Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro muri Mozambique, zashyikirije Ubuyobozi bw’Akarere ka Mocímboa da Praia, ibikoresho bya siporo bizafasha urubyiruko kwidagadura no gukora siporo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique zatanze ibikoresho bizafasha urubyiruko kwidagadura
25 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Umucamanza wa Loni yakatiwe gufungwa imyaka itandatu
3 May 2025, by Angeline MUKANGENZIUrukiko rwa Oxford mu Bwongereza rwakatiye Umucamanza w’Umuryango w’Abibumbye, Lydia Mugambe, igifungo cy’imyaka itandatu n’amezi ane nyuma yo kumuhamya gukoresha undi ubucakara.
-
Umutwe wa RED Tabara wanyomoje Peresida w’uburundi washinjije u Rwanda kuwufasha
26 March 2025, by Angeline MUKANGENZIUmutwe witwaje intwaro wa RED Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi kuva mu 2015, wanyomoje Perezida Evariste Ndayishimiye washinje u Rwanda kuwufasha kugira ngo utere igihugu cyabo.
-
M23 yerekanye imbunda zikomeye yambuye FARDC inanyomoza ibyavugwaga ko bayiciye abasirikare 27 [AMAFOTO]
2 July 2022, by Dusingizimana RemyUmutwe wa M23 waraye werekanye imbunda zikomeye watse igisirikare cya Congo (FARDC) mu mirwano yabahuje.
Muri iyi mirwano yabaye tariki 30 Kamena mu gace ka Ntamugenga, FARDC yatangaje ko yafashe ibikoresho birimo imbunda eshanu za AK47, radio ndetse n’ingofero z’ubwirinzi.
Major Willy Ngoma uvugira M23 yerekanye intwarozikomeye n’imodoka uyu mutwe wambuye igisirikare cya Leta FARDC , ati " ubu se ko zanditseho marque y’igisirikare cya Kongo bazavuga ko zivuye mu kihe gihugu." (…) -
Umwihariko wa Oreshnik, igisasu gishya cy’u Burusiya kigendera ku muvuduko wa 12 000 km/h
24 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuU Burusiya bwakoze igisasu kidasanzwe, gishobora kurasa mu ntera ndende ariko idakabije, kikagenda ku muvuduko ukubye uw’ijwi nshuro 10, ni ukuvuga ko kigenda ibilometero ibihumbi 12 ku isaha.
-
RDC: Umugore n’umwana we bakize indwara ya Ebola beretswe abanyamakuru I Goma
13 August 2019, by Dusingizimana RemyUmugore witwa Espérance n’umwana we Eben-Ezer utaruzuza imyaka ibiri na nyina bari bamaze iminsi bavurirwa mu kigo cyagenewe kwita ku bafashwe n’abakekwaho iki cyorezo i Goma,beretswe itangazamakuru ko bakize icyorezo cya Ebola ndetse bahita barekurwa barataha.
-
U Rwanda na UNHCR batangiye guha impunzi passiporo zikoze mu ikoranabuhanga
10 October 2018, by Nsanzimana ErnestLeta y’u Rwanda n’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku mpunzi, HCR, batangiye gutanga inzandiko z’inzira zihabwa impunzi byavuzwe ko zikozwe ku buryo bw’ikoranabuhanga bwemewe hose ku isi.
-
John Legend agiye kuzenguruka Isi mu bitaramo byo kwizihiza imyaka 20 amaze asohoye album ya mbere
20 March 2025, by ISIMBI EstellaJohn Legend uherutse i Kigali mu gitaramo cya ’Move Afrika,’ yateguje ibitaramo bizenguruka Amerika n’u Burayi mu rwego rwo kwizihiza imyaka 20 ishize asohoye album ya mbere yise ‘Get lifted’.
-
Trump yashyizeho imisoro ya 30% ku bicuruzwa biva i Burayi no muri Mexique
13 July 2025, by Joseph IradukundaPerezida Donald Trump yatangaje ko igihugu cye cyashyizeho imisoro ya 30% ku bicuruzwa bituruka mu bihugu by’i Burayi na Mexique.
-
Intanga zibikwa imyaka 10 no gutwitira undi: Byinshi ku kororoka hifashishijwe ikoranabuhanga mu Rwanda
13 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIngingo yo kororoka hakoreshejwe ikoranabuhanga imaze iminsi ivugisha benshi bagaragaza ko ari igisubizo ku babuze urubyaro, hakaba n’ababibona ukundi bibaza niba uwatwitiye undi azatanga umwana yabyaye mu buryo bworoshye. Itegeko rigena serivisi z’ubuvuzi riri mu nzira yo gutorwa ritanga umurongo ku byerekeye kororoka hakoreshejwe ikoranabuhanga.
Umuryango.rw
Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique zatanze ibikoresho bizafasha urubyiruko kwidagadura
Umucamanza wa Loni yakatiwe gufungwa imyaka itandatu
Umutwe wa RED Tabara wanyomoje Peresida w’uburundi washinjije u Rwanda kuwufasha
M23 yerekanye imbunda zikomeye yambuye FARDC inanyomoza ibyavugwaga ko bayiciye abasirikare 27 [AMAFOTO]
Umwihariko wa Oreshnik, igisasu gishya cy’u Burusiya kigendera ku muvuduko wa 12 000 km/h
John Legend agiye kuzenguruka Isi mu bitaramo byo kwizihiza imyaka 20 amaze asohoye album ya mbere
Trump yashyizeho imisoro ya 30% ku bicuruzwa biva i Burayi no muri Mexique
Intanga zibikwa imyaka 10 no gutwitira undi: Byinshi ku kororoka hifashishijwe ikoranabuhanga mu Rwanda