Ihuriro riharanira iterambere ry’abarimu mu gihugu cya Zimbabwe, PTUZ ryatangaje ko imishahara y’intica ntikize bahembwa iri gutuma abarimu benshi bagera kuri 128 bapfa buri kwezi bazize inzara, guhangayika ndetse na karande y’ubukene.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Zimbabwe: Abarimu basaga 100 bicwa n’ubukene buri kwezi
29 July 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Perezida Ndayishimiye yafunze batatu mu bahoze ari abajyanama be
13 January 2025, by Joseph IradukundaAbantu batatu bahoze ari abajyanama ba Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, barafunzwe nyuma y’aho tariki 9 Mutarama 2025 begujwe, bazira guhemukira Umukuru w’Igihugu.
-
Minisitiri Nduhungirehe yanenze imvugo ya BBC ipfobya Jenoside
14 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yanenze BBC yongeye kumvikana mu mvugo ipfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Ese ubundi umuntu adakoze imibonano mpuzabitsina byamutwara iki?Sobanukirwa
16 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKu bemera ibitabo bitandukanye by’umwihariko iby’iyobokamana, bigaragaza ko ari ngombwa ko umuntu wese ubishaka kandi ubishoboye agira umuryango.Ni ukuga niba ari umugore agashaka umugabo n’umugabo bikagenda gutyo agashaka umugore.
Ku bashakanye rero usanga bifatwa nk’ihame ko bakora igikorwa cy’imibonano mpuzabitsina mu gihe bombi babifitemo ubushake ntawe ubangamiye undi.
Ese iyo mibonano uretse kuyikora kugirango habeho kubyara no kugeza ibyishimo ku ndunduro ubundi idakozwe ingaruka (…) -
U Bwongereza bwavuze ko bwiteguye kohereza ingabo muri Ukraine
18 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Keir Starmer, yatangaje ko yiteguye ndetse afite ubushake bwo kohereza ingabo muri Ukraine mu rwego rwo kubungabunga amahoro n’umutekano muri icyo gihugu.
-
Ingabo za Israel zinjiye byeruye muri Libani kurwanya Hezbollah
1 October 2024, by Joseph IradukundaIgisirikare cya Israel cyatangaje ko cyamaze kohereza ingabo zacyo muri Lebanon, mu bikorwa bya gisirikare bigamije gusenya ibikorwa remezo by’umutwe wa Hezbollah wo muri iki gihugu ndetse no kuvana abarwanyi bawo mu midugudu ituwe n’abasivile.
-
Trump yashinje EU kubangamira ubucuruzi
13 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yanenze Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), awushinja imikorere idahwitse mu bucuruzi, irimo kubangamira icuruzwa ry’imodoka no gutuma imiti ku butaka bwa Amerika ihenda.
-
U Burusiya bwaburiye Israel yifuza kurasa Iran
18 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Wungirije w’u Burusiya, Sergei Ryabkov, yavuze ko Leta ye yaburiye Israel kudahirahira itekereza kurasa ku nganda zitunganya nucléaire za Iran.
-
U Burusiya: Minisitiri yiyahuye nyuma yo kwirukanwa na Perezida Putin
7 July 2025, by Joseph IradukundaRoman Starovoit wari Minisitiri w’Ubwikorezi mu Burusiya yiyahuye nyuma y’amasaha make yirukanywe kuri izi nshingano za Perezida Vladimir Putin.
-
Kinshasa: Umusirikare wishe bagenzi be batatu yakatiwe igihano cy’urupfu
16 May 2025, by Angeline MUKANGENZIUrukiko rw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwakatiye igihano cy’urupfu umusirikare mu ngabo zirinda Umukuru w’Igihugu (GR), Caporal Isaac Bahati Kasongo, warashe bagenzi be batatu bakorera muri Police Militaire.
Umuryango.rw
Zimbabwe: Abarimu basaga 100 bicwa n’ubukene buri kwezi
Perezida Ndayishimiye yafunze batatu mu bahoze ari abajyanama be
Minisitiri Nduhungirehe yanenze imvugo ya BBC ipfobya Jenoside
Ese ubundi umuntu adakoze imibonano mpuzabitsina byamutwara iki?Sobanukirwa
U Bwongereza bwavuze ko bwiteguye kohereza ingabo muri Ukraine
Ingabo za Israel zinjiye byeruye muri Libani kurwanya Hezbollah
Trump yashinje EU kubangamira ubucuruzi
U Burusiya bwaburiye Israel yifuza kurasa Iran
U Burusiya: Minisitiri yiyahuye nyuma yo kwirukanwa na Perezida Putin
Kinshasa: Umusirikare wishe bagenzi be batatu yakatiwe igihano cy’urupfu