Umunyapolitiki Moïse Nyarugabo uba mu ihuriro FCC rigizwe n’imitwe ya politiki itavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yamaganye igihano cy’urupfu Urukiko Rukuru rwa gisirikare rwakatiye Joseph Kabila.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
N’abacamanza bari bafite ikimwaro- Nyarugabo yamaganye igihano cyakatiwe Kabila
3 October 2025, by ISIMBI Estella -
"Kuba Uganda n’u Rwanda ari Leta ziyoboye "Gisilikali" biteza ibibazo": Gonza Muganwa
27 April 2021, by UbwanditsiUmunyamakuru Gonzaga Muganwa avuga ko kuba Uganda n’u Rwanda ari Leta ziyoboye mu buryo bwa gisilikali binatuma zitinyana cyane bigatea ibibazo bihoraho. Avuga ko itangazamakuru ryitwaye nabi mu bibazo ibihugu byombi bifitanye! Gusa ngo habayeho ko itangazamakur n’abikorera bashyira igitutu ku ba Perezida bombi ibibazo byakemuka. Kurikira ikiganiro cyose !
-
Hari amakuru yagiye hanze avuga ko Israel Iteganya Gutera Iran Byeruye
20 January 2025, by Joseph IradukundaHari umudipolomate wo muri kimwe mu bihugu by’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi wabwiye Ikinyamakuru Al Arabiya ko Israel yarangije gutegura intambara yeruye kuri Iran.
-
Gen.wa Special Force ya Iran yaburiwe irengero hatungwa agatoki Israel
7 October 2024, by Joseph IradukundaGénéral de Brigade Esmail Quaani wayoboraga umutwe udasanzwe w’Ingabo za Iran (Quds), yaburiwe irengero nyuma yo gusura Umujyi wa Beirut umaze iminsi uraswaho n’Ingabo za Israel.
-
Ibirori byo gufungura ‘Resitora’ y’umuraperi Nipsey Hussle byacubijwe n’amasasu
2 March, by ISHIMWE Jean de DieuIbirori byo gufungura ku mugaragaro resitora (Restaurant) nshya y’umuraperi Nipsey Hussle byumvikanyemo urusaku rw’amasasu, ibintu byatunguye benshi bari bitabiriye uyu muhango wabereye mu mujyi wa Long Beach.
-
Iran yarashe icyicaro cy’inyeshyamba z’Aba-Kurde muri Irak
5 March, by Angeline MUKANGENZIIgisirikare cya Iran cyatangaje ko cyarashe icyicaro gikuru cy’inyeshyamba z’Aba-Abakurde b’Abanya-Iran mu majyaruguru ya Irak, ibigaragara nko gukaza ibitero ku turere tw’Aba-Kurde haba muri Iran cyangwa Irak.
-
U Rwanda rwatanze 1 000 000 $ yo kurwanya iterabwoba muri Sahel
23 March 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida wa Komisiyo y’ Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe Moussa Faki Mahamat yamiye Leta y’ u Rwanda ku bw’ inkunga ya miliyoni y’ amadorali yatanze mu rwego rwo kongerera ubushobozi ingabo zo kurwanya iterabwoba mu gace ka Sahel zizatangira akazi hagati muri uyu mwaka.
Abicishije kuri Twitter, Moussa Faki yanditse yavuze ko iyi nkunga yatanzwe n’u Rwanda nyuma y’inama na Perezida Paul Kagame kuri uyu wa kane. Inkunga ngo iri buhite itangwa nyuma yo kwemerwa.
Ati “Ni ukugaragaza rwose (…) -
Trump yibasiye uruganda ’Jaguar’ rukora imodoka
5 August 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Donald Trump yikomye uruganda rukora imodoka Jaguar Land Rover [JLR] nyuma y’uko rutangaje impinduka zikomeye mu buyobozi bwarwo, rugatangiza ubukangurambaga bushya bwo kwiyamamaza, no guhindura icyerekezo cy’ubucuruzi bwarwo ku isoko ry’imodoka.
-
Umubare w’impunzi z’Abarundi mu Rwanda wariyongereye
21 September 2024, by Joseph IradukundaIshami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe impunzi, UNCHR, ryagaragaje ko impunzi z’Abarundi ziba mu Rwanda ziyongereyeho 635 mu mezi umunani y’umwaka wa 2024.
-
U Bushinwa: Abantu bafite munsi y’ibiro 50 babujijwe kuva mu ngo kubera umuyaga mwinshi
13 April 2025, by Gladiator OGMu majyaruguru y’u Bushinwa, abaturage bapima munsi y’ibilo 50 basabwe kudasohoka mu nzu, kugira ngo badatwarwa n’umuyaga ukomeye wibasiye ibice bitandukanye birimo Beijing, Tianjin na Hebei.
Ibi byabaye nyuma y’uko Ikigo cy’iteganyagihe mu Bushinwa gisohoye itangazo rivuga ko uyu muyaga umaze iminsi ushobora kongera ubukana. Iyi niyo mpamvu abantu bari munsi y’ibilo 50 basabwe kuguma mu ngo zabo kuko bafite ibyago by’uko uyu muyaga wabatwara.
Ni umuyaga wibasiye iki gihugu kuva ku wa 11 (…)
Umuryango.rw
N’abacamanza bari bafite ikimwaro- Nyarugabo yamaganye igihano cyakatiwe Kabila
Hari amakuru yagiye hanze avuga ko Israel Iteganya Gutera Iran Byeruye
Gen.wa Special Force ya Iran yaburiwe irengero hatungwa agatoki Israel
Ibirori byo gufungura ‘Resitora’ y’umuraperi Nipsey Hussle byacubijwe n’amasasu
Iran yarashe icyicaro cy’inyeshyamba z’Aba-Kurde muri Irak
Trump yibasiye uruganda ’Jaguar’ rukora imodoka
Umubare w’impunzi z’Abarundi mu Rwanda wariyongereye
U Bushinwa: Abantu bafite munsi y’ibiro 50 babujijwe kuva mu ngo kubera umuyaga mwinshi