Muri iki gihe abangavu n’ingimbi bahura n’ibishuko bitandukanye biturutse ku makuru y’ibihuha bahabwa n’abababeshya yaba ku mbuga nkoranyambaga n’ahandi,bagamije kubashora mu busambanyi ndetse hari bamwe babyishoramo kubera kumvira abo babashuka.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kuganiriza abangavu n’ingimbi ku buzima bw’imyororokere n’inshingano z’umubyeyi uboneye
21 December 2020, by Dusingizimana Remy -
Uganda: Umuganga yirukanywe azira kuvuga ko azahatana mu matora ya Perezida
17 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuDr. Deo Lukyamuzi Kizito, wari usanzwe ari inzobere mu kubaga mu bitaro bya Case biherereye i Nsambya muri Uganda, yirukanywe azira kuvuga ko aziyamamaza mu matora ya Perezida ateganyijwe muri Mutarama mu 2026.
-
AFC/M23 yatanze umucyo ku ‘mikoranire’ n’u Rwanda yahawe ibisobanuro biyobya
28 January, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhuzabikorwa wa AFC/M23, Corneille Nangaa yavuze ko kuba iri Huriro ryakorana n’u Rwanda bitavuze ko rurifasha, ahubwo ko hari impamvu nyinshi zishobora gutuma bakorana kimwe n’uko rikorana n’Igihugu cya Uganda.
-
Gen Muhoozi uherutse kwita Abadepite ibicucu yanze kubitaba
21 January 2025, by Joseph IradukundaInteko Ishinga Amategeko ya Uganda yahagaritse inama ya Komisiyo ishinzwe Ingabo n’Umutekano nyuma y’uko Gen Muhoozi Kainerugaba, Umugaba Mukuru w’Ingabo yanze kwitaba ku nshuro ya Kabiri ahamagazwa.
-
Amerika yamaganiye kure u Bufaransa bushaka kwemeza Palestine nk’igihugu
25 July 2025, by ISIMBI EstellaUmunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, yavuze ko igihugu cyabo cyamaganye u Bufaransa bushaka kwemera Palestine nk’igihugu.
-
U Burusiya bwagabye igitero cya ’drone’ i Kyiv gihitana bane
6 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuU Burusiya bwagabye igitero cy’indege zitagira abapilote (drones) hirya no hino muri Ukraine mu ijoro ryakeye, gihitana nibura abantu bane gikomeretsa abandi 20 mu Murwa Mukuru i Kyiv, nk’uko abayobozi ba Ukraine babitangaje kuri uyu wa Gatanu
-
Salongo yakatiwe gufungwa imyaka itatu
16 July 2025, by ISIMBI EstellaUrukiko Rwisumbuye rwa Gasabo ruherutse guhamya Rurangirwa Wilson wamenyekanye nka Salongo, icyaha cyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya ahanishwa igifungo cy’imyaka itatu n’ihazabu ya miliyoni 5 Frw.
-
David Moyes yongeye kugirwa Umutoza Mukuru wa Everton
11 January 2025, by Joseph IradukundaDavid Moyes yemejwe nk’Umutoza Mukuru wa Everton nyuma yo kwirukanwa kwa Sean Dyche kubera umusaruro mubi yagaragajen muri shampiyona y’u Bwongereza.
-
“Umuziki wa Uganda ugeze aharindimuka” - Ykee Benda
25 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi w’Umunya-Uganda Ykee Benda, uzwi cyane mu ndirimbo ‘Farmer’ ndetse akaba azwiho no kuba ari nyiri inzu itunganya umuziki ya Mpaka Records, yatangaje ko uruganda rw’umuziki muri Uganda ruri mu bihe bikomeye, avuga ko rwamaze kugwa.
-
Umubyeyi yabyutse agasanga umwana we yapfuye undi arembye
26 November 2024, by Joseph IradukundaMu karere ka Nyanza, aharavugwa urupfu rw’umwana rutunguranye ndetse n’indwara yatumye undi aremba byose bikomeje kubera umuryango wabo amayobere.
Umuryango.rw
Kuganiriza abangavu n’ingimbi ku buzima bw’imyororokere n’inshingano z’umubyeyi uboneye
Uganda: Umuganga yirukanywe azira kuvuga ko azahatana mu matora ya Perezida
AFC/M23 yatanze umucyo ku ‘mikoranire’ n’u Rwanda yahawe ibisobanuro biyobya
Gen Muhoozi uherutse kwita Abadepite ibicucu yanze kubitaba
Amerika yamaganiye kure u Bufaransa bushaka kwemeza Palestine nk’igihugu
U Burusiya bwagabye igitero cya ’drone’ i Kyiv gihitana bane
Salongo yakatiwe gufungwa imyaka itatu
David Moyes yongeye kugirwa Umutoza Mukuru wa Everton
“Umuziki wa Uganda ugeze aharindimuka” - Ykee Benda
Umubyeyi yabyutse agasanga umwana we yapfuye undi arembye