Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yahagaritse serivisi y’uburinzi bwahabwaga Kamala Harris nk’umuntu wigeze kuba Visi Perezida.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Trump yambuye uburinzi Kamala Harris wabaye Visi Perezida
30 August 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Ikipe ya PSG yafatiye Neymar ibihano bikakaye
28 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROIkipe ya Paris Saint-Germain yatangaje ko igiye guha igihano myugariro Neymar kugira ngo ishakishe uko yakubaka ikipe yazatwara igikombe cya Champions League yifuza cyane nyuma y’imitwarire mibi amaze iminsi agaragaza. Neymar yinjiye muri PSG aguzwe miliyoni 198 z’amapawundi muri 2017 avuye muri FC Barcelona.
Ariko nyuma y’imyaka itanu PSG irashaka kugabanya igihombo uyu mukinnyi w’imyaka 30 ayiteza bagatandukana.
PSG ngo ifite ubushake bwo kugurisha Neymar kuri miliyoni 76 (…) -
Nyaruguru: Akurikiranweho kwica umugorewe akeka ko yamuciye inyuma
19 September 2024, by Joseph IradukundaMu Kagari ka Samiyonga gaherereye mu Murenge wa Muganza mu Karere ka Nyaruguru, haravugwa umugabo ukekwaho kwica umugore we amuziza kumuca inyuma, akajya kwirega k’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB).
-
Abadepite bo muri Amerika basabye ko Leta ya RDC guhagarika ubufatanye na FDLR
27 March 2025, by Angeline MUKANGENZIAbadepite bagize Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ishinzwe Ububanyi n’Amahanga, basabye ko ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo buhagarika ubufatanye bugirana n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR.
-
Qatar Airways yahagaritse ingendo by’agateganyo
24 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuSosiyete ikora ubwikorezi bwo mu kirere ya Qatar Airways yatangaje ko yahagaritse ingendo zayo z’indege, bitewe n’ifungwa ry’ikirere cy’icyo gihugu, hirindwa ibitero ishobora kugabwaho na Iran.
-
Chryso Ndasingwa yambitse impeta Sharon Gatete
25 June 2025, by ISIMBI EstellaNyuma y’iminsi ibiri iby’urukundo rwabo bigiye hanze, Chryso Ndasingwa yambitse impeta Sharon Gatete, amusaba kuzamubera umugore undi nawe ahita abyemera.
-
Gen Muhoozi yasezeye kuri Twitter
10 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atazongera gukoresha urubuga rwa X rwahoze rwitwa Twitter yari amaze imyaka 10 akoresha.
-
U Rwanda mu nzira yo kubika umurage ndangamateka mu ikoranabuhanga rya 3D
6 April, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bw’Ingoro Ndangamurage zo mu Rwanda bwatangaje ko buri mu rugendo rwo gushyira ibimenyetso ndangamurage n’ibimurikwa mu ikoranabuhanga rya 3D, hagamijwe kurushaho kubibungabunga no kubisakaza ku Isi yose.
-
Nyamasheke: Akurikiranyweho gusambanya umwuzukuru we w’imyaka itanu
3 July 2025, by ISIMBI EstellaUmugabo wo mu Karere ka Nyamasheke ari gushakishwa n’inzego z’ibanze zifatanyije n’inzego z’umutekano, akekwaho gusambanya umwuzukuru we w’imyaka itanu.
-
Amerika igiye guha Ukraine intwaro zishobora kurasa mu Burusiya
29 August 2025, by ISIMBI EstellaLeta Zunze Ubumwe za Amerika zemeje igurishwa ry’intwaro zishobora gukoreshwa mu kugaba ibitero, zikaba zifite agaciro karenga miliyoni 825$.
Umuryango.rw
Trump yambuye uburinzi Kamala Harris wabaye Visi Perezida
Ikipe ya PSG yafatiye Neymar ibihano bikakaye
Nyaruguru: Akurikiranweho kwica umugorewe akeka ko yamuciye inyuma
Abadepite bo muri Amerika basabye ko Leta ya RDC guhagarika ubufatanye na FDLR
Qatar Airways yahagaritse ingendo by’agateganyo
Chryso Ndasingwa yambitse impeta Sharon Gatete
Gen Muhoozi yasezeye kuri Twitter
U Rwanda mu nzira yo kubika umurage ndangamateka mu ikoranabuhanga rya 3D
Nyamasheke: Akurikiranyweho gusambanya umwuzukuru we w’imyaka itanu
Amerika igiye guha Ukraine intwaro zishobora kurasa mu Burusiya