere
27 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisiteri y’Uburezi (MINEDUC), ibicishije mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), yatangaje ko abanyeshuri basoza amashuri abanza batangira ibizamini bya Leta kuri uyu wa Mbere tariki 30 Kamena 2025.
-
Perezida Kagame yatunguye benshi kubera ijambo yavuze ubwo yatangaga ikiruhuko kuri uyu wa Gatanu
5 July 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika yaraye atunguye benshi mu bitabiriye ibirori byo Kwibohora 25 byabereye muri Kigali Convention Centre bihuje abayobozi mu nzego za leta n’izindi zitandukanye mu gihugu, hamwe na Perezida Hage Geingob wa Namibia n’umugore we Monica Geingos,ubwo yababwiraga ko bakwima amatwi ubabwira ngo bajye ku kazi kuri uyu wa Gatanu.
-
M23 Yasabye Ingabo Z’Uburundi Gutaha Inzira Zikigendwa
15 February 2025, by Joseph IradukundaUmutwe wa Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) wasabye ingabo z’Uburundi zaje gufasha iza DRC gutaha iwabo bigishoboka. Ni nyuma y’uko abo barwanyi bafashe Bukavu, ingabo za DRC zifatanyije n’iz’Uburundi bagahungira ahitwa Plaine de Ruzizi mu bilometero nka 30 uvuye i Bukavu.
-
APR yakoze impinduka mu buyobozi bw’amakipe atandukanye yayo
13 October 2024, by Joseph IradukundaAmakipe y’ingabo z’igihugu mu mikino itandukanye irimo Umupira w’Amaguru, Basketball ndetse na Handball yashyiriweho abayobozi bashya bunganira abari bahari ku makipe amwe, mu gihe ahandi bashyizweho ngo basimbure abari basanzweho.
-
FDLR na FARDC byagabye ibitero ku Banyamulenge
6 August 2025, by ISIMBI EstellaUmutwe wa MRDP - Twirwaneho watangaje ko Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’umutwe wa FDLR byagabye ibitero ku Banyamulenge batuye mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
-
Espagne yikuye mu mugambi wa Amerika wo Guha Israel Intwaro
7 December 2024, by Joseph IradukundaInzego z’iperereza zo muri Amerika zarakajwe n’ibyo zise ‘kubangama’ nyuma y’uko ubwato butatu bivugwa ko bwari bupakiye intwaro zari zoherejwe muri Israel bwangiwe guca mu mazi ya Espagne ngo bukukire kuri umwe mu myaro yayo.
-
Gusobanuza bidashira, hafi ya buri kintu ni zimwe mu mpinduka zidutegereje mu busaza bwacu
31 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuBuri gihe iyo mbonye umusaza cyangwa umukecuru mpita nibuka ko nawe yabayeho inkumi cyangwa umusore ukomeye cyane. Gusa byose birangira ubuzima butwerekeje ahantu hamwe… Gusaza.
-
BNR yakanguriye abagore gukoresha serivisi z’imari zifashisha Telefoni
4 June 2025, by Angeline MUKANGENZIBanki Nkuru y’u Rwanda, BNR, ikomeje gukora ubukangurambaga bugamije gukangurira abagore gukoresha serivisi z’imari hifashishijwe telefoni cyane ko hakirimo icyuho ugereranyije n’abagabo.
-
RIB yataye muri yombi umugore ufite isambu yasanzwemo imibiri irenga 290
8 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Ntirushwamaboko Marie Providence w’imyaka 64, wo mu Karere ka Huye, Umurenge wa Ngoma, akurikiranyweho icyaha cyo kuzimiza cyangwa gutesha agaciro ibimenyetso cyangwa amakuru byerekeye Jenoside, nyuma y’uko mu isambu ye habonetse imibiri irenga 290.
Umuryango.rw
Musanze: Bahangayikishijwe n’inganda zikora inzoga zemewe n’izitujuje ubuziranenge
Ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza biratangira kuri uyu wa mbere
M23 Yasabye Ingabo Z’Uburundi Gutaha Inzira Zikigendwa
APR yakoze impinduka mu buyobozi bw’amakipe atandukanye yayo
FDLR na FARDC byagabye ibitero ku Banyamulenge
Espagne yikuye mu mugambi wa Amerika wo Guha Israel Intwaro
Gusobanuza bidashira, hafi ya buri kintu ni zimwe mu mpinduka zidutegereje mu busaza bwacu
BNR yakanguriye abagore gukoresha serivisi z’imari zifashisha Telefoni
RIB yataye muri yombi umugore ufite isambu yasanzwemo imibiri irenga 290