Amakuru ava mu karere ka Rubavu, aratangaza ko ku mugorora wo kuri iki Cyumweru tariki ya 26 Mutarama 2025, umusirikare wa FARDC yinjiye ku butaka bw’u Rwanda arasa umuturage aramwica.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Amakuru aravuga ko hari Umusirikare wa RDC winjiye mu Rwanda arasa umuturage
27 January 2025, by Joseph Iradukunda -
Urukiko rwa Loni rwateye utwatsi ikirego cya Sudani kirega UAE jenoside
6 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrukiko Rukuru rw’Umuryango w’Abibumbye ruzwi nk’Urukiko Mpuzamahanga rw’Ubutabera (ICJ) rwanze ikirego cya Sudani ishinja Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) kurenga ku Masezerano abuza Jenoside, aho bivugwa ko yaba yarahaye intwaro ndetse akanatera inkunga ingabo za Rapid Support Forces (RSF) mu ntambara ikomeje kuba muri Sudani.
-
Hagiye gutangazwa impinduka ku musoro ku mutungo utimukanwa waremereye Abanyarwanda benshi
29 January 2021, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Imari n’Igenamigambi Dr Ndagijimana Uzziel, yatangarije RBA ko bitarenze uku kwezi kwa mbere haba hamaze kumenyekana impinduka ku musoro ku mitungo itimukanwa.
-
Chris Brown yatawe muri yombi
16 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’icyamamare mu njyana ya R&B, Chris Brown, yafashwe n’inzego z’umutekano mu Bwongereza ku wa 15 Gicurasi 2025, akekwaho gukubita umu Producer witwa Abe Diaw mu 2023. Uyu muhanzi yatawe muri yombi nyuma y’uko ageze i Manchester mu ndege ye bwite (Private Jet), aho yahise atabwa muri yombi mu gitondo cyo ku wa kane, afatiwe muri hoteli yitwa The Lowry.
-
Nyamasheke: Yatawe muri yombi akekwaho kubaga ingurube yibwe
18 August 2025, by ISIMBI EstellaUmugabo w’imyaka 41 wo Mu murenge wa Busheli mu Karere ka Nyamasheke, yatawe muri yombi nyuma yo gufatanwa inyama z’ingurube yibwe mu Murenge wa Bushekeli ari kuzishakira umukiliya.
-
ADEPR: Bafukuraga Yorudani mu rusengero basangamo umurambo
14 December 2017, by Nsanzimana ErnestItorero pantekote mu Rwanda ADEPR ryemeje amakuru avuga ko mu karere ka Rubavu ubwo bacukuraga mu rusengero imbere ngo bubakemo yorudani basanzemo umurambo.
Uyu murambo wabonetse saa tatu na 20 zo mu gitongo cyo ku wa 12 Ukuboza 2017, mu murenge wa Mudende Akagari ka Rungu Umudugudu wa Bihe. Uyu murambo wabonetse bageze muri metero ebyiri ngo ni uw’ umugabo.
Umuvugizi mukuru wa ADEPR Rev. Karuranga Ephraim yatangarije UMURYANGO ko uwo murambo ari uw’ umuntu wapfuye muri 1994.
Yagize (…) -
Zelensky yigaramye miliyari 200$ Trump avuga ko Amerika yahaye igihugu cye
3 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Volodymyr Zelenskyy yatangaje ko atazi aho Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yakuye iby’uko iki gihugu cyahaye Ukraine inkunga ya miliyari 200$, avuga ko niba byaranabaye atazi irengero ry’ayo mafaranga.
-
Ntazinda wari Meya w’Akarere ka Nyanza yatawe muri yombi
16 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwataye muri yombi Ntazinda Erasme wari Umuyobozi w’Akarere ka Nyanza nyuma y’amasaha make akuwe ku nshingano ze.
-
FDNB irigamba kwica inyeshyamba zirenga 100 zo mu mutwe urwanya Leta y’u Rwanda
10 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIgisirikare cy’u Burundi (FDNB), cyemeje ko giheruka kwica inyeshyamba zirenga 100 zo mu mutwe wa MRCD/FLN urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda.
-
Muhanga: Umugabo akurikiranweho kwica umugore babanaga amunize
22 November 2024, by Joseph IradukundaUbushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Muhanga bukurikiranye umugabo w’imyaka 50 y’amavuko wishe umugore babanaga amunize.
Umuryango.rw
Amakuru aravuga ko hari Umusirikare wa RDC winjiye mu Rwanda arasa umuturage
Urukiko rwa Loni rwateye utwatsi ikirego cya Sudani kirega UAE jenoside
Chris Brown yatawe muri yombi
Nyamasheke: Yatawe muri yombi akekwaho kubaga ingurube yibwe
Zelensky yigaramye miliyari 200$ Trump avuga ko Amerika yahaye igihugu cye
Ntazinda wari Meya w’Akarere ka Nyanza yatawe muri yombi
FDNB irigamba kwica inyeshyamba zirenga 100 zo mu mutwe urwanya Leta y’u Rwanda
Muhanga: Umugabo akurikiranweho kwica umugore babanaga amunize