Perezida w’Amerika Donald Trump yashinje Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky gutangiza intambara igihugu cye kirwanamo n’Uburusiya, nyuma igitero gikomeye cy’Uburusiya cyishe abantu bagera kuri 35 abandi 117 bagakomereka muri Ukraine
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Trump yavuze ko ashinja Zelensky gutangiza intambara nyuma y’igitero gikomeye cyagabwe n’Uburusiya
15 April 2025, by Angeline MUKANGENZI -
IRAGI Antoinnette yasabye guhindura amazina akitwa IRAGI ANTOINETTE BULEHE
13 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUwitwa IRAGI Antoinnette yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa IRAGI ANTOINETTE BULEHE mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina ikaba iri izina riri ku byangombwa. itangazo riri hano ““hasi”” -
Umugabo yafatanywe igikapu yari ahetsemo ibice by’umugore we yamukasemo ibice
23 January 2025, by Joseph IradukundaPolisi ya Kenya yataye muri yombi umugabo wari utwaye umurambo wacagaguwemo ibice awutwaye mu gikapu cye cyo mu mugongo, amakuru avuga ko uwo mugabo yavuze ko ari uw’umugore we w’imyaka 19.
-
Agahenge hagati ya Israel na Hezbollah katangiye kubahirizwa
27 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuGuhagarika imirwano hagati ya Israel n’umutwe w’abarwanyi bo muri Libani wa Hezbollah byatangiye gukurikizwa ku mugaragaro guhera saa kumi za mugitondo (0200 GMT) ku isaha yaho.
-
Biden ashobora kwemera guhagarika ibikorwa byo kwiyamamaza mu minsi ya vuba
20 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKera kabaye, nyuma y’igitutu cyinshi cy’abo mu Ishyaka rye n’inshuti ze za hafi, Perezida Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ashobora kwemera guhagarika ibikorwa byo kwiyamamaza nk’uhagarariye Aba-Démocrates mu Matora y’Umukuru w’Igihugu ategerejwe mu Ugushyingo uyu mwaka.
-
Perezida Kagame yitabiriye isangira ryahembewemo ikigo cyafashije u Rwanda kurwanya kabore
8 September 2018, by Nsanzimana ErnestIkigo cyo muri Nigeria kigamije guteza imbere ubuhinzi, The International Institute of Tropical Agriculture (IITA) cyahawe igihembo cy’umwaka (Africa Food Prize) gihabwa uwahize abandi mu guteza imbere ubuhinzi bugamije kwihaza mu biribwa muri Afurika.
-
Gen Tshiwewe na bagenzi be babiri ntibakiri abasirikare ba RDC
27 October 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yirukanye mu gisirikare abofisiye bakuru batatu bamaze amezi atatu bakurikiranyweho kugambirira kumugirira nabi.
-
RDF yaganiriye n’abashinzwe ibikorwa bya gisirikare muri za Ambasade mu Rwanda
7 August 2025, by ISIMBI EstellaKuri uyu wa Kane, Minisiteri y’Ingabo (RDF) yakiriye Abashinzwe ibikorwa bya gisirikare bo muri ambasade z’ibihugu byabo, ku cyicaro gikuru cy’Ingabo z’u Rwanda (RDF) giherereye ku Kimihurura.
-
Perezida wa Guinea-Conakry yasabye RDC n’u Rwanda guhitamo inzira y’amahoro
30 April 2025, by Angeline MUKANGENZIMu ruzinduko rw’amasaha 48 i Kinshasa, Perezida wa Guinea-Bissau, Oumaro Sissoco, mu uruzinduko yagiriye i Kinshasa uri uyu wa 29 mata 2025 yashishikarije abakuru b’ibihugu bya DRC n’u Rwanda, guhitamo inzira y’amahoro.
-
Perezida Kagame yitabiriye inama ihuza bimwe mu bihugu by’Afurika n’ibihugu 20 bikize ku isi
19 November 2019, by Martin MunezeroKuri uyu wa Mbere taliki ya 18 Ugushyingo 2019, Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yageze i Berlin mu Budage, aho yitabiriye inama y’ishoramari izwi nka Compact with Africa (CwA), ihuza bimwe mu bihugu by’Afurika n’ibihugu 20 bikize ku Isi.
Umuryango.rw
Trump yavuze ko ashinja Zelensky gutangiza intambara nyuma y’igitero gikomeye cyagabwe n’Uburusiya
IRAGI Antoinnette yasabye guhindura amazina akitwa IRAGI ANTOINETTE BULEHE
Umugabo yafatanywe igikapu yari ahetsemo ibice by’umugore we yamukasemo ibice
Agahenge hagati ya Israel na Hezbollah katangiye kubahirizwa
Biden ashobora kwemera guhagarika ibikorwa byo kwiyamamaza mu minsi ya vuba
Gen Tshiwewe na bagenzi be babiri ntibakiri abasirikare ba RDC
RDF yaganiriye n’abashinzwe ibikorwa bya gisirikare muri za Ambasade mu Rwanda
Perezida wa Guinea-Conakry yasabye RDC n’u Rwanda guhitamo inzira y’amahoro