Umuyobozi w’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) avuga ko isi itita mu buryo bungana ku bibazo bikomeye byihutirwa byibasira abirabura n’abazungu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umuyobozi wa OSMS yamaganiye kure ivangura riri kugaragara mu Isi
14 April 2022, by Rebecca UFITAMAHORO -
Nyamasheke: Abakekwaho gukomeretsa no kwambura abageni bageze ku 8
15 September 2025, by ISIMBI EstellaAbantu umunani bakekwaho gutegera mu nzira abageni bakabakubita bakanabambura ibyo bari bafite byeose mu ijoro ryo ku wa 10 Nzeri bamaze gutabwa muri yombi nyuma y’uko abandoi batanu bagaragaye mu mpera z’icyumweru gishize.
-
RDC:Tshisekedi Arashaka Guhindura Itegeko Nshinga
3 October 2024, by Joseph IradukundaAmakuru aravuga ko Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Felix Tshisekedi ari gutegura mu ibanga uko Itegeko Nshinga ryahinduka kugira ngo azongere yiyamamaze.
-
Uganda: Perezida Museveni yafashe impapuro zo kuziyamamaza mu matora
28 June 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yafashe impapuro zimwemerera guhagararira ishyaka rye, NRM (National Resistance Movement) mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Mutarama 2026.
-
Abadage bashoye imari mu Rwanda ntibumva impamvu u Budage bwahagaritse gutangira viza za Schengen i Kigali
15 July 2025, by ISIMBI EstellaAbashoramari bo mu Budage bashoye imari mu Rwanda bahangayikishijwe n’ibikorwa byabo bishobora guhungabana bijyanye n’uko abakozi bagorwa iyo bagiye muri iki gihugu cyo mu Burayi.
-
Imirwano ya M23 na FARDC iri kwerekeza mu gice cy’umugi wa Goma
13 January 2025, by Joseph IradukundaImirwano hagati y’umutwe wa M23 n’igisirikare cya Congo , yakomeje ku cyumweru tariki ya 12 Mutarama 2024, yerekeza Goma.
-
Tanzania: Leta ya RDC ikomeje gupfunda imitwe hirya no hino ishaka abayityariza FARDC
6 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu butumwa i Dar es Salam, muri Tanzaniya, kuri uyu wa Gatanu ushize, itariki ya 4 Mata, Minisitiri w’ingabo wa Congo, Guy Kabombo Muadiamvita, yahuye na mugenzi we wo muri Tanzaniya, Stergomena Lawrence Tax.
-
Amerika yatangaje ko yaba igiye kureka kuba umuhuza wa Ukraine n’u Burusiya
18 April 2025, by Angeline MUKANGENZILeta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zishobora kureka kuba umuhuza mu biganiro by’amahoro hagati y’u Burusiya na Ukraine mu gihe umusaruro wakomeza kubura hagati y’impande zihanganye.
-
Inter Miami ya Lionel Messi yasezerewe muri MLS
11 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuInter Miami ikinamo Lionel Messi yasezerewe mu mikino ya kamarampaka ya Shampiyona yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nubwo yari yitwaye neza mu mikino ibanza.
-
Ubushinjacyaha bwasubitse gukurikirana abahoze mu buyobozi bwa ADEPR
4 June 2021, by Dusingizimana RemyUbushinjacyaha bw’u Rwanda bwemeje ko bwahagaritse gukurikirana abahoze mu buyobozi bukuru bwa ADEPR muri komite yari ihagarariwe na Rev. Karuranga Ephrem.
Rev. Karuranga na bagenzi be bane bari batangiye gukurikiranwa mu Bugenzacyaha ku wa 3 Kanama 2020 mbere y’uko dosiye zabo ziregerwa Ubushinjacyaha.
Ubugenzacyaha bwabakurikiranyeho ibyaha birimo icyo kuba mu mitwe y’iterabwoba, gukoresha ibikangisho, kwiha ububasha mu mirimo itari iyawe, gufata icyemezo gishingiye ku itonesha, (…)
Umuryango.rw
Umuyobozi wa OSMS yamaganiye kure ivangura riri kugaragara mu Isi
Nyamasheke: Abakekwaho gukomeretsa no kwambura abageni bageze ku 8
RDC:Tshisekedi Arashaka Guhindura Itegeko Nshinga
Uganda: Perezida Museveni yafashe impapuro zo kuziyamamaza mu matora
Abadage bashoye imari mu Rwanda ntibumva impamvu u Budage bwahagaritse gutangira viza za Schengen i Kigali
Imirwano ya M23 na FARDC iri kwerekeza mu gice cy’umugi wa Goma
Tanzania: Leta ya RDC ikomeje gupfunda imitwe hirya no hino ishaka abayityariza FARDC
Amerika yatangaje ko yaba igiye kureka kuba umuhuza wa Ukraine n’u Burusiya
Inter Miami ya Lionel Messi yasezerewe muri MLS