Gervais Ndirakobuca wari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi kuva muri Nzeri 2022, kuri uyu wa 5 Kanama 2025 yatorewe kuba Perezida mushya wa Sena y’iki gihugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Gervais Ndirakobuca wari Minisitiri w’Intebe yagizwe Perezida wa Sena y’u Burundi
5 August 2025, by ISIMBI Estella -
APR FC yatakaje amanota mbere yo guhura na Al Hilal SC
7 February, by Angeline MUKANGENZIAPR FC yanganyije na Bugesera FC ibitego 2-2 mu mukino w’umunsi wa 19 wa Shampiyona y’u Rwanda wabereye kuri Stade y’Akarere ka Bugesera, kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 7 Gashyantare 2026.
-
Leta y’u Rwanda yemeye kwakira impunzi z’Abanya Afghanistan
23 August 2021, by Dusingizimana RemyUmuvugizi wa Leta y’u Rwanda Yolande Makolo yavuze ko u Rwanda rwemeye ubusabe bwa Amerika bwo kwakira Abanyafaganisitani bashaka guhunga umutwe w’Abatalibani uherutse gufata igihugu.
-
Umuteramakofe ,Mike Tyson yavuze aho ashaka gupfira niba bimukundiye
31 October 2024, by Joseph IradukundaUmunyabigwi mu Iteramakofe, Mike Tyson, yaciye igikuba nyuma yo gutangaza ko ashaka gupfira mu rurwaniro (ring) mu gihe afitanye umukino na Jake Paul mu Ugushyingo.
-
U Rwanda na Algeria biyemeje ubufatanye y’ubufatanye mu bya gisirikare
24 July 2025, by ISIMBI EstellaRepubulika y’u Rwanda na Algeria basinyanye amasezerano (MoU) agamije ubufatanye mu bya gisirikare, akaba ari intambwe ikomeye ishimangira umubano w’ibihugu byombi.
-
Tshisekedi yagaye umushinga w’amasezerano y’amahoro wateguwe na Qatar
20 August 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yagaye umushinga w’amasezerano y’amahoro y’ubutegetsi bwe n’ihuriro AFC/M23 riburwanya, agaragaza ko ibirimo bidahagije.Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yagaye umushinga w’amasezerano y’amahoro y’ubutegetsi bwe n’ihuriro AFC/M23 riburwanya, agaragaza ko ibirimo bidahagije.
-
Ibibuga by’indege by’i Moscow byafunzwe kubera ibitero bya ‘drone’
6 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuU Burusiya bwatangaje ko bwafunze by’agateganyo ibibuga by’indege bine biherereye mu Murwa Mukuru Moscow kubera ibitero bya ‘drone’ Ukraine yagabye muri uyu mujyi mu minsi ibiri yikurikiranya.
-
Muri Mutarama mu mwaka utaha wa 2020 Guverineri w’intara y’amajyepfo azimuka
4 November 2019, by Martin MunezeroNyuma y’amezi icyenda Guverineri w’intara y’Amajyepfo, Emmanuel Gasana, akorera mu karere ka Nyamagabe, Huye ngo ni yo itahiwe muri Mutarama 2020.
-
Abapolisi b’u Rwanda batanze ubuvuzi n’amazi meza ku baturage ba Sudani y’Epfo
27 June 2025, by ISIMBI EstellaKu wa Kane tariki ya 26 Kamena, abapolisi b’u Rwanda bagize itsinda RWAFPU3 riri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS), bazindukiye mu gikorwa cyo gutanga ubuvuzi n’amazi meza ku baturage batishoboye barenga 500.
-
Kendrick Lamar uheruka i Kigali yanditse amateka muri ‘BET Hip Hop Awards 2024’
16 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKendrick Lamar uheruka gutaramira i Kigali mu birori bya ‘Move Afrika,’ yanditse amateka mu bihembo bya ’BET Hip Hop Awards 2024’ aho yegukanye ibigera ku munani.
Umuryango.rw
Gervais Ndirakobuca wari Minisitiri w’Intebe yagizwe Perezida wa Sena y’u Burundi
APR FC yatakaje amanota mbere yo guhura na Al Hilal SC
Leta y’u Rwanda yemeye kwakira impunzi z’Abanya Afghanistan
Umuteramakofe ,Mike Tyson yavuze aho ashaka gupfira niba bimukundiye
U Rwanda na Algeria biyemeje ubufatanye y’ubufatanye mu bya gisirikare
Tshisekedi yagaye umushinga w’amasezerano y’amahoro wateguwe na Qatar
Ibibuga by’indege by’i Moscow byafunzwe kubera ibitero bya ‘drone’
Abapolisi b’u Rwanda batanze ubuvuzi n’amazi meza ku baturage ba Sudani y’Epfo
Kendrick Lamar uheruka i Kigali yanditse amateka muri ‘BET Hip Hop Awards 2024’