Kuri uyu wa Mbere tariki 11 Nzeri 2017, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakiriye indahiro z’ abayobozi barimo Abaminisitiri babiri, umunyamabanga wa Leta, umuvunyi mukuru ndetse n’ abadepite babiri basimbuye abari abadepite bahawe indi mirimo.
Abo bayobozi ni Minisitiri w’ imari n’ igenamigambi Amb. Claver Gatete, Minisitiri w’ ikoranabuhanga Jean Philbert Nsengimana, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Umuryango w’Ibihugu bya Afurika (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida Kagame yakiriye indahiro z’ abayobozi bashya batarahiye tariki 31 Kanama
11 September 2017, by Nsanzimana Ernest -
Perezida Kagame aragirira uruzinduko mu gihugu cya Centrafrique
15 October 2019, by Dusingizimana RemyUrugendo rwa Perezida Paul Kagame muri Centrafrique ruteganyijwe uyu munsi ku wa kabiri nk’uko biheruka kwemezwa n’itangazo rya leta y’i Bangui.
-
Nigeria: Umugabo wa nyakwigendera Osinachi Nwachukwu yakatiwe igihano cyo kwicwa
2 May 2025, by ISIMBI EstellaMuri Nigeria, urukiko rwakatiye igihano cyo kwicwa Peter Nwachukwu wari umugabo wa nyakwigendera Osinachi Nwachukwu wari umuhanzi w’icyamamare mu ndirimbo zihimbaza Imana, ariko akaba yarapfuye mu myaka 3 ishize, apfa afite imyaka 42.
-
Uwahoze ari Umudepite mu Bwongereza yasabye ko amasezerano yo kohereza abimukira mu Rwanda yasubukurwa
12 May 2025, by Angeline MUKANGENZITom Tugendhat wabaye mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Bwongereza, yasabye igihugu cye kubyutsa ubufatanye cyari gifitanye n’u Rwanda mu bijyanye n’abimukira.
-
Ubwirakabiri bwagaragaye hirya no hino ku Isi
8 September 2025, by ISIMBI EstellaKu bari i Kigali no mu bice bitandukanye by’igihugu, ahagana saa Moya z’ijoro ryo ku wa 7 Nzeri 2025 babonye ubwirakabiri (eclipse total de la lune) ndetse bwamaze igihe kirekire, ariko bwagaragaye no ku Isi hose muri rusange.
-
Nyanza: Umugabo arakekwaho kwica mukase, amuhora gucudika n’umugore we
7 August 2025, by ISIMBI EstellaUmugabo wo mu Karere ka Nyanza uri mu kigero cy’imyaka 30 yatawe muri yombi, akekwaho kwica mukase amukubise ifuni, bigakekwa ko yamushinjaga kumushukira umugore wahukanye.
-
Minisitiri w’intebe w’Ubufaransa ntiyishimiye uburyo Trump yivanga muri politike yabo
6 April 2025, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Intebe w’u Bufaransa, François Bayrou, yashinje Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, kwivanga mu miyoborere y’iki gihugu kubera uburyo yagiye agaragaza ko atigeze yishimira icyemezo cyafashwe cyo guhana Marine Le Pen uherutse guhamwa n’ibyaha byo kunyereza umutungo.
-
Trump yatunguwe n’Icyongereza cyiza cya Perezida wa Liberia
10 July 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatunguwe no gusanga mugenzi we wa Liberia, Joseph Boakai, avuga Icyongereza cyiza.
-
Afurika y’Epfo mu ihurizo ryo gutakaza inkunga
28 February 2025, by Pacifique NKURUNZIZAKuri uyu wa Kane, itariki 27 Gashyantare 2025, Umuyobozi wa Fondasiyo ya Sida ya Desmond Tutu, Linda-Gail Bekker, yatangarije abanyamakuru ko kugabanya inkunga ya Amerika mu kurwanya agakoko gatera SIDA muri Afurika y’Epfo bishobora guhitana abantu barenga 500.000 mu myaka 10 gusa iri imbere.
-
Itangazo: KTN Rwanda irashaka Company yo gukorana nayo mu gupima no gukata ibibanza
13 March 2020, by UbwanditsiKTN Rwanda, socite isanzwe icunga ikanagurisha imitungo itimukanwa irimo amazu ndetse n’ibibanza iramenyesha abantu bose babyifuza kandi babifitiye ubushobozi ko ishaka company cyangwa umuntu ku giti cye b’inzobere kandi babifitiye uburambe bo gukorana nabo mu gupima no gukata ibibanza KTN Rwanda iba igurisha.
Umuryango.rw
Nigeria: Umugabo wa nyakwigendera Osinachi Nwachukwu yakatiwe igihano cyo kwicwa
Uwahoze ari Umudepite mu Bwongereza yasabye ko amasezerano yo kohereza abimukira mu Rwanda yasubukurwa
Ubwirakabiri bwagaragaye hirya no hino ku Isi
Nyanza: Umugabo arakekwaho kwica mukase, amuhora gucudika n’umugore we
Minisitiri w’intebe w’Ubufaransa ntiyishimiye uburyo Trump yivanga muri politike yabo
Trump yatunguwe n’Icyongereza cyiza cya Perezida wa Liberia
Afurika y’Epfo mu ihurizo ryo gutakaza inkunga
Itangazo: KTN Rwanda irashaka Company yo gukorana nayo mu gupima no gukata ibibanza