Umuraperi Neg G The General ari mu gahinda ko kubura umwana witabye Imana afite amezi icyenda gusa, aho yazize uburwayi yari amaranye iminsi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Neg G The General yapfushije umwana
24 December 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Trump yasabye Apple gukorera iPhone muri Amerika cyangwa ikishyura umusoro wa 25%
23 May 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye ikigo Apple gukorera telefone za iPhone muri iki gihugu cyangwa se zigashyirirwaho umusoro wa 25%.
-
Kinshasa: Abantu 78 bamaze kwicwa na Cholera
9 July 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ubuzima mu ntara ya Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Patricien Gongo, yatangaje indwara ya Cholera iterwa n’umwanda imaze kwica abantu 78 muri 830 bayanduye.
-
Minisitiri w’Intebe Starmer yikomye abamushinja kunanirwa gukemura ikibazo cy’abimukira
15 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Keir Starmer, yanenze abakoze imyigaragambyo bagaragaza ko babangamiwe n’abimukira binjira muri iki gihugu mu buryo butemewe, abashinja gukoresha ibendera ry’igihugu mu gucamo ibice abaturage kandi ryaragenewe kubahuza.
-
Perezida wa Tanzania agiye gusura u Rwanda ku nshuro ye ya mbere
29 July 2021, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Samia Suluhu,Perezida wa Tanzania,yiteguye kugenderera u Rwanda mu minsi iri imbere nyuma yo gusura ibihugu byose byo muri aka karere ka EAC.
Hashize iminsi mike Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan avuye mu Burundi mu ruzinduko rw’Iminsi ibiri rwafatiwemo imyanzuro itandukanye igamije gushimangira umubano w’ibi bihugu byombi
Amakuru aravuga ko mu cyumweru gitaha, Perezida Samia Suluhu Hassan azanagenderera u Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ibiri.
Biteganyijwe ko (…) -
FARDC yakomeje kurasa mu bice bituwe cyane i Minembwe
30 March, by Angeline MUKANGENZIKuri iki Cyumweru, iitariki 29 Werurwe 2026 hagati ya saa 20h45 na 7h00 za mugitondo kuri uyu wa Mbere, itariki ya 30 Werurwe 2026, ihuriro rya Kinshasa ryateye ibisasu bitarobanura hakoreshejwe drone z’ubwiyahuzi, byibasira nkana uduce dutuwe cyane twa Mikenke na Gakenke mu misozi ya Minembwe.
-
Urukiko rwasubitse gusoma umwanzuro w’ubujurire ku ihagarikwa ry’iperereza kuri Agathe Kanziga
8 April, by ISIMBI EstellaUrukiko rw’Ubujurire rwo mu Bufaransa rwasubitse gahunda yo gusoma umwanzuro w’ubujurire ku ihagarikwa ry’iperereza ku mugore wa Habyarimana Juvénal, Agathe Kanziga, ushinjwa uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
U Rwanda rugiye kwifashisha imiti mishya yunganira Coartem mu kuvura Malaria
6 January 2025, by Joseph IradukundaU Rwanda rwakiriye imiti rugiye kwifashisha mu kunganira Coartem mu kuvura Malaria yongeye gukaza umurindi.
-
U Burusiya ntibushyigikiye ko ibiganiro by’amahoro na Ukraine bibera i Vatican
24 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov, yatangaje ko bitashoboka ko ibiganiro by’amahoro na Ukraine byabera i Vatican, avuga ko bitaba byubashye ibihugu bikurikiza imyemerere y’idini rya Orthodox.
-
Hamuritswe imashini yiswe Intare ifite ikoranabuhanga rihambaye mu kurinda ikwirakwira rya Covid-19 [AMAFOTO]
18 August 2020, by Dusingizimana RemyIkigo cy’Igihugu cy’ubuzima, RBC, ku bufatanye n’ikigo nyarwanda gitanga serivisi z’ikoranabuhanga, SMS Group, bamuritse imashini IREMBO RY’ISUKU iigiye gufasha abanyarwanda kwirinda ikwirakwira rya COVID-19.
Umuryango.rw
Neg G The General yapfushije umwana
Trump yasabye Apple gukorera iPhone muri Amerika cyangwa ikishyura umusoro wa 25%
Kinshasa: Abantu 78 bamaze kwicwa na Cholera
Minisitiri w’Intebe Starmer yikomye abamushinja kunanirwa gukemura ikibazo cy’abimukira
Perezida wa Tanzania agiye gusura u Rwanda ku nshuro ye ya mbere
Urukiko rwasubitse gusoma umwanzuro w’ubujurire ku ihagarikwa ry’iperereza kuri Agathe Kanziga
U Rwanda rugiye kwifashisha imiti mishya yunganira Coartem mu kuvura Malaria
U Burusiya ntibushyigikiye ko ibiganiro by’amahoro na Ukraine bibera i Vatican
Hamuritswe imashini yiswe Intare ifite ikoranabuhanga rihambaye mu kurinda ikwirakwira rya Covid-19 [AMAFOTO]