Umukozi w’Umurenge wa Nkomane, ushinzwe Imibereho myiza y’abaturege, ufite imyaka 60 y’amavuko, yafunzwe n’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), akekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Nyamagabe: Umukozi w’Umurenge wa Nkomane akurikiranyweho kugira uruhare muri Jenoside
23 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Tshisekedi yakiriye intumwa y’umuhuza Perezida Gnassingbé
8 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Gatatu, itariki ya 7 Gicurasi, mu ngoro ye izwi nka Cité de l’Union africaine, Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriye Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’ububanyi no kwishyira hamwe kw’akarere ndetse n’Abanyatogo baba mu mahanga, Robert Dussey.
-
Inkuru ya Mr Eazi waje mu muziki agirango yimare stress z’ishuli.
30 January 2025, by ISIMBI EstellaUyu ni umwe mu bahanzi bafite amazina aremereye mu muziki wa Nigeria ndetse na afurika muri rusange, gusa icyo atandukaniyeho na benshi mu bandi bahanzi nuko we yaje mu muziki ataje kuhashakira amaronko ahubwo ko yagirango umuziki ujye umufasha kuruhuka mu mutwe ndetse aniyibagize imiserero y’ishuli , muriyi nkuru mutwemerere tugaruke kuri mr eazi n’uburyo ubuzima bwe bworoshye bijyana n’izina yiyise rya mr eazi
-
Uko hirya no hino ku Isi hiriwe tariki 3 Gicurasi 2018 [ AMAFOTO]
3 May 2018, by Nsanzimana ErnestUbwanditsi bw’ ikinyamakuru UMURYANGO bubahitiramo amwe mu makuru aba yiriwe avugwa mu Rwanda no mu mahanga bukayabagezaho mu buryo bw’ inshamake.
-
Karongi: Umusore akurikiranyweho gutwika 2500Frw
11 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri sitasiyo ya RIB ya Gashari mu Karere ka Karongi, hafungiye Niyomwungeri Eric w’imyaka 21, akurikiranyweho gutwika amafaranga y’u Rweanda 2 500 n’ibindi birimo amajerikani 2 arimo ubusa, inkweto za mushikiwe no kumena urugi rw’irembo n’amategura 5 yo ku nzu y’iwabo.
-
Umuyobozi wa NATO yise Trump umubyeyi we
25 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamabanga Mukuru w’umuryango w’ubwirinzi wa NATO, Mark Rutte, yatangaje ko Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ari umubyeyi we ukwiye kubahirwa ijambo avuga.
-
Zekensky yashinje Trump kwihera Putin amahirwe yo kubona ibyo yifuza
8 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy yavuze ko Donald Trump wa Leta zunze za Amerika yafashije Vladimir Putin kwikuraho icyasha ku rwego mpuzamahanga aho gufasha mu gushaka icyarangiza intambara nk’uko byari bitaganyijwe.
-
Amavubi U-20 atarahiriwe n’umukino wambere yanganyije na Kenya, amahirwe yo kwitabira CAN aragabanuka
11 October 2024, by Joseph IradukundaAmavubi y’Abatarengeje imyaka 20 yanganyije na Kenya ubusa ku busa mu mukino wayo wa kabiri wa CECAFA U-20 igamije gushaka itike yo kujya mu Gikombe cya Afurika cy’Abato kizaba mu mwaka utaha.
-
U Rwanda rugiye gutangira kohereza Avoka mu Bushinwa
4 November 2025, by ISIMBI EstellaAmbasade y’u Rwanda mu Bushinwa, yatangaje ko igiye gushyira umukono ku masezerano yorohereza abahinzi ba avoka kohereza izi mbuto mu Bushinwa nyuma yo gusanga ibicuruzwa by’u Rwanda bikunzwe muri iki gihugu cyo muri Aziya.
-
Amanota y’abakoze ibizamini bisoza amashuri yisumbuye yerekana ko abahungu aribo batsinze ku manota yo hejuru ugereranyije na bashiki babo
21 February 2019, by Martin MunezeroAmanota y’abakoze ibizamini bisoza amashuri yisumbuye mu mwaka wa 2018 yerekana ko abahungu ari bo batsinze ibizamini ku manota yo hejuru ugereranyije na bashiki babo.
Umuryango.rw
Nyamagabe: Umukozi w’Umurenge wa Nkomane akurikiranyweho kugira uruhare muri Jenoside
Tshisekedi yakiriye intumwa y’umuhuza Perezida Gnassingbé
Inkuru ya Mr Eazi waje mu muziki agirango yimare stress z’ishuli.
Karongi: Umusore akurikiranyweho gutwika 2500Frw
Umuyobozi wa NATO yise Trump umubyeyi we
Zekensky yashinje Trump kwihera Putin amahirwe yo kubona ibyo yifuza
Amavubi U-20 atarahiriwe n’umukino wambere yanganyije na Kenya, amahirwe yo kwitabira CAN aragabanuka
U Rwanda rugiye gutangira kohereza Avoka mu Bushinwa