Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyaruguru yeretse itangazamakuru abantu batatu bakekwaho ubujura bw’ibikoresho by’ikoranabuhanga byagiye byibwa mu nzu za bamwe mu baturage bo mu Karere ka Musanze.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Musanze: Polisi yerekanye batatu bibaga ibikoresho by’ikoranabuhanga
23 July 2025, by ISIMBI Estella -
Pakistan: Imirambo y’abantu 25 yakuwe aho biciwe muri gari ya moshi
14 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNibura imirambo 25 y’abantu biciwe muri gari ya moshi n’abagabo bitwaje imbunda muri Pakistani, yakuwe aho biciwe.
-
Minisitiri Marizamunda yanyomoje Tshisekedi bahuriye i Münich
15 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’ingabo z’u Rwanda, Juvenal Marizamunda, yatangaje ko u Rwanda rutigeze rutera Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ndetse ko nta na gahunda yo kubikora rufite, bitandukanye n’ibimaze igihe bitangazwa na Leta ya Congo.
-
Imibiri y’Abaguye Mu Mpanuka y’Ubwato Muri Kongo Yashyinguwe
10 October 2024, by Joseph IradukundaImibiri y’abahitanywe n’impanuka y’ubwato mu kiyaga cya Kivu yashyinguwe kuri uyu kane mu mujyi wa Goma mu burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Kongo. Ni umuhango witabiriwe n’imiryango yabuze ababo n’abanyacyubahiro batandukanye b’intara za Kivu zombi.
-
Vampino na Butera Knowless baririmbanye indirimbo bakoranye mu myaka 13 ishize
12 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuVampino na Butera Knowless baherukanaga mu myaka 13 ishize ubwo bakoranaga indirimbo ‘Byemere’, ku nshuro ya mbere bahuriye ku rubyiniro bafatanya kuyiririmbira abakunzi babo mu ijoro ryo kuri uyu wa 11-12 Ukuboza 2024.
-
Amerika: Indege irimo abagenzi yafashwe n’inkongi y’umuriro
22 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIndege ya Sosiyete yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Delta Air Lines, yafashwe n’inkongi y’umuriro, ariko ku bw’amahirwe ntihagira umugenzi uhasiga ubuzima.
-
M23 yatangaje ko ishobora gufata umujyi wa Bukavu
11 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe witwaje intwaro wa M23 watangaje ko ushobora gufata Umujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu gihe ubugizi bwa nabi buri gukorerwa abawutuye bwakomeza.
-
Ubujurire bwa Tumukunde wari ufite akabyiniro k’abambaye ubusa bwatewe utwatsi
20 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUrukiko rw’Ibanze rwa Gasabo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 20 Ukwakira rwateye utwatsi ubujurire bwa Tumukunde Epiphanie uzwi nka Kabebe wahoze afite akabyiniro k’abambaye ubusa na bagenzi be.
-
Hakim Ziyech yanze kujya muri RDC ku bw’umutekano we
30 January, by Angeline MUKANGENZIHakim Ziyech ukinira Wydad AC yanze kujyana na bagenzi be muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), kuko atizeye umutekano w’aho bazakinira umukino wa CAF Confederation Cup.
-
Pakistan: Imyuzure imaze guhitana abarenga 300
16 August 2025, by ISIMBI EstellaInzego z’ubuyobozi zo muri Pakistan zavuze ko imvura nyinshi yateje imyuzure n’inkangu imaze kwica abantu barenga 300
Umuryango.rw
Musanze: Polisi yerekanye batatu bibaga ibikoresho by’ikoranabuhanga
Pakistan: Imirambo y’abantu 25 yakuwe aho biciwe muri gari ya moshi
Minisitiri Marizamunda yanyomoje Tshisekedi bahuriye i Münich
Imibiri y’Abaguye Mu Mpanuka y’Ubwato Muri Kongo Yashyinguwe
Vampino na Butera Knowless baririmbanye indirimbo bakoranye mu myaka 13 ishize
Amerika: Indege irimo abagenzi yafashwe n’inkongi y’umuriro
M23 yatangaje ko ishobora gufata umujyi wa Bukavu
Ubujurire bwa Tumukunde wari ufite akabyiniro k’abambaye ubusa bwatewe utwatsi
Hakim Ziyech yanze kujya muri RDC ku bw’umutekano we
Pakistan: Imyuzure imaze guhitana abarenga 300